Umuvugizi wa polisi mu Ntara y’Amajyepfo avuga ko umuyobozi w’ibitaro bya Kabutare afunze kubera amafaranga menshi yabuze mu bitaro ayobora.
Abagore babana n’agakoko gatera SIDA bakuriye abandi mu turere tw’u Rwanda barakangurirwa kwigirira icyizere mu byo bakora bityo batere imbere.
Intumwa Masasu, umuyobozi w’itorero ry’Ivugabutumwa n’Isanamitima (Evangelical Restauration Church), atangaza ko ubuhanuzi budashingiye ku nyigisho za Bibiliya bwica byinshi.
Prof Silas Lwakabamba wabayeho Minisitiri w’Ibikorwa Remezo nyuma akaza kuba Minisitiri w’Uburezi agiye kuyobora Ishuri Rikuru rya INATEK.
Abatuye Umurenge wa Mutenderi Akagari ka Nyagasozi, Akarere ka Ngoma barasaba kwibubwa mu bikorwa Remezo birimo amazi n’umuhanda kuko bakivoma amazi mabi.
Abarimu banenga ababyeyi batita ku myigire y’abana babo bigatuma bata ishuri, bakajya gushaka akazi katabahemba intica ntikize abandi bakajya ku mihanda.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kayonza, Kiwanuka Musonera Ronald, avuga ko kuba Umujyi wa Kayonza ugifite ikibazo cy’amazi bibangamira ishoramari.
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Uwineza Claudine, aratangaza ko uburere n’ubumenyi butangwa na Mwarimu ari byo byubaka iterambere ry’igihugu
Abarimu bo mu karere ka Gicumbi bizihiza umunsi wabo basanze guhembwa make bitababuza kwiteza imbere mu rwego rwo kwigira.
Perezida Kagame yahuye n’umwami w’u Buholandi, uruzinduko rwaje rukurikira ibiganiro yagiranye n’Abanyarwanda bari bitabiriye ibirori byahabereye bya Rwanda day.
Abakozi ba Congo bakoreraga ku mupaka muto uhuza u Rwanda na Congo bashinze imitaka, nyuma y’uko kontineri bakoreragamo zakuweho.
Habarurema Emmanuel, wari ushinzwe umutekano mu mudugudu wa Kibingo, yafatanywe Kanyanga tariki 05/10/2015, aho yayicurizaga.
Imanuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli rishingiye ku imanuka ry’abyo ku rwego mpuzamahanga ryakomeje kugaragara mu mezi ya Kanama na Nzeri 2015.
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa karengera mu karere ka Nyamasheke, bavuga ko baba mu bwigunge butuma batabona abayobozi.
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Murambi mu Karere ka Karongi bwatangije ubukangurambaga bwo gukangurira urubyiruko kwiharika kuko biri mu birurinda kwiyandarika.
Inama Njyanama y’Akarere ka Rulindo kuri uyu wa 3 Ukwakira 2015 yagaragarijwe ibyavuye mu isuzumwa ry’mihigo ya 2014-2015 n’ibigomba kongerwamo ingufu.
Abayobozi b’imidugudu igize akarere ka Ngoma batanze icyifuzo cyo koroherezwa ingendo bahabwa amagari yabafasha kugera ku baturage.
Abaminisitiri bashinzwe impunzi mu bihugu Abanyarwanda bahungiyemo, bemeje ko kubarura impunzi z’Abanyarwanda ziri muri ibyo bihugu byarangirana na Mutarama 2016.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi buratangaza ko mu myaka itanu iri imbere ikibazo cy’imirire mibi kigomba kuba kitacyumvikana muri aka Karere.
Abakoresha umuhanda Muhanga -Ngororero -Rubavu bavuga ko impanuka bahura nazo ziterwa no kuvugira kuri telefoni no kwiruka cyane.
Abakirisitu b’itorero rya ADEPR mu karere ka Kirehe bakoze urugendo rwo kwamagana ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, ikwirakwizwa ry’agakoko ka SIDA n’icuruzwa ry’abana.
Abatuye umujyi wa Nyamata mu Bugesera baravuga ko babangamiwe no kuba amatara yo ku mihanda atacyaka n’iyo umuriro uhari.
Umuyobozi wungirije w’Akarere ka Nyamasheke yatangaje ko buri muturage agomba kubona amazi igihe ayashakiye buri munsi.
Kuri uyu wa 2 Ukwakira 2015 mu Murenge wa Gakenke, Akarere ka Gakenke inkuba yahitanye umwana w’imyaka 17 avuye ku ishuri.
Abakozi b’Akarere ka Gatsibo barebwa n’ubuzima n’abakorerabushake ba ADRA Rwanda, kuri uyu wa 2 Ukwakira 2015 barebeye hamwe ibipimo byafasha kondora abana bagwingiye.
Mu Mudugudu wa Kibaya, Akagari ka Ruyenzi, Umurenge wa Runda haracukurwa umuyoboro w’amazi w’ibirometero 12, abaturage bakaba bishimira ko batazongera kuvoma ibinamba.
Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Mukandasira Cartas, yasabye abaturage ba Nyamasheke, kutaririmba ko bigeze gutwara igikombe cy’imihigo kandi bagiheruka muri 2010.
Umuyobozi w’ibitaro bya Kabutare Dr. Saleh Niyonzima, ari mu maboko ya Polisi, naho ushinzwe ubutegetsi n’imari muri ibi bitaro we yaburiwe irengero.
Abaturiye umuhanda ukorwa mu mirenge ya Muganza na Nyabimata muri Nyaruguru baravuga ko bangirijwe imitungo myinshi kandi barahawe amafaranga make.
Umuyobozi w’Akarere ka Gasabo, Rwamurangwa Steven, avuga ko gukunda igihugu atari ugukunda imisozi ikigize gusa ahubwo ko ari ugukunda Abanyarwanda n’abaturarwanda.