
Hari uburyo busanzwe bukoreshwa kwa muganga bwo kuyisuzuma hifashishijwe imashini zipima umuvuduko w’amaraso.
Ariko hari ibimenyesto byatuma ukeka ko uyifite ukihutira kureba muganga:
1. Kumva umutima utera cyane ukanabyumvira mu gutwi kumwe cyangwa yombi, cyane cyane uryamye cyangwa uri ahantu hacececetse.
2. Kuribwa umutwe biherekejwe no guhorana umunaniro, akenshi ubu bubabare bukunze kubaho mu gihe umuntu akangutse. Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS) ritangaza ko umuntu mukuru umwe muri batatu aterwa umutwe n’umuvuduko ukabije w’amaraso.
3. Kutabona neza: Umuntu yumva ikizungera cyangwa isereri bigendana no kumva atabona neza cyangwa akabona ibikezikezi.
4. Kubira ibyuya: Gututubikana bidafite indi mpamvu bishobora kuba impuruza y’uko umuvuduko w’amaraso wazamutse.
5. Kuva imyuna (Kuva amaraso mu mazuru)
Indwara y’umuvuduko w’anaraso ihangayikishije abatuye isi. OMS itangaza ko abantu miliyari 1.28 bari hagati y’inyaka 30 na 79 barwaye umuvuduko ukabije w’amaraso, kandi ko 2/3 byabo ari ababa mu bihugu bikennye n’ibiciriritse. Ikindi kandi iyi ndwara ni imwe mu za mbere zitera gupfa imburagihe, cyangwa se gukenyuka kw’abatuye isi.
Hypertension ishobora kwirindwa
1. Gukora imyitozo ngororamubiri
2. Kurya ifunguro riboneye ririmo imboga n’imbuto
3. Kugabanya inzoga cyangwa ibisindisha no kwirinda kunywa itabi
4. Kugabanya umunyu
5. Kumenya guhangana na stress
Ibitekerezo ( 81 )
Ohereza igitekerezo
|
Murakoze mukecuru wange yari afite izindwara umutima diabbette umuvuduko wamaraso wari hejuru nari narabuze aho namuvuriza ibimenyetso byose bavuze yari abifite kubwa mahirwe nahuye numunga uvurisha imiti yo muri amerika aramfasha ubu yarakize numuvuduko we ni normal nawe ubakeneye wabahamagara muganga kuri 0783122103 cg kuri 0735454502
umuvuduko wamaraso ni indwara ikomeje Kuzahaza abantu benshi, Kandi ikomeza yiyongera rwose,papa wanjye afite imyaka 41 yari afite umuvuduko 173/96 byahoraga bihindagurika, nari narabuze icyo nakora, Rimwe naje Guhura numusore yampaye imiti ndayimuha ayikoresha amezi 2 ubu yarakize neza Ari normal, Kandi ubu hashize umwaka atongeye kugira crise, iyo Niyo Nimero ye 0726158240 dukorera muri mic building kigali city muhageze mwaduhamagara uwaba akeneye ko amufasha yamuvugisha
Murakoze mukecuru wange yari afite izindwara umutima diabbette umuvuduko wamaraso wari hejuru nari narabuze aho namuvuriza ibimenyetso byose bavuze yari abifite kubwa mahirwe nahuye numunga uvurisha imiti yo muri amerika aramfasha ubu yarakize numuvuduko we ni normal nawe ubakeneye wabahamagara muganga kuri 0792940838 cg kuri 0734673660
Umuvuduko wamaraso ni indwar mbi cyane ishobora gutera nurupfu rutunguranye bitewe nuko umutima ushobora guhagarara bitunguranye umuntu akaba yabura ubuzima
Gusa amakuru meza kuri iti ndwara nuko ishobora kuba yakira burundu
Umunt akagarurirwa ubuzima
Wowe ufite icyo kibazo cyumuvuduko wamaraso nyandikira cq umpamagare nkufashe gukira burundu
0796204581
Murakoze mukecuru wange yari afite izindwara umutima diabbette umuvuduko wamaraso wari hejuru nari narabuze aho namuvuriza ibimenyetso byose bavuze yari abifite kubwa mahirwe nahuye numunga uvurisha imiti yo muri amerika aramfasha ubu yarakize numuvuduko we ni normal nawe ubakeneye wabahamagara muganga kuri 0783122103 cg kuri 0735454502
Murahoneza amazina yanjye ni njyengwanayo jean pierr mubyukuri iyi ndwara y’
umuvuduko wamaraso nindwara MBI CYANE,namaze imyaka 2 nkurwaye, nagerageje kwivuriza kwa Muganga, ariko mbona ntampinduka ndikubona,rimwe na rimwe harigihe umuvuduko wamfataga arinijoro,nkajya kwamuganga igitaraganya, nabonye binyobeye njya kwivuriza kwa Rukangara,nabyo biranga,ubwo narihebye kuko ibipimo byari bigeze 198/120 ,ubwo nyuma naje guhura ninshuti yanjye twari twariganye,mubwira ikibazo arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo bampa imiti nyikoresha amezi 2,ubu ndashima lmana narakize neza pe, nawe ubashaka wabahamagara kuri 0792940838/0734673660
umuvuduko wamaraso ni indwara ikomeje Kuzahaza abantu benshi, Kandi ikomeza yiyongera rwose,papa wanjye afite imyaka 41 yari afite umuvuduko 173/96 byahoraga bihindagurika, nari narabuze icyo nakora, Rimwe naje Guhura numusore yampaye imiti ndayimuha ayikoresha amezi 2 ubu yarakize neza Ari normal, Kandi ubu hashize umwaka atongeye kugira crise, iyo Niyo Nimero ye 0792940838 dukorera muri mic building kigali city muhageze mwaduhamagara uwaba akeneye ko amufasha yamuvugisha.
Murahoneza amazina yanjye ni jean Pierre mubyukuri iyi ndwara y’umuvuduko wamaraso nindwara MBI CYANE,namaze imyaka 2 nkurwaye, nagerageje kwivuriza kwa Muganga, ariko mbona ntampinduka ndikubona,rimwe na rimwe harigihe umuvuduko wamfataga arinijoro,nkajya kwamuganga igitaraganya, nabonye binyobeye njya kwivuriza kwa Rukangara,nabyo biranga,ubwo narihebye kuko ibipimo byari bigeze 198/120 ,ubwo nyuma naje guhura ninshuti yanjye twari twariganye,mubwira ikibazo arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo bampa imiti nyikoresha amezi 2,ubu ndashima lmana narakize neza pe, nawe ubashaka wabahamagara kuri 0792940838/0734673660
URAHO NEZA NISHIMIYE CYANE AYA MAKURU AVUGA KU NDWARA Y’UMUVUDUKO W’AMARASO!!!
Hanyuma ndashaka kugira icyo mbwira umuntu wese urwaye cg Uzi umuntu urwaye iyi ndwara (umuvuduko w’amaraso)
Nange mfite mukuru wange warurwaye umuvuduko w’amaraso awumaranye imyaka 7, Yarafite ibipimo (180/110-197/120) ariko yaje guhura n’inshuti ye I Muhanga, imuhuza n’umuganga wamufashije ubungubu amaze imyaka 2 ari Mutaraga nta Muvuduko w’amaraso afite pueh.
Iyo ni nimero y’uwo muganga 0783122103
MURAHO NEZA NISHIMIYE CYANE AYA MAKURU AVUGA KU NDWARA Y’UMUVUDUKO W’AMARASO!!!
Hanyuma ndashaka kugira icyo mbwira umuntu wese urwaye cg Uzi umuntu urwaye iyi ndwara (umuvuduko w’amaraso)
Nange mfite mukuru wange warurwaye umuvuduko w’amaraso awumaranye imyaka 7, Yarafite ibipimo (180/110-197/120) ariko yaje guhura n’inshuti ye I Muhanga, imuhuza n’umuganga wamufashije ubungubu amaze imyaka 2 ari Mutaraga nta Muvuduko w’amaraso afite pueh.
Iyo ni nimero y’uwo muganga
+250727
Uwamukenera yamuvugisha AKAMUFASHA
MURAHO NEZA NISHIMIYE CYANE AYA MAKURU AVUGA KU NDWARA Y’UMUVUDUKO W’AMARASO!!!
Hanyuma ndashaka kugira icyo mbwira umuntu wese urwaye cg Uzi umuntu urwaye iyi ndwara (umuvuduko w’amaraso)
Nange mfite mukuru wange warurwaye umuvuduko w’amaraso awumaranye imyaka 7, Yarafite ibipimo (180/110-197/120) ariko yaje guhura n’inshuti ye I Muhanga, imuhuza n’umuganga wamufashije ubungubu amaze imyaka 2 ari Mutaraga nta Muvuduko w’amaraso afite pueh.
Iyo ni nimero y’uwo muganga
+250791747620/0794555304
Uwamukenera yamuvugisha AKAMUFASHA
MURAHO NEZA NISHIMIYE CYANE AYA MAKURU AVUGA KU NDWARA Y’UMUVUDUKO W’AMARASO!!!
Hanyuma ndashaka kugira icyo mbwira umuntu wese urwaye cg Uzi umuntu urwaye iyi ndwara (umuvuduko w’amaraso)
Nange mfite mukuru wange warurwaye umuvuduko w’amaraso awumaranye imyaka 7, Yarafite ibipimo (180/110-197/120) ariko yaje guhura n’inshuti ye I Muhanga, imuhuza n’umuganga wamufashije ubungubu amaze imyaka 2 ari Mutaraga nta Muvuduko w’amaraso afite pueh.
Iyo ni nimero y’uwo muganga
+250791747620/0794555304
Uwamukenera yamuvugisha AKAMUFASHA