Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

#CHOGM2022: Baryohewe na Siporo ya nijoro
22/06/2022 - 18:55
First time in Africa, Rwanda delighted to host Women’s Deliver Conference 2023
21/06/2022 - 23:55
Official groundbreaking of Kigali Financial Square, $100 Million Twin Tower
22/06/2022 - 00:12Iziheruka

Iterambere ry’umugore mu Rwanda
7/06/2013 - 16:27
Irushanwa rya PGGSS 3 mu Karere ka Karongi (Part II)
6/06/2013 - 08:57
Igitaramo cy’abahanzi bari muri Guma Guma i Karongi(Part I)
5/06/2013 - 09:19
Uburyo umuhanzi Riderman yashimishije abakunzi ba muzika i Nyanza (Part III)
30/05/2013 - 14:54
Abahanzi bahatanira Guma Guma mu gitaramo i Nyanza (Part II)
30/05/2013 - 11:34
Irushanwa rya Guma Guma mu Karere ka Nyanza (Part I)
29/05/2013 - 09:48
Abahanzi bahatanira Guma Guma mu gitaramo i Nyamagabe (Part II)
24/05/2013 - 09:12
Ishuri rya Africa Digital Media Academy ryahesheje u Rwanda igihembo
23/05/2013 - 09:08
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.