Uko wareba amanota y’umunyeshuri n’aho aziga

Bamwe mu babyeyi n’abana bakomeje kugaragaza ko bibagora kubona amanota y’abana n’aho boherejwe kwiga mu gihe hasigaye icyumweru kimwe ngo amashuri atangire.

Ibyo ubona winjiye ku rubuga rwa REB
Ibyo ubona winjiye ku rubuga rwa REB

Nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Uburezi, kureba amanota hifashishijwe ikoranabuhanga rya Internet ni ukujya ku rubuga rw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi (REB) ari rwo www.reb.rw, iyo rumaze gufunguka ureba iburyo ahari urutonde rw’ibihashakirwa, ugakanda ahanditse “View Result”.

Nyuma uhita ubona na none ku ruhande rw’iburyo akadirishya kandikwamo numero iranga umwana ukayishyiramo, hejuru yako hari utudomo dutatu twerekana icyiciro cy’umwana ugakanda muri kamwe (P6, S3, S6) bitewe n’icyiciro cy’umwana ushaka kurebera.

Ahandikwa numero y'umwana
Ahandikwa numero y’umwana

Urangije ibyo ukanda ku kantu k’ubururu gafashe kuri ka kadirishya wanditsemo numero iranga umwana.
Uhita ubona imyirondoro y’umwana, amanota yabonye yose, icyiciro aherereyemo n’ikigo Minisiteri yamwoherejeho.

Ukiri aho ubona kandi umurongo w’ibintu byanditse mu ibara ry’umutuku, ukanzeho uhita ubona ibyo ikigo umwana azigaho kimusaba.

Itangazo rya Minisiteri y’Uburezi rivuga ko igihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri kizatangira tariki 14 Mutarama 2019.

Aho usanga amakuru yose
Aho usanga amakuru yose
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 57 )

Shaka.a manota
. p6

uwasephiridausi yanditse ku itariki ya: 28-12-2019  →  Musubize

Igihe amanota yi kizamini cya leta azasohokera ya 2019

Alias yanditse ku itariki ya: 27-12-2019  →  Musubize

Igihe amanota yi kizamini cya leta azasohokera ya 2019

Alias yanditse ku itariki ya: 27-12-2019  →  Musubize

Igihe amanota yi kizamini cya leta azasohokera ya 2019

Murangwa Ivan yanditse ku itariki ya: 27-12-2019  →  Musubize

nonese ntabwo amanota arasohoka?
mbayembashimiye kugisubizo ntegereje.

alias yanditse ku itariki ya: 26-12-2019  →  Musubize

Igihe amanota yi cya reta azasohokera ya 2019

Murangwa Ivan yanditse ku itariki ya: 27-12-2019  →  Musubize

MPAMVU KI AMABWIRIZA TURI KUYAKURIKIZA BIGASWATA . MUDUFASHE .

TUYIRINGIRE JMV yanditse ku itariki ya: 26-12-2019  →  Musubize

MPAMVU KI AMABWIRIZA TURI KUYAKURIKIZA BIGASWATA . MUDUFASHE .

TUYIRINGIRE JMV yanditse ku itariki ya: 26-12-2019  →  Musubize

MPAMVU KI AMABWIRIZA TURI KUYAKURIKIZA BIGASWATA . MUDUFASHE .

TUYIRINGIRE JMV yanditse ku itariki ya: 26-12-2019  →  Musubize

Gusa ningombwa tuko abanyeshuri bakora cyane kuburyo bushoboka kuko bategura ejo habo heza

kagiraneza olivier (college de gisenyi) inyemeramihigo yanditse ku itariki ya: 3-10-2019  →  Musubize

19 RP 06853

mushimiyimana olivier yanditse ku itariki ya: 12-08-2019  →  Musubize

mudufashe mutumenyeshe impamvu twuzuzamo index number z’ikizamini cyakozwe mu mwaka w’ibihumbi
2016 ntitubone igisubizo ese byandikwa bite? cyangwa system yarahindutse murakoze

Yves D yanditse ku itariki ya: 18-04-2019  →  Musubize

nukuri mudufashe twabony’amanota ariko nta kigo tubo.

niyonsenga samuel yanditse ku itariki ya: 12-01-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka