Dore ibimenyetso byakwereka ko wugarijwe n’umuvuduko ukabije w’amaraso

Umuvuduko ukabije w’amaraso (hypertension) ni indwara ifata umuntu bucece ikagera ubwo imuzahaza atabimenye. Mu yandi magambo ni indwara yica bucece kuko nta kimenyetso cyihariye igaragaza.

Hari uburyo busanzwe bukoreshwa kwa muganga bwo kuyisuzuma hifashishijwe imashini zipima umuvuduko w’amaraso.

Ariko hari ibimenyesto byatuma ukeka ko uyifite ukihutira kureba muganga:

1. Kumva umutima utera cyane ukanabyumvira mu gutwi kumwe cyangwa yombi, cyane cyane uryamye cyangwa uri ahantu hacececetse.

2. Kuribwa umutwe biherekejwe no guhorana umunaniro, akenshi ubu bubabare bukunze kubaho mu gihe umuntu akangutse. Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS) ritangaza ko umuntu mukuru umwe muri batatu aterwa umutwe n’umuvuduko ukabije w’amaraso.

3. Kutabona neza: Umuntu yumva ikizungera cyangwa isereri bigendana no kumva atabona neza cyangwa akabona ibikezikezi.

4. Kubira ibyuya: Gututubikana bidafite indi mpamvu bishobora kuba impuruza y’uko umuvuduko w’amaraso wazamutse.

5. Kuva imyuna (Kuva amaraso mu mazuru)

Indwara y’umuvuduko w’anaraso ihangayikishije abatuye isi. OMS itangaza ko abantu miliyari 1.28 bari hagati y’inyaka 30 na 79 barwaye umuvuduko ukabije w’amaraso, kandi ko 2/3 byabo ari ababa mu bihugu bikennye n’ibiciriritse. Ikindi kandi iyi ndwara ni imwe mu za mbere zitera gupfa imburagihe, cyangwa se gukenyuka kw’abatuye isi.

Hypertension ishobora kwirindwa

1. Gukora imyitozo ngororamubiri
2. Kurya ifunguro riboneye ririmo imboga n’imbuto
3. Kugabanya inzoga cyangwa ibisindisha no kwirinda kunywa itabi
4. Kugabanya umunyu
5. Kumenya guhangana na stress

Ibitekerezo   ( 81 )

Murakoze cyane, mukecuru wanjye yari arwaye umutima, umuvuduko wamaraso we wari hejuru cyane, nari narabuze igisubizo kuko nari narivurije ahantu henshi nyuma yigihe naje Guhura numuganga uvurisha Imiti ituruka muri America ariko ubu yarakize neza cyane, ibyo Bimenyesto byose yarabifite ariko ubu ntanakimwe agaragaza, Numuvuduko uri normal, Nakurangira uwo Muganga niba nawe ukeneye Gufashwa hamagara078312203

Karine yanditse ku itariki ya: 9-12-2024  →  Musubize

umuvuduko wamaraso ni indwara ikomeje Kuzahaza abantu benshi, Kandi ikomeza yiyongera rwose,papa wanjye afite imyaka 41 yari afite umuvuduko 173/96 byahoraga bihindagurika, nari narabuze icyo nakora, Rimwe naje Guhura numusore yampaye imiti ndayimuha ayikoresha amezi 2 ubu yarakize neza Ari normal, Kandi ubu hashize umwaka atongeye kugira crise, iyo Niyo Nimero ye 0785686682 dukorera muri mic building kigali city muhageze mwaduhamagara uwaba akeneye ko amufasha yamuvugisha.

Kundubuzima health care yanditse ku itariki ya: 4-12-2024  →  Musubize

Amakurumeza kuriyindwara nukwo murwanda hageze abaganga binzobere kuriyo baturutse mubuhinde no muri Malaysian Aho ubu irikuvurwa igacyira burundu kuriwowe ucyekako yakwatatse cg hari uwo Uzi uyirwaye muhe ayamakuru +250787289124
+250721412570

Pandasi Emmanuel yanditse ku itariki ya: 4-12-2024  →  Musubize

Mwiriweneza?? Nitwa Odasien Nange nari nararwaye umuvuduko wamaraso ukabije ndetse nibipimo byisukari byarazamutse cyane!! Ubwo ndavuga diabetes ariko naje guhura nababandimwe bakorera mumujyi hariya down town
Bambwiye ko bashobora kumvura nkakira sinahita mbyiyumvisha gusa naje kujyayo nsa nuri kugerageza kuko narimeze nabi cyane
Gusa amakuru meza ni uko nyuma yamezi 3 nigice narimaze gukira kd ngereranyije nukuntu narimeze ntanubwo byampenze cyane pe!! Ni ukuri ndi umuhamya wo kubihamya nukuri
Niyompamvu Nifuje kuba nabasangiza Ayo makuru
Umuntu wumva afite bimwe mubibazo nkibyo narimfite azahamagare iyi nimero kuko bavuraneza cyane hamagara0783122103

Kevin yanditse ku itariki ya: 3-12-2024  →  Musubize

Murahoneza ni nyandwi David ikibazo mbabaze Niki Ese umuntu urwaye umuvuduko ashobora gukira?? Mugige kinganagute murakoze

Nyandwi David yanditse ku itariki ya: 30-11-2024  →  Musubize

 ( 38 )

Muraho neza nitwa kamanzi james, mubyukuri umuvuduko wamaraso nindwara MBI CYANE,namaze imyaka 2 nkurwaye, nagerageje kwivuriza kwa Muganga, ariko mbona ntampinduka ndikubona,rimwe na rimwe harigihe umuvuduko wamfataga arinijoro,nkajya kwamuganga igitaraganya, nabonye binyobeye njya kwivuriza kwa Rukangara,nabyo biranga,ubwo narihebye kuko ibipimo byari bigeze 198/120 ,ubwo nyuma naje guhura ninshuti yanjye twari twariganye,mubwira ikibazo arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo bampa imiti nyikoresha amezi 2,ubu ndashima lmana narakize neza pe, nawe ubashaka wabahamagara kuri
0792422844

habimana yanditse ku itariki ya: 2-11-2024  →  Musubize

Muraho neza nitwa kamanzi james, mubyukuri umuvuduko wamaraso nindwara MBI CYANE,namaze imyaka 2 nkurwaye, nagerageje kwivuriza kwa Muganga, ariko mbona ntampinduka ndikubona,rimwe na rimwe harigihe umuvuduko wamfataga arinijoro,nkajya kwamuganga igitaraganya, nabonye binyobeye njya kwivuriza kwa Rukangara,nabyo biranga,ubwo narihebye kuko ibipimo byari bigeze 198/120 ,ubwo nyuma naje guhura ninshuti yanjye twari twariganye,mubwira ikibazo arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo bampa imiti nyikoresha amezi 2,ubu ndashima lmana narakize neza pe, nawe ubashaka wabahamagara kuri 0792940838/0734673660

Kamanzi James yanditse ku itariki ya: 28-10-2024  →  Musubize

Mwiriweneza?? Nitwa Odasien Nange nari nararwaye umuvuduko wamaraso ukabije ndetse nibipimo byisukari byarazamutse cyane!! Ubwo ndavuga diabetes ariko naje guhura nababandimwe bakorera mumujyi hariya down town
Bambwiye ko bashobora kumvura nkakira sinahita mbyiyumvisha gusa naje kujyayo nsa nuri kugerageza kuko narimeze nabi cyane
Gusa amakuru meza ni uko nyuma yamezi 3 nigice narimaze gukira kd ngereranyije nukuntu narimeze ntanubwo byampenze cyane pe!! Ni ukuri ndi umuhamya wo kubihamya nukuri
Niyompamvu Nifuje kuba nabasangiza Ayo makuru
Umuntu wumva afite bimwe mubibazo nkibyo narimfite azahamagare iyi nimero kuko bavuraneza cyane 0735454502

habimana yanditse ku itariki ya: 21-10-2024  →  Musubize

Mwiriweneza?? Nitwa Odasien Nange nari nararwaye umuvuduko wamaraso ukabije ndetse nibipimo byisukari byarazamutse cyane!! Ubwo ndavuga diabetes ariko naje guhura nababandimwe bakorera mumujyi hariya down town
Bambwiye ko bashobora kumvura nkakira sinahita mbyiyumvisha gusa naje kujyayo nsa nuri kugerageza kuko narimeze nabi cyane
Gusa amakuru meza ni uko nyuma yamezi 3 nigice narimaze gukira kd ngereranyije nukuntu narimeze ntanubwo byampenze cyane pe!! Ni ukuri ndi umuhamya wo kubihamya nukuri
Niyompamvu Nifuje kuba nabasangiza Ayo makuru
Umuntu wumva afite bimwe mubibazo nkibyo narimfite azahamagare iyi nimero kuko bavuraneza cyane hamagara 0735454502

habimana yanditse ku itariki ya: 19-10-2024  →  Musubize

Muraho neza, Amahoro y’Imana abane namwe

Nitwa MUKAMUGENGA Vestine, nange narimfite ikibazo narindwaye umuvuduko w’amaraso nari maze imyaka 5 ndwaye ndetse ndavuga ko wari warandenze ku rwego rwuko najyaga nikubita hasi kubera isereri bitewe nawo.
Narimfite ibipimo 158/210 ntabwo byari binyoroheye pueh.
Ariko ndashaka kubabwira Imana nahuye nayo, mfite inshuti yange yandangiye IKIGO CY’ABANYAMERIKA GIKORERA INAHA MU RWANDA ambwira ko ngiyeyo bamfasha nkakira ariko ntabwo nahise mwizera ariko bitewe nuko nakomeje kuremba naje kugenda mbabwira uko ikibazo cyange giteye nigihe nkimaranye hanyuma baramfasha ubungubu maze umwaka 1 wose nta kibazo cyawo nkifite, meze neza.

NAWE RERO NAKUGIRA INAMA YO KUBAGANA BAKAGUFASHA.
NIMERO ZABO NI
+250727776102/+250780450454
wabahamagara cg ukabandikira kuri WHATSAPP.

MURAKOZE!!!

MUKAMUGENGA VESTINE yanditse ku itariki ya: 3-10-2024  →  Musubize

Mwiriweneza?? Nitwa Odasien Nange nari nararwaye umuvuduko wamaraso ukabije ndetse nibipimo byisukari byarazamutse cyane!! Ubwo ndavuga diabetes ariko naje guhura nababandimwe bakorera mumujyi hariya down town
Bambwiye ko bashobora kumvura nkakira sinahita mbyiyumvisha gusa naje kujyayo nsa nuri kugerageza kuko narimeze nabi cyane

Gusa amakuru meza ni uko nyuma yamezi 3 nigice narimaze gukira kd ngereranyije nukuntu narimeze ntanubwo byampenze cyane pe!! Ni ukuri ndi umuhamya wo kubihamya nukuri

Niyompamvu Nifuje kuba nabasangiza Ayo makuru
Umuntu wumva afite bimwe mubibazo nkibyo narimfite azahamagare iyi nimero kuko bavuraneza cyane

Nimero ZABO ni. 0738299235 cg 0790048658
Wanabandikira kuri WhatsApp

Murakoze

Uwimana Odasien yanditse ku itariki ya: 12-08-2024  →  Musubize

MURAHO NEZA NISHIMIYE CYANE AYA MAKURU AVUGA KU NDWARA Y’UMUVUDUKO W’AMARASO!!!

Hanyuma ndashaka kugira icyo mbwira umuntu wese urwaye cg Uzi umuntu urwaye iyi ndwara (umuvuduko w’amaraso)
Nange mfite mukuru wange warurwaye umuvuduko w’amaraso awumaranye imyaka 7, Yarafite ibipimo (180/110-197/120) ariko yaje guhura n’inshuti ye I Muhanga, imuhuza n’umuganga wamufashije ubungubu amaze imyaka 2 ari Mutaraga nta Muvuduko w’amaraso afite pueh.

Iyo ni nimero y’uwo muganga
+250727776102

Uwamukenera yamuvugisha AKAMUFASHA.

Genius yanditse ku itariki ya: 22-05-2024  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka