MENYA UMWANDITSI

  • Bamwe mu bahanzi bataramira i Rubavu

    Rubavu: Basoje umwaka bataramirwa n’abahanzi batandukanye

    Abatuye mu mujyi wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu basoje umwaka bataramirwa n’abahanzi batandukanye. Barimo Kevin Kade, Bushali, Igisupusupu, Papa Cyangwe, Senderi, Chriss Eazy n’uwitwa Diva.



  • Hari amashuri akirimo ubucucike bigatuma abana batiga neza

    Mu mashuri hakomeje kugaragara ikibazo cy’ubucucike

    Raporo y’umugenzuzi w’imari ya Leta mu mwaka wa 2022, yagaragaje ko amashuri mu Rwanda akibonekamo ubucucike bw’abanyeshuri, ku kigero cy’abana 77 mu ishuri rimwe. Ni ikigero kiri hejuru hagendewe kuri gahunda ya Leta, aho biteganywa ko nibura icyumba kimwe cyabamo abana 46.



  • Bimwe mu bice birimo kubarurwamo amajwi y

    RDC: Bahangayikishijwe n’ibizakurikira itangazwa ry’uwatsinze amatora

    Komisyo y’amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ikomeje kugenda imurika ibyavuye mu matora igendeye ku bice bitandukanye, Félix Antoine Tshisekedi akaba akomeje kugaragaza gutsinda bidasubirwaho.



  • Rubavu: Abagoze 150 bagiye gufashwa kuva mu bucuruzi bwo mu muhanda

    Rubavu: Abagore 150 bagiye gufashwa kuva mu bucuruzi bwo mu muhanda

    Abagore 150 basanzwe bakora akazi ko kuzunguza imbuto mu mujyi wa Gisenyi, bagiye gukurwa mu muhanda bahabwe aho gucururiza, ibintu byitezweho kugabanya akajagari mu bucuruzi mu muei uwo mujyi.



  • Abakoresha imipaka hagati y’u Rwanda na RDC bishimiye ko yongeye gufungurwa

    Imipaka ihuza umujyi wa Goma na Gisenyi yongeye gufungurwa, abatuye umujyi wa Goma bariruhutsa kubera gukenera ibicuruzwa bivuye mu Rwanda byari bimaze iminsi bitambuka.



  • Abepisikopi Gatolika mu Rwanda bashyize umucyo ku biherutse gutangazwa na Papa Francis

    Kiliziya Gatolika yashyize umucyo ku byo Papa yatangaje ku babana bahuje igitsina

    Ubuyobozi bwa Kiliziya Gatolika mu Rwanda bwatanze umucyo ku butumwa buherutse gutangazwa n’ibiro bya Papa bishinzwe Ukwemera Gatolika i Roma binyujijwe mu rwandiko rwitwa Fiducia Supplicans (Ukwizera kwambaza Imana), butangaza ko Kiliziya idashobora guha umugisha umubano w’ababana bahuje igitsina kuko byaba bivuguruza (...)



  • Imirwano yongeye kubura hagati ya M23 na FARDC

    Imirwano yongeye kubura hagati ya M23 na FARDC

    Imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za Congo (FARDC) yongeye kubura nyuma y’amatora y’umukuru w’igihugu n’abahagarariye abaturage mu Nteko Ishinga Amategeko ku rwego rw’igihugu, mu Ntara n’abajyanama muri Komini.



  • Abari bagiye gukorera i Goma basanze umupaka ufunze

    Amatora muri RDC yatumye umupaka ukomeza gufungwa

    Ibikorwa by’amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), byatumye umupaka uhuza u Rwanda n’icyo gihugu ukomeza gufungwa ku munsi ugira kabiri.



  • Beretswe uko ubucuruzi bw

    Rubavu: Basobanuriwe uko ubucuruzi bw’abantu bukorwa

    Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwasobanuriye abatuye Akarere ka Rubavu, uburyo bukoreshwa mu gushuka abantu kugira ngo bajye kubacuruza.



  • Isoko rya Gisenyi rimaze imyaka 12 ryubakwa

    Rubavu: Miliyoni 600 Frw zitezweho kuzuza isoko ryadindiye

    Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu iherutse kwemeza ko Akarere kazatanga Miliyoni 600 z’Amafaranga y’u Rwanda yo kubaka isoko rya Gisenyi mu ntangiriro z’umwaka wa 2024 kugira ngo rishobore kuzura bitarenze ukwezi kwa Gicurasi 2024.



  • Abaturage bahabwaga telefone bamaze kwishyura

    Rubavu: Basabwe amafaranga ngo bahabwe telefone mu gihe bo bari bazi ko ari iz’ubuntu

    Abaturage bo mu Karere ka Rubavu bavuye mu mirenge itandukanye banenze uburyo ubuyobozi bwo mu mirenge bwabatse amafaranga ya Ejo Heza, n’ay’ubwisungane mu kwivuza (mituweli) bizezwa telefone z’ubuntu, nyamara bajya kuzifata bagacibwa ibihumbi 20 Frw.



  • Alain Mukuralinda, Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y

    U Rwanda ntirwiteguye gusubiza ku magambo ya Tshisekedi

    Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yatangaje ko u Rwanda rutiteguye gusubiza ku mugambo ya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Antoine Félix Tshisekedi, ushinja u Rwanda gutera Igihugu cye, agatuka Perezida w’u Rwanda, ndetse akagambirira gushora intambara ku Rwanda.



  • RDC yasabye ko imipaka ifungwa

    Ubuyobozi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DGM) bwasabye urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka muri iki gihugu gufunga imipaka mu gihe kiba kiri mu matora.



  • Croix Rouge yagaragaje ibyo yagejeje ku batujwe mu nkambi ya Kiziba na Nyabiheke

    Ubuyobozi bwa Croix Rouge y’u Rwanda butangaza ko mu myaka itatu bwafashije impunzi ziri mu nkambi ya Kiziba mu Karere ka Karongi na Nyabiheke mu Karere ka Gatsibo kugira imibereho myiza, binyuze mu bikorwa byo kububakira ubwiherero, imodoka y’imbangukiragutabara n’imirima yo guhinga.



  • Bashimye ingabo za EACRF kubera akazi zakoze

    Ingabo za EAC zagaragaje impungenge zo gusiga muri Kivu hari imirwano

    Ubuyobozi bw’ingabo z’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EACRF) bwatangaje ko nubwo Leta ya Congo Kinshasa itashimye ko izi ngabo zikomeza akazi ko kubungabunga amahoro mu bice bitandukanye by’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, bishimira ko mu gihe bari bahamaze bagerageje guhagarara hagati bigatuma imirwano itagira (...)



  • M23 yashinje FARDC kurenga ku gahenge k’amasaha 72

    Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 uhanganye n’ingabo za Leta ya Congo Kinshasa mu Burasirazuba bwa Congo, bwashinje ingabo za Leta kutubahiriza agahenge k’amasaha 72 katanzwe.



  • Muri 2024 koperative Umurenge SACCO zose zizaba zikoresha ikoranabuhanga

    Muri 2024 koperative Umurenge SACCO zose zizaba zikoresha ikoranabuhanga

    Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu, John Rwangombwa, avuga ko SACCO 182 zimaze kugerwaho n’ikoranabuhanga, mu gihe mu mwaka wa 2024, zose 416 zizaba zimaze kugerwaho n’ikoranabuhanga, byorohereze abazikoresha bajyane n’ikoranabuhanga mu kubitsa no kubikuza.



  • Hateguwe imurikagurisha (Expo) rizabera ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu

    Ubuyobozi bw’Urugaga rw’Abikorera mu Ntara y’Iburengerazuba butangaza ko bwateguye imurikagurisha (Expo) izabera ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu muri uku kwezi k’Ukuboza 2023.



  • Abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi basabwe kwitegura ubukwe bafite mu 2024

    Rubavu: Abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi basabwe kwitegura ubukwe bafite mu 2024

    Abagize Umuryango RPF-Inkotanyi mu Karere ka Rubavu, batangiye ibikorwa byo kwitegura ubukwe bafite mu 2024, mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’Abadepite bazahagararira uyu muryango mu Nteko Ishinga Amategeko.



  • Hamenyekanye igihe ingabo za Uganda n’iz’u Burundi zizavira muri Congo

    Ubuyobozi bw’ingabo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), bwatangaje ko ingabo za Sudani y’Epfo na Kenya batangiye gukura Ingabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe u Burundi na Uganda biteganyijwe ko bazaba bamaze gukurayo ingabo zabo mu ntangiriro za Mutarama 2024.



  • Deogratias Nzabonimpa wayoboraga Rubavu mu buryo bw

    Mulindwa Prosper yamurikiwe akazi kamutegereje, asobanura impamvu yiyamamarije i Rubavu

    Deogratias Nzabonimpa wari Umuyobozi w’Agateganyo w’Akarere ka Rubavu yamurikiye umuyobozi mushya w’Akarere ka Rubavu bimwe mu bimutegereje mu nshingano ze. Birimo ibibazo bituruka ku mihindagurikire y’ikirere bigomba kwitabwaho, ibibazo by’abaturage bagizweho ingaruka n’ibiza, hamwe n’abaturage bakeneye gufashwa n’Akarere.



  • Mulindwa Prosper arahirira kuyobora Rubavu

    Abayobozi bashya mu Burengerazuba: Mulindwa Prosper wayoboraga Rutsiro yatorewe kuyobora Rubavu

    Mulindwa Prosper wayoboraga Akarere ka Rutsiro mu buryo bw’agateganyo, ni we watorewe kuyobora Akarere ka Rubavu. Mulindwa ubwo yiyamamarizaga kujya mu Nama Njyanama y’Akarere ka Rubavu, yatangaje ko amaze imyaka 17 mu nzego z’ibanze, kandi ko Akarere ka Rubavu akazi neza kuko ari ko yatangiriye gukoreramo.



  • Akarere ka Rubavu kari mu tugomba kubonerwa Abayobozi

    Uturere umunani turarara tubonye abayobozi bashya

    Uturere tune mu Ntara y’Iburengerazuba hamwe na dutatu mu Ntara y’Amajyaruguru, ndetse n’Akarere ka Rwamagana, turara tubonye abayobozi bashya nyuma y’amatora yo kuzuza Inama Njyanama z’Uturere.



  • Ubuyobozi bwa AIMS bwashyikirije REB inyandiko irimo ibikoresho bahaye ibigo

    Amashuri 200 yahawe ibikoresho bizateza imbere amasomo y’imibare na siyansi

    Ikigo gishinzwe uburezi mu Rwanda (REB) cyamurikiwe ibikoresho byahawe ibigo by’amashuri yisumbuye 200 mu guteza imbere amasomo y’imibare na siyansi. Ni ibikoresho byaguzwe n’Ikigo Nyafurika giteza imbere Imibare na Siyansi (African Institute Mathematical Sciences) AIMS ku bufatanye na Mastercard Foundation mu guteza (...)



  • Abarwanyi ba M23 biravugwa ko bafashe Mushaki, basatira Sake

    Abarwanyi ba M23 ngo baba bafashe agace ka Mushaki, basatira umujyi wa Sake uri mu birometero 15, abandi barwanyi bakomeza icyerekezo kibaganisha mu Burengerazuba bwa Sake.



  • Ikarita igaragaza ibice ingabo za EAC zakoreragamo mu Burasirazuba bwa RDC

    M23 igiye gusubirana ibice byari mu maboko y’Ingabo za EAC

    Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwatangaje ko bugiye gusubirana ibice abarwanyi bawo bari baravuyemo kugira ngo bigenzurwe n’ingabo z’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EACRF) zari mu butumwa bwo guhagarika intambara.



  • FDLR ihombye umwe mu barwanyi bakomeye yagenderagaho

    Colonel Protogène Ruvugayimikore, wari uzwi ku mazina y’amahimbano nka Ruhinda, Gatokarakura na Zolo, yapfuye mu ijoro tariki ya 2 Ukuboza 2023 aguye mu bitaro mu mujyi wa Goma nyuma yo guturikanwa n’igisasu cyari mu cyumba cye.



  • Umumotari biravugwa ko yahiritswe muri uyu mwobo ariko ku bw

    RIB yafashe umuturage wacukuye umwobo ‘wo gutamo abantu’

    Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruratangaza ko rwamaze guta muri yombi Nkurunziza Ismael w’imyaka 37 umaze iminsi ashakishwa akekwaho gucukura umwobo mu rugo rwe ndetse agashaka kuwutamo umumotari mu Murenge wa Bushenge mu Karere ka Nyamasheke.



  • Rubavu: Batanu bafunzwe bazira kwicisha amabuye umukecuru

    Abagabo batanu batuye mu Murenge wa Cyanzarwe, mu Karere ka Rubavu batawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo kwica umukecuru bamuteye amabuye bamushinja kuroga.



  • Denis KADIMA, Perezida wa Komisiyo y

    DRC: Ese Perezida uzatorwa azayobora Rutshuru na Masisi bataratoye?

    Tariki 20 Ukuboza 2023 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hategerejwe amatora y’Umukuru w’Igihugu, amatora y’intumwa z’abaturage ku rwego rw’igihugu, intumwa z’abaturage ku rwego rw’Intara n’abo ku rwego rwa Komini.



Izindi nkuru: