Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Iyumvire icyo Knowless avuga ku kuba yaragabiwe na Perezida Kagame
24/12/2025 - 07:22Iziheruka
VIDEO: Ibiti byere imbuto ziribwa mujye muzifungura mbere yo kwihutira kuzigurisha: Hon. Mukabalisa
30/10/2018 - 07:45
VIDEO: Ntituzatatira Igihango cy’Abanyarwanda, tuzaba ishami rya Ndi Umunyarwanda: Musenyeri Hakizimana
29/10/2018 - 11:01
VIDEO: Ingingo 6 z’Ibyemezo ngiro by’ihuriro rya 11 rya Unity Club Intwararumuri
29/10/2018 - 10:56
VIDEO - Mpanda TVET School: Intambwe mu kongerera ubushobozi abakora umwuga w’ububaji
24/10/2018 - 08:22
VIDEO: Ubuvumbuzi bukorerwa mu mashuri ya TVET bugiye guca ubushomeri mu rubyiruko ’Jerome Gasana’
24/09/2018 - 08:53
VIDEO: Kabutare TVET bakoze ikizamini cyo kubaga igifu cy’ihene nzima ikomeza kubaho nta kibazo
21/09/2018 - 10:10
VIDEO: ’DJ Princess Flor’ Umunyarwandakazi umaze imyaka 9 ari umu DJ w’umwuga
12/09/2018 - 08:30
VIDEO: Perezida Kagame afite impungenge ku mahirwe ibihugu bigize EAC bitabyaza umusaruro
12/09/2018 - 08:24
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.