Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dore abaherutse kugaragara biyoberanyije batema umuntu
13/09/2025 - 12:58
The Press Conference on RSSB Performance Highlights 2024/2025
10/09/2025 - 19:20
Airtel mu bukangurambaga bwa "BIME AMATWI" _ Twime amatwi abatekamutwe bakora ubwambuzi bushukana
10/09/2025 - 19:12Iziheruka

Mu Rwanda hatangijwe Inama nyunguranabitekerezo ku mutekano w’igihugu
15/05/2018 - 08:49
Natty Dread yaciye ibintu mu gitaramo cyo Kwibuka Bob Marley
12/05/2018 - 15:12
VIDEO: Ibyo utabonye muri Transform Africa 2018
11/05/2018 - 08:56
VIDEO: Umunya Niger yahigitse 5 yegukana irushanwa rya Ms Geek Africa 2018
10/05/2018 - 08:32
Perezida Kagame atangiza Transform Africa 2018 yashimangiye ko Africa idakennye
8/05/2018 - 19:29
Ijambo Perezida Kagame yageje ku bitabiriye umuhango wo gutangiza Transform Africa 2018
7/05/2018 - 19:03
Perezida Ouattara yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi
26/04/2018 - 22:20
Ruhango: Hatangijwe ibikorwa by’ingabo mu iterambere ry’abaturage
24/04/2018 - 20:05
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.