Ruhango: Yinjiza ibihumbi 600 buri kwezi abikesha ubworozi bw’inkoko
Rubagumya Omar afite umushinga w’ubworozi bw’inkoko akorera mu murenge wa Ruhango akarere ka Ruhango, umwinjiriza amafaranga ibihumbi 600 havuyemo ayo aba yashoye mu mushinga we.
Uyu mushinga Rubagumya yawutangiye mu mwaka wa 2009 awutangirana inkoko 2500 ubu amaze kugera ku nkoko zisaga 1000.
Uyu mworozi yagiye guhitamo uyu mushinga nyuma yo kubona ko amafaranga ibihumbi 200 yahembwaga mu bitaro bya Gatagara i Nyanza ntacyo yari kuzamugezaho.

Omar yatangiye gukora uyu mushinga ahereye ku dufaranga duke yagendaga yaka banki tugendanye n’inguzanyo ku mushahara “avance sur salaire”.
Intego ze n’uko agomba gukomeza agateza imbere ubu bworozi bw’inkoko kandi aha abantu benshi akazi ndetse anatanga umusanzu mu iterambere rw’igihugu.
Uretse kuba ubu bworozi hari aho bumaze kugeza nyirabwo, abatuye hafi y’ubu bworozi nabo bavuga ko bwabagiriye akamaro kuko bagiye habona akazi ndetse bakaba batakirwaza indwara ya bwaki kuko abana babo barya amagi.

Mbanziriza Islon atuye hafi y’ahakorerwa ubu bworozi, ni umwe mu babonye akazi muri izi nkoko, avuga ko bwatumye ashobora kwagura ubuhinzi bwe kuko yabonaga ifumbire nnayo yagiraga ndetse ubu nawe akaba yaratangiye korora inko ze za kijyambere ubu umuryango we ukaba umeze neza.
Omar nyiri ubu bworozi, aragira inama abantu y’uko badakwiye gutinya kwihangira umurimo cyane ku bashaka korora inkoko, kuko mu Rwanda hakenewe amagi menshi.
Eric Muvara
Ibitekerezo ( 44 )
Ohereza igitekerezo
|
Photo de Elysee Rafiki
Muraho, mwaba mwifuza kongera umusaruro wanyu ukomoka kubworozi bw’inkoko? RAFIELY-INCUBATOR Ltd yabazaniye technologie igezweho, imashini zo mubwoko butandukanye zirarira amagi uhereye ku irarira amagi 40 kugera ku irarira amgi 2500, kandi uwakifuza iri hejuru y’amagi 2500 nayo yayibona, imashini za made in Rwanda, kubiciro byohasi cyane, ntimucikwe naya mahirwe adasanzwe, mwahamagara izi numero kubisobanuro bindi: +358400876712; 0783706135 ; 0789295303; 0723291596;
Omar ndagushimiye.uyu mushinga ni inyamibwa.ahubwo mwamfasha kumenya indwara zikunze kwibasira izi nkoko n’imiti y’izo ndwara naho twakura iyi miti.murakoze numero 0727488976.
Mbere ya byose mbanje gushima Bwana Rubagumya Omar kumwanzuro yafashe,ni inyamibwa pe!ikifuzo cyange:nifuza kumenya indwara z’inkoko n’ukuntu wazirwanya ndetse n’imiti wakoresha igihe izo nkoko zafashwe n’izo ndwara.
MURAKOZE!!!!!!!
Nanjye mfite igitejerezo cyuyu mushinga ariko ntamakuru nywufiteho mwampa numero ye iyanjye ni 0785002590,0725880772 murakoze cyane murabingirakamaro.
NIBYIZACYANE MULAKOZE
ndanje kubasuhuza uwo mushinga ntimwiza ntone turifuza ko yadufasha kutugira intama nkumuntu ufite igishora gito .yadufasha kumenya imiti ibyo kurya ingano yabyo mbega uburyo untu yazifata twakwishyura akaduha ubwo bumenye aduciye makeya.
Number 0780330015 ntukuri twishyyire hamwe adufashe aduhe kubumenye .
Murakoze.
Nifuzaga ko mwampa nbr z’uyu muntu, nanjye ndi kwifuza gutangira uyu mushinga.
Murakoze!
Mbere na mbere ndabashimira ku bw’aya makuru muduha, mubyukuri nanjye uyu mushinga ndawuteganya mu mwaka utaha, mumfashije mwampa number yuwo mugabo nkamwaka inama, my number 0782413300. Murakoze
Ndashimye Uwomushinga Narye Nashaka Kworora Inkoko Ariko Nta Burambe Mbifisemwo Nasaba Mumpe Number Ze Akaza Aramfasha Ndumurundi Wo Mukayanza Number Zarye 61458255 ok thx
Mwamfasha kubona contact zuyu owner? Tel +250788265786
umurimo nisoko yubukire dushimye uyu mugabo wihagiye umurimo najye natangiye umunshinga wokorora inkoko kuko mbona umushahara mpebwa arimuke ukwezi gushira ndikuguza Ubu pfite inkoko 15 none mbashije kubona numéro ye byapfasha namwigiraho byinshi kuko ngewe ntabumenyi bwinshi mbifitemo nomero yajye0784071544,0728071544
Ndishimye Kuriyi Nkuru Ishimishije Cyane Kuko Nanjye Ndashaka Kugaragaza Imano Yanjye Imana Yamaye Murakoze Nimero Yanjye0722011349