Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Urwibutso rukomeye Me Laurent Nkongoli yasigaranye kuri Ingabire Marie Immaculée
16/10/2025 - 06:53
Explore Tuganire AI & Mbaza AI: Offline Messaging and Multilingual Learning
9/10/2025 - 21:01
BADEA yasinyanye n’u Rwanda amasezerano y’inguzanyo ya Miliyoni 45 z’Amadolari
8/10/2025 - 22:42Iziheruka

WDA na C&H Garment mu bufatanye bwo kuvugurura umwuga w’ubudozi
1/03/2018 - 09:04
Umwiherero 2018: Abayobozi b’Uturere bariye indimi ku kibazo cy’imirire mibi n’isuku nke!
28/02/2018 - 08:34
VIDEO: Iradukunda Liliane w’imyaka 18 niwe wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2018
25/02/2018 - 07:25
VIDEO: Yabazwe ikibyimba amaranye imyaka 6 ku gahanga
24/02/2018 - 09:47
Perezida Kagame yakiriye ku meza mugenzi we wa Zambia Perezida Edgar Lungu
22/02/2018 - 11:44
Perezida Lungu wa Zambia yunamiye abantu bazize Jenoside yakorewe Abatutsi
21/02/2018 - 21:14
Video: Dore amanywa n’ijoro byo ku Gishushu
19/02/2018 - 12:06
Iyo ataba Mowzey Radio, umuhanzi Pallaso ntiyari kuzamenyekana
14/02/2018 - 11:48
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.