Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dutemberane mu rugano ahavukiye Radio Muhabura, aho Ingabo za RPA zahinduriye amayeri y’urugamba
29/06/2025 - 15:48
I Kigali hatangijwe inama nyafurika ku ngufu za Nikereyeri, uko byari byifashe
30/06/2025 - 15:55
I Nyanza Ingabo za EAC zirimo kuvura abaturage ku buntu
29/06/2025 - 20:56Iziheruka

Ibyo WDA izibandaho mu cyiciro cya gatatu cya gahunda ya NEP-Kora Wigire
28/12/2017 - 08:04
Video: Byinshi utaruzi kuri Jay Rwanda wabaye Rudasumbwa wa Afurika
27/12/2017 - 14:41
Video: HANANI & GOSSLAND win nyamata triathlon challenge 2017
27/12/2017 - 14:36
Video: Wda Yashyizeho Ishuri Ry’imideri Mu Rwanda
21/12/2017 - 12:38
Video: Imyanzuro 8 Yafatiwe Mu Nama y’Umushyikirano Ya 15
19/12/2017 - 17:59
Video: Twubahe ariko by’umwihariko twubahe abakobwa n’abategarugori - KAGAME
19/12/2017 - 17:55
Video: Ibiyobyabwenge Ni Icyorezo Giteye Ubwoba - KAGAME
19/12/2017 - 17:53
Video: Amavubi nareka gukina ahubwo agahiganwa azatanga ibyishimo - bamporiki
19/12/2017 - 17:44
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.