Ibyo umunyeshuri wifuza guhinduza ikigo yoherejwemo na Leta akwiye kumenya

13/09/2023 - 19:13     

Ibitekerezo ( 14 )

Muraho neza nasabaga ko mumpindurira ikigo GS kabare mukampa ikigo muri trinity de Nyanza bitewe nibibazo byo murugo kutumvikana kwababyeyi nasabaga ko mumpindurira ikgo nkajya kure yabyo kuko bimbuza gutsinda uko byakabaye mbaye mbashimiye murakoze.

Mugisha Sam yanditse ku itariki ya: 26-09-2023

Muraho neza twasabaga ko mwaduhindurira ikigo GS kabare mukaduha umwanya muri trinity de Nyanza bitewe nibibazo byimiryango nashakaga ko umwana wacu ajya kure yabyo kuko bimubuza kwiga neza.Murakoze

Mugisha Sam yanditse ku itariki ya: 26-09-2023

murakoze ngewe ndahinduza ikigo bitewe nuko ngira ikibazo cy’uburwayi

ishimwe honoline yanditse ku itariki ya: 22-09-2023
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.