Dore ibimenyetso byakwereka ko wugarijwe n’umuvuduko ukabije w’amaraso

Umuvuduko ukabije w’amaraso (hypertension) ni indwara ifata umuntu bucece ikagera ubwo imuzahaza atabimenye. Mu yandi magambo ni indwara yica bucece kuko nta kimenyetso cyihariye igaragaza.

Hari uburyo busanzwe bukoreshwa kwa muganga bwo kuyisuzuma hifashishijwe imashini zipima umuvuduko w’amaraso.

Ariko hari ibimenyesto byatuma ukeka ko uyifite ukihutira kureba muganga:

1. Kumva umutima utera cyane ukanabyumvira mu gutwi kumwe cyangwa yombi, cyane cyane uryamye cyangwa uri ahantu hacececetse.

2. Kuribwa umutwe biherekejwe no guhorana umunaniro, akenshi ubu bubabare bukunze kubaho mu gihe umuntu akangutse. Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS) ritangaza ko umuntu mukuru umwe muri batatu aterwa umutwe n’umuvuduko ukabije w’amaraso.

3. Kutabona neza: Umuntu yumva ikizungera cyangwa isereri bigendana no kumva atabona neza cyangwa akabona ibikezikezi.

4. Kubira ibyuya: Gututubikana bidafite indi mpamvu bishobora kuba impuruza y’uko umuvuduko w’amaraso wazamutse.

5. Kuva imyuna (Kuva amaraso mu mazuru)

Indwara y’umuvuduko w’anaraso ihangayikishije abatuye isi. OMS itangaza ko abantu miliyari 1.28 bari hagati y’inyaka 30 na 79 barwaye umuvuduko ukabije w’amaraso, kandi ko 2/3 byabo ari ababa mu bihugu bikennye n’ibiciriritse. Ikindi kandi iyi ndwara ni imwe mu za mbere zitera gupfa imburagihe, cyangwa se gukenyuka kw’abatuye isi.

Hypertension ishobora kwirindwa

1. Gukora imyitozo ngororamubiri
2. Kurya ifunguro riboneye ririmo imboga n’imbuto
3. Kugabanya inzoga cyangwa ibisindisha no kwirinda kunywa itabi
4. Kugabanya umunyu
5. Kumenya guhangana na stress

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 71 )

Muraho neza nitwa kamanzi james, mubyukuri umuvuduko wamaraso nindwara MBI CYANE,namaze imyaka 2 nkurwaye, nagerageje kwivuriza kwa Muganga, ariko mbona ntampinduka ndikubona,rimwe na rimwe harigihe umuvuduko wamfataga arinijoro,nkajya kwamuganga igitaraganya, nabonye binyobeye njya kwivuriza kwa Rukangara,nabyo biranga,ubwo narihebye kuko ibipimo byari bigeze 198/120 ,ubwo nyuma naje guhura ninshuti yanjye twari twariganye,mubwira ikibazo arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo bampa imiti nyikoresha amezi 2,ubu ndashima lmana narakize neza pe, nawe ubashaka wabahamagar 0783122103

Gathered eric yanditse ku itariki ya: 29-04-2025  →  Musubize

umuvuduko wamaraso ni indwara ikomeje Kuzahaza abantu benshi, Kandi ikomeza yiyongera rwose,papa wanjye afite imyaka 41 yari afite umuvuduko 173/96 byahoraga bihindagurika, nari narabuze icyo nakora, Rimwe naje Guhura numusore yampaye imiti ndayimuha ayikoresha amezi 2 ubu yarakize neza Ari normal, Kandi ubu hashize umwaka atongeye kugira crise, iyo Niyo Nimero ye 0783122103 dukorera muri mic building kigali city muhageze mwaduhamagara uwaba akeneye ko amufasha yamuvugisha 0783122103

Maestro yanditse ku itariki ya: 23-04-2025  →  Musubize

Murahoneza amazina yanjye ni jean Pierre mubyukuri iyi ndwara y’umuvuduko wamaraso nindwara MBI CYANE,namaze imyaka 2 nkurwaye, nagerageje kwivuriza kwa Muganga, ariko mbona ntampinduka ndikubona,rimwe na rimwe harigihe umuvuduko wamfataga arinijoro,nkajya kwamuganga igitaraganya, nabonye binyobeye njya kwivuriza kwa Rukangara,nabyo biranga,ubwo narihebye kuko ibipimo byari bigeze 198/120 ,ubwo nyuma naje guhura ninshuti yanjye twari twariganye,mubwira ikibazo arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo bampa imiti nyikoresha amezi 2,ubu ndashima lmana narakize neza pe, nawe ubashaka wabahamagara kuri 0792940838/0734673660

Njyengwanayo jean pierr yanditse ku itariki ya: 22-04-2025  →  Musubize

Mwiriwe neza ndumwe mubamama bahuye niki kibazo cyumuvuduko wamaraso mubyukuri nagerageje kujya kwmuganga bakampa imiti ariko ntihagire igihinduka umunsi nahuye ninshuti yange nyibwira ikibazo cyange indangira ikigo cyabanyamerika gikorera mumugi kigali baramfashaa ubu narakize rwose nwe ubashaka wabahamagara kuri 0783122103 bagufashe

Dusengimana veledianne yanditse ku itariki ya: 18-04-2025  →  Musubize

*Ubuhamya kumuvuduko wamaraso*
Muraho neza nitwa Uwimana judith nanjye narwaye umuvuduko wamaraso maze amezi 2 nyize,naringeze kubipimo bya 98/146 nagerageje kwivuriza kwa muganga igihe kirekire ariko biranga nivurije nahandi hantu henshi hatandukanye, naringeze kurwego rwo kutajya umunyu,ibinyamavuta, mubyukuri byari bugeze kurundi rwego , umutima warateraga cyane ikindi nagiraga isereri idashira, nyuma nariyakiye naje guhura numwe mubagabo twiganye mutekerereza ikibazo cyanjye arumirwa, andangira kujya kwivuriza kukigo cyabanyamerika gikorera mu mugi wa kigali nagiyeyo ntakizere bampa imiti nyikoresha amazi 2 gusa, ubu narakize ndi normal ndashima Imana, nawe ubashaka wabahamagara kuri +250732509289/+250783700426

Uwimana judith yanditse ku itariki ya: 16-04-2025  →  Musubize

#Nyamuneka #nyamuneka niba ufite kimwe muri ibi #bibazo
#asthama
#umuvuduko_wamaraso
#uruhara_rwimburagihe
#igifu_cyakuzengereje
#umubyibuho_ukabije
#kurangiza_vuba
#igitsina_gito
Nyamuneka ihutire kwivuza kuko zimwe muri zo ziranica izindi zigatuma ingo zisenyuka, izindi zigatuma umuntu abaho yihebye

#ikigo_rukumbi_gikorana_ninganda_ZIBURAYI_na_ AMERICA
Niho honyine bagufasha gutandukana nizi ndwara burundu ntuzongere kuzirwara ukundi
#Ukeneye_ko_tugufasha_watwandikira_cyangwa_ukaduhamagara kuri
0796204581
0796117945

Landouard yanditse ku itariki ya: 12-04-2025  →  Musubize

Sha ibya Diabetes bYo byabonewe Umuti w’umwimerere Hari ABAGANGA bari mu Rwanda bafite uburyo bushya mukuvura #DIABETE, #HYPERTENSION✍️, #STROKE, ✍️HEPATITIS, #IMPYIKO, #SINESITE,ASTHMA,Cancer, Igifu,AMIBE, PROSTATE,UBUGUMBA,#UBUREMBA, IBIBYIMBA MURI NYABABYEYI, #HEMORRHOIDS,👍 bigakira Burundu wababona kuriyi Number+250784721024
KUko Hari abantu nZi bafashije Benshi KUZIKIRA Burundu. HARIMO NABABYEYI BANJYE BOMBI. Hari nabaturanyi bacu bafashije Benshi mbese ubu mugace ko murugo turashima UWITEKA wadufashije.

Olivier yanditse ku itariki ya: 10-04-2025  →  Musubize

Murakoze mukecuru wange yari afite izindwara umutima diabbette umuvuduko wamaraso wari hejuru nari narabuze aho namuvuriza ibimenyetso byose bavuze yari abifite kubwa mahirwe nahuye numunga uvurisha imiti yo muri amerika aramfasha ubu yarakize numuvuduko we ni normal nawe ubakeneye wabahamagara muganga kuri 0783122103

uwimana claire yanditse ku itariki ya: 23-02-2025  →  Musubize

umuvuduko wamaraso ni indwara ikomeje Kuzahaza abantu benshi, Kandi ikomeza yiyongera rwose,papa wanjye afite imyaka 41 yari afite umuvuduko 173/96 byahoraga bihindagurika, nari narabuze icyo nakora, Rimwe naje Guhura numusore yampaye imiti ndayimuha ayikoresha amezi 2 ubu yarakize neza Ari normal, Kandi ubu hashize umwaka atongeye kugira crise, iyo Niyo Nimero ye 0792940838 dukorera muri mic building kigali city muhageze mwaduhamagara uwaba akeneye ko amufasha yamuvugisha0792940838/0734673660

Karerangabi jean damour yanditse ku itariki ya: 10-02-2025  →  Musubize

Mwiriwe neza ndumwe mubamama bahuye niki kibazo cyumuvuduko wamaraso mubyukuri nagerageje kujya kwmuganga bakampa imiti ariko ntihagire igihinduka umunsi nahuye ninshuti yange nyibwira ikibazo cyange indangira ikigo cyabanyamerika gikorera mumugi kigali baramfashaa ubu narakize rwose nwe ubashaka wabahamagara kuri 0783122103 bagufashe

Kevin yanditse ku itariki ya: 9-02-2025  →  Musubize

umuvuduko wamaraso ni indwara ikomeje Kuzahaza abantu benshi, Kandi ikomeza yiyongera rwose,papa wanjye afite imyaka 41 yari afite umuvuduko 173/96 byahoraga bihindagurika, nari narabuze icyo nakora, Rimwe naje Guhura numusore yampaye imiti ndayimuha ayikoresha amezi 2 ubu yarakize neza Ari normal, Kandi ubu hashize umwaka atongeye kugira crise, iyo Niyo Nimero ye 0726158240 dukorera muri mic building kigali city muhageze mwaduhamagara uwaba akeneye ko amufasha yamuvugisha 0783122103

uwimana claire yanditse ku itariki ya: 8-02-2025  →  Musubize

Murakoze mukecuru wange yari afite izindwara umutima diabbette umuvuduko wamaraso wari hejuru nari narabuze aho namuvuriza ibimenyetso byose bavuze yari abifite kubwa mahirwe nahuye numunga uvurisha imiti yo muri amerika aramfasha ubu yarakize numuvuduko we ni normal nawe ubakeneye wabahamagara muganga kuri 0792940838/0734673660

habimana Jean cloude yanditse ku itariki ya: 7-02-2025  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka