Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Kiliziya Gatolika y’i Kabuga yasabiye abarenga 400 bashyinguye mu irimbi rya Rusororo
5/11/2023 - 13:03
23rd WTTC Global Summit: President Kagame and Samia Suluhu grace the Opening Ceremony
5/11/2023 - 12:54
Gathof and Classens continue to conquer Rwandan Epic challenging terrain
5/11/2023 - 12:47
My first time in Rwanda: Julia Simpson at WTTC Global Summit
5/11/2023 - 12:30
Why Rwanda was chosen to host first WTTC Global Summit on African Continent
5/11/2023 - 12:14
#RwandanEpic2023 : Team Nzayisenga and Ingabire win prologue in women category
5/11/2023 - 12:07
Messi wegukanye Ballon d’Or ya munani ni muntu ki?
2/11/2023 - 23:48
Twumvikanye guhererekanya imfungwa z’intambara, ariko Habyarimana yishe izacu - Gen (Rtd) Kabarebe
2/11/2023 - 23:43
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.