Dore ibimenyetso byakwereka ko wugarijwe n’umuvuduko ukabije w’amaraso

Umuvuduko ukabije w’amaraso (hypertension) ni indwara ifata umuntu bucece ikagera ubwo imuzahaza atabimenye. Mu yandi magambo ni indwara yica bucece kuko nta kimenyetso cyihariye igaragaza.

Hari uburyo busanzwe bukoreshwa kwa muganga bwo kuyisuzuma hifashishijwe imashini zipima umuvuduko w’amaraso.

Ariko hari ibimenyesto byatuma ukeka ko uyifite ukihutira kureba muganga:

1. Kumva umutima utera cyane ukanabyumvira mu gutwi kumwe cyangwa yombi, cyane cyane uryamye cyangwa uri ahantu hacececetse.

2. Kuribwa umutwe biherekejwe no guhorana umunaniro, akenshi ubu bubabare bukunze kubaho mu gihe umuntu akangutse. Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS) ritangaza ko umuntu mukuru umwe muri batatu aterwa umutwe n’umuvuduko ukabije w’amaraso.

3. Kutabona neza: Umuntu yumva ikizungera cyangwa isereri bigendana no kumva atabona neza cyangwa akabona ibikezikezi.

4. Kubira ibyuya: Gututubikana bidafite indi mpamvu bishobora kuba impuruza y’uko umuvuduko w’amaraso wazamutse.

5. Kuva imyuna (Kuva amaraso mu mazuru)

Indwara y’umuvuduko w’anaraso ihangayikishije abatuye isi. OMS itangaza ko abantu miliyari 1.28 bari hagati y’inyaka 30 na 79 barwaye umuvuduko ukabije w’amaraso, kandi ko 2/3 byabo ari ababa mu bihugu bikennye n’ibiciriritse. Ikindi kandi iyi ndwara ni imwe mu za mbere zitera gupfa imburagihe, cyangwa se gukenyuka kw’abatuye isi.

Hypertension ishobora kwirindwa

1. Gukora imyitozo ngororamubiri
2. Kurya ifunguro riboneye ririmo imboga n’imbuto
3. Kugabanya inzoga cyangwa ibisindisha no kwirinda kunywa itabi
4. Kugabanya umunyu
5. Kumenya guhangana na stress

Ibitekerezo   ( 81 )

Mwiriweneza?? Nitwa Odasien Nange nari nararwaye umuvuduko wamaraso ukabije ndetse nibipimo byisukari byarazamutse cyane!! Ubwo ndavuga diabetes ariko naje guhura nababandimwe bakorera mumujyi hariya down town
Bambwiye ko bashobora kumvura nkakira sinahita mbyiyumvisha gusa naje kujyayo nsa nuri kugerageza kuko narimeze nabi cyane
Gusa amakuru meza ni uko nyuma yamezi 3 nigice narimaze gukira kd ngereranyije nukuntu narimeze ntanubwo byampenze cyane pe!! ndi umuhamya wo kubihamya
Niyompamvu Nifuje kuba nabasangiza Ayo makuru
Umuntu wumva afite bimwe mubibazo nkibyo narimfite azahamagare iyi nimero kuko bavuraneza cyane hamagara 0783122103

Odasien yanditse ku itariki ya: 16-07-2025  →  Musubize

Mwiriwe neza ndumwe mubamama bahuye niki kibazo cyumuvuduko wamaraso mubyukuri nagerageje kujya kwmuganga bakampa imiti ariko ntihagire igihinduka umunsi nahuye ninshuti yange nyibwira ikibazo cyange indangira ikigo cyabanyamerika gikorera mumugi kigali baramfashaa ubu narakize rwose nwe ubashaka wabahamagara kuri 0792940838.0792940838,bagufashe

Ndikumana jelime yanditse ku itariki ya: 13-07-2025  →  Musubize

Murahoneza amazina yanjye ni jean Pierre mubyukuri iyi ndwara y’umuvuduko wamaraso nindwara MBI CYANE,namaze imyaka 2 nkurwaye, nagerageje kwivuriza kwa Muganga, ariko mbona ntampinduka ndikubona,rimwe na rimwe harigihe umuvuduko wamfataga arinijoro,nkajya kwamuganga igitaraganya, nabonye binyobeye njya kwivuriza kwa Rukangara,nabyo biranga,ubwo narihebye kuko ibipimo byari bigeze 198/120 ,ubwo nyuma naje guhura ninshuti yanjye twari twariganye,mubwira ikibazo arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo bampa imiti nyikoresha amezi 2,ubu ndashima lmana narakize neza pe, nawe ubashaka wabahamagara kuri. +250783122103. 0783122103

NDIKUMANAJ yanditse ku itariki ya: 22-06-2025  →  Musubize

Nari Ndwaye Umuvuduko W’amaraso Uri Hejuru Cyane, Nagira ibimenyetso birimo isereri, Umutwe Idakira, Nakoresheje Ibinini byo kwa Muganga igihe kingana N’imyaka 2, Gusa nkabona Ntampinduka, Nyuma nibwo baje Kundangira Ama inyunganiramirire Nazifashe amezi 3 ariko narakize neza. Imiti kwa Muganga bayinkuyeho. Ubaye wifuza Ko nawe bagufasha Wabandikira cg ukabahamagara Kuriyo Contact: 0728847798

Alphonse yanditse ku itariki ya: 12-06-2025  →  Musubize

*Ubuhamya bwanjye uko nivuje umuvuduko wamaraso*
Muraho neza nitwa Uwimana judith nanjye narwaye umuvuduko wamaraso maze amezi 2 nyize,naringeze kubipimo bya 98/146 nagerageje kwivuriza kwa muganga igihe kirekire ariko biranga nkahora kuma regime adashira, nivurije nahandi hantu henshi hatandukanye kuko umuvuduko wamaraso waranzengerezaga cyane, naringeze kurwego rwo kutajya umunyu,ibinyamavuta, mubyukuri byari bigeze kurundi rwego , umutima warateraga cyane ikindi nagiraga isereri idashira,rero nyuma nariyakiye Imana yamugiriye Ubuntu, nza guhura numwe mubadamu twakoranye mutekerereza ikibazo cyanjye arumirwa, andangira kujya kwivuriza kukigo cyabanyamerika gikorera mu mugi wa kigali nagiyeyo ntakizere bampa imiti nyikoresha amazi 2 gusa, ubu narakize ndi normal ndashima Imana, nawe ubashaka wabahamagara kuri +250783700426

Uwimana judith yanditse ku itariki ya: 2-06-2025  →  Musubize

Murahoneza amazina yanjye ni jean Pierre mubyukuri iyi ndwara y’umuvuduko wamaraso nindwara MBI CYANE,namaze imyaka 2 nkurwaye, nagerageje kwivuriza kwa Muganga, ariko mbona ntampinduka ndikubona,rimwe na rimwe harigihe umuvuduko wamfataga arinijoro,nkajya kwamuganga igitaraganya, nabonye binyobeye njya kwivuriza kwa Rukangara,nabyo biranga,ubwo narihebye kuko ibipimo byari bigeze 198/120 ,ubwo nyuma naje guhura ninshuti yanjye twari twariganye,mubwira ikibazo arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo bampa imiti nyikoresha amezi 2,ubu ndashima lmana narakize neza pe, nawe ubashaka wabahamagara kuri. +250783122103. 0783122103

kamana james yanditse ku itariki ya: 25-05-2025  →  Musubize

Abo baganga bakorera hehe ko nanjye mfite icyo kibazo ? none se ntago baguha imiti uhoraho kuko nanjye ngira 145/90

BEATA yanditse ku itariki ya: 28-05-2025  →  Musubize

Mwaduha impamvu zitera umuvuduko nibiribwa biwugabanya nikihe gipimo kigera kuburyo kwiwirinda dukoresheje ibimera nibiribwa

Alia yanditse ku itariki ya: 23-05-2025  →  Musubize

Murahoneza amazina yanjye ni jean Pierre mubyukuri iyi ndwara y’umuvuduko wamaraso nindwara MBI CYANE,namaze imyaka 2 nkurwaye, nagerageje kwivuriza kwa Muganga, ariko mbona ntampinduka ndikubona,rimwe na rimwe harigihe umuvuduko wamfataga arinijoro,nkajya kwamuganga igitaraganya, nabonye binyobeye njya kwivuriza kwa Rukangara,nabyo biranga,ubwo narihebye kuko ibipimo byari bigeze 198/120 ,ubwo nyuma naje guhura ninshuti yanjye twari twariganye,mubwira ikibazo arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo bampa imiti nyikoresha amezi 2,ubu ndashima lmana narakize neza pe, nawe ubashaka wabahamagara kuri 078322103

Tuyizere emmy yanditse ku itariki ya: 23-05-2025  →  Musubize

*Ubuhamya kumuvuduko wamaraso*
Muraho neza nitwa Uwimana judith nanjye narwaye umuvuduko wamaraso maze amezi 2 nyize,naringeze kubipimo bya 98/146 nagerageje kwivuriza kwa muganga igihe kirekire ariko biranga nkahora kuma regime adashira, nivurije nahandi hantu henshi hatandukanye kuko umuvuduko wamaraso waranzengerezaga cyane, naringeze kurwego rwo kutajya umunyu,ibinyamavuta, mubyukuri byari bigeze kurundi rwego , umutima warateraga cyane ikindi nagiraga isereri idashira,rero nyuma nariyakiye Imana yamugiriye Ubuntu, nza guhura numwe mubadamu twakoranye mutekerereza ikibazo cyanjye arumirwa, andangira kujya kwivuriza kukigo cyabanyamerika gikorera mu mugi wa kigali nagiyeyo ntakizere bampa imiti nyikoresha amazi 2 gusa, ubu narakize ndi normal ndashima Imana, nawe ubashaka wabahamagara kuri +250783700426

Uwimana Judith yanditse ku itariki ya: 20-05-2025  →  Musubize

Muraho neza nitwa kamanzi james, mubyukuri umuvuduko wamaraso nindwara MBI CYANE,namaze imyaka 2 nkurwaye, nagerageje kwivuriza kwa Muganga, ariko mbona ntampinduka ndikubona,rimwe na rimwe harigihe umuvuduko wamfataga arinijoro,nkajya kwamuganga igitaraganya, nabonye binyobeye njya kwivuriza kwa Rukangara,nabyo biranga,ubwo narihebye kuko ibipimo byari bigeze 198/120 ,ubwo nyuma naje guhura ninshuti yanjye twari twariganye,mubwira ikibazo arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo bampa imiti nyikoresha amezi 2,ubu ndashima lmana narakize neza pe, nawe ubashaka wabahamagar 0783122103

Gathered eric yanditse ku itariki ya: 29-04-2025  →  Musubize

umuvuduko wamaraso ni indwara ikomeje Kuzahaza abantu benshi, Kandi ikomeza yiyongera rwose,papa wanjye afite imyaka 41 yari afite umuvuduko 173/96 byahoraga bihindagurika, nari narabuze icyo nakora, Rimwe naje Guhura numusore yampaye imiti ndayimuha ayikoresha amezi 2 ubu yarakize neza Ari normal, Kandi ubu hashize umwaka atongeye kugira crise, iyo Niyo Nimero ye 0783122103 dukorera muri mic building kigali city muhageze mwaduhamagara uwaba akeneye ko amufasha yamuvugisha 0783122103

Maestro yanditse ku itariki ya: 23-04-2025  →  Musubize

Murahoneza amazina yanjye ni jean Pierre mubyukuri iyi ndwara y’umuvuduko wamaraso nindwara MBI CYANE,namaze imyaka 2 nkurwaye, nagerageje kwivuriza kwa Muganga, ariko mbona ntampinduka ndikubona,rimwe na rimwe harigihe umuvuduko wamfataga arinijoro,nkajya kwamuganga igitaraganya, nabonye binyobeye njya kwivuriza kwa Rukangara,nabyo biranga,ubwo narihebye kuko ibipimo byari bigeze 198/120 ,ubwo nyuma naje guhura ninshuti yanjye twari twariganye,mubwira ikibazo arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo bampa imiti nyikoresha amezi 2,ubu ndashima lmana narakize neza pe, nawe ubashaka wabahamagara kuri 0792940838/0734673660

Njyengwanayo jean pierr yanditse ku itariki ya: 22-04-2025  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka