Abatuye muri Gishwati bugarijwe n’inzara nyuma yo kubuzwa guhinga

Yanditswe ku itariki ya: 10-03-2012 - Saa: 09:32'
Ibitekerezo ( 2 )

Abaturage batuye mu kagari ka Yungwe, mu murenge wa Kanama mu karere ka Rubavu, barataka ko inzara igiye kubica kuko babujijwe guhinga kandi batarimurwa, mu gihe abandi bari kwimurwa muri iri shyamba rya Gishwati bagatuzwa ahandi.

Gakenke : Abaturage barahamagarirwa kurwanya imirire mibi

Yanditswe ku itariki ya: 29-01-2012 - Saa: 08:51'
Ibitekerezo ( 1 )

Nyanza: Isuku yo mu ngo no ku mubiri ni bimwe mu bigiye kwitabwaho

Yanditswe ku itariki ya: 7-01-2012 - Saa: 09:56'
Ibitekerezo ( )

Kuri uyu wa Gatanu tariki 06/01/2012, umuyobozi w’akarere ka Nyanza, Murenzi Abdallah mu nama y’isuzuma ry’ibyakozwe mu karere, yasabye abashinzwe imibereho myiza mu mirenge yose igize aka karere kwita ku isuku yo mu ngo no ku mubiri.

Burera: Urubyiruko rwiyemeje gufatanya n’inzego za leta kurwanya ibiyobyabwenge

Yanditswe ku itariki ya: 7-01-2012 - Saa: 08:58'
Ibitekerezo ( )

Urubyiruko rwo mu murenge wa Kagogo, mu karere ka Burera, ruratangaza ko rugiye gufatanya n’inzego za leta zishinzwe umutekano mu rwego rwo gukomeza kurwanya ibiyobyabwenge.

Bugesera: Buri kagari kagomba kugira amasomero ane y’abatazi gusoma no kwandika

Yanditswe ku itariki ya: 1-01-2012 - Saa: 10:30'
Ibitekerezo ( )

Ubuyobozi bw’akarere ka Bugesera buratangaza bwihaye intego y’uko muri buri kagari hagomba kubamo amasomero, byibuze ane mu rwego rwo kugabanya umubare w’abatazi gusoma no kandika biganjemo abakuze.

Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile