Yazanye agashya mu gushakisha umukunzi
Dan Perino, Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amaerika wo mu kigero cy’imyaka nka 50, ngo amaze kurambirwa imbuza za internet zihurirwaho n’ababa bifuza urukundo none yiyemeje gukoresha ubwe buryo amanika hirya no hino mu Mujyi wa New York amafoto ariho na nimero za telephone ze amenyekanisha ko yifuza umukunzi bashakana.
Avugana n’imwe mu mateleviziyo yo muri Leta Zuze Ubumwe z’Amerika, Perino yayitangarije ko atihebye ariko yumva ari bwo buryo bwiza bwamufasha kubona umugore. Yagize ati “ Ni uburyo bwiza bwo guhura n’abagore. Ndifuza urukundo rusobanutse.”

Dan Perino ateganya kujya amanika amafoto nibura magana atanu buri munsi mu gihe cy’iminsi mirongo itatu. Kuva aho atangiriye iki gikorwa ku wa 28 Nyakanga 2014, ngo amaze guhamagarwa n’amagana n’amagana y’abantu. Bamwe mu bamuhamagara bakaba ngo bamubwira ko bamukunze abandi bakamubwira ko arimo kwikinira.
Kugeza ubu ngo amaze no kubonana n’abakobwa cyangwa abagore benshi amaso ku maso bamwifuza binyuze muri ubwo buryo bw’imwihariko we mu gushaka urubavu rwe.
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 91 )
Ohereza igitekerezo
|
AM READY GIRLS CALL ME ON 079084155
Ndifuza umukunzi umukobwa Uzi gukunda Kandi uzikwiteza imbere Kandi agite gahunda yurugo yampamagara kuri0787614268
Nanjye ndifuza umukunzi abaye afite akazi byaba byiza yararahishe university atuye ikigali ufite hagati 34.40 murakoze number 0780830472
Nanjye ndifuza umukunzi abaye afite akazi byaba byiza yararahishe university atuye ikigali ufite hagati 34.40 murakoze
Muraho nanjye ndashaka umukunzi umusore maize wimibiri yombi murmure waragishe kwiga kaminuza ufite akazi keza hubaha Imana ni karibu iwanjye nzamukunde irukundo rutaruburyarya abakina nanjye simbashaka ari mumyaka 35_ 45 number Ni 0780830472 not call just for WhatsApp murakoze