Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

Nyirabarame: Abakinnyi bakanyujijeho bahabwe agaciro bafashe barumuna babo
14/05/2023 - 23:59
Twaganiriye na wa mugabo ibiza byatwariye umugore agasigarana uruhinja
13/05/2023 - 20:18
Perezida Kagame yihanganishije abahuye n’ibiza, abizeza ubufasha
13/05/2023 - 20:05
Rubavu: Sebeya yangije byinshi, abayituriye bayita ‘Umuturanyi mubi’
12/05/2023 - 07:48
Hagaragajwe ibikenewe kugira ngo hasanwe ibyangijwe n’ibiza
6/05/2023 - 16:46
Rubavu: Ubuhamya buteye agahinda bw’ababuriye ababo mu biza
5/05/2023 - 13:22
Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Abanyarwanda babaga muri Sudani bageraga i Kigali
2/05/2023 - 15:52
Mukakabera arashimira RIB yamusubije asaga Miliyoni 5Frw yari yibwe
30/04/2023 - 00:16
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.