Yazanye agashya mu gushakisha umukunzi
Dan Perino, Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amaerika wo mu kigero cy’imyaka nka 50, ngo amaze kurambirwa imbuza za internet zihurirwaho n’ababa bifuza urukundo none yiyemeje gukoresha ubwe buryo amanika hirya no hino mu Mujyi wa New York amafoto ariho na nimero za telephone ze amenyekanisha ko yifuza umukunzi bashakana.
Avugana n’imwe mu mateleviziyo yo muri Leta Zuze Ubumwe z’Amerika, Perino yayitangarije ko atihebye ariko yumva ari bwo buryo bwiza bwamufasha kubona umugore. Yagize ati “ Ni uburyo bwiza bwo guhura n’abagore. Ndifuza urukundo rusobanutse.”

Dan Perino ateganya kujya amanika amafoto nibura magana atanu buri munsi mu gihe cy’iminsi mirongo itatu. Kuva aho atangiriye iki gikorwa ku wa 28 Nyakanga 2014, ngo amaze guhamagarwa n’amagana n’amagana y’abantu. Bamwe mu bamuhamagara bakaba ngo bamubwira ko bamukunze abandi bakamubwira ko arimo kwikinira.
Kugeza ubu ngo amaze no kubonana n’abakobwa cyangwa abagore benshi amaso ku maso bamwifuza binyuze muri ubwo buryo bw’imwihariko we mu gushaka urubavu rwe.
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 91 )
Ohereza igitekerezo
|
Ndashaka umukunzi umusore ukijijwe unfite gahunda yokubaka urugo unfite imyaka 35ans kuzamura utarengeje 37 udafite umwana,akaba yarize, Kandi akaba anfite akazi, yanyandikira 0795760077
Mfite imyaka40 ndi umugore,mfite akazi koroheje ,ndashaka umugabo ufite gahunda yo kubaka ufite icyo akora kuva ku myaka 40 kuzamura ,ufite gahunda adakina yansubiza hano
Uwariwewese yumva yabijamo neza twaganira tukumva koduhuza
Alianne ndagushaka yampamagara 0792943433
ALIANNE ndamushaka kandi nujuje ibisabwa byose. yanyandikira kuri email: [email protected] tukavugana.
Mwiriwe neza,ndi umukobwa wimyaka32 ndakijijwe MFite akazi ndifuza umusore uri smart kdi Uzi gukora ukunda gusenga,ntago nshaka umuntu utazi urukundo icyaricyo kuko sinigeze njya murukundo cyane nakundanye numuhungu umwe arambabaza mpita nzinukwa none in this night nibwo mfashe umwanzuro wokuva mubu single,suko batanteretaga ariko numvaga igihe kitaragera ,niba sinshaka umuntu urimunsi yimyaka mfite plzz wowe uribumvugishe ube wabanje kubitekerezaho 0722491762
Muraho neza umukobwa cyangwa umugore utare jyeje imyaka 35 azabwire 0781533902
Ndi umusore ndashaka umukunzi this is my number 0788210162
Nshaka umukunzi umukobwa cg umugore utarengeje 35ans ufite urukundo muriwe Uziguhemukirwa ukobiryana.wubaha abantu nawe akiyubaha.Ntakazi ngira ndashakisha bisanzwe.mfite imyaka36,umwana1.Ibindi twabivugana.Tel:0733164798, What’app 0786604566
Ndashaka umukunzi.umukobwa cg umugore utarengeje 35ans wubaha abantu nawe akiyubaha.ufite urukundo muriwe Uziguhemukirwa ukobiryana.ntakazi mfite ndashakisha bisanzwe.ibindi twabivugana.Tel:0733164798-What’app0786604566
Ndashaka umukunzi.umukobwa cg umugore utarengeje 35ans wubaha abantu nawe akiyubaha.ufite urukundo muriwe Uziguhemukirwa ukobiryana.ntakazi mfite ndashakisha bisanzwe.ibindi twabivugana.Tel:0733164798-What’app0786604566
[email protected]
Muraho neza.Ndi umugore utarengeje 30.Sinahiriwe n’urushako ,mfite abana(...).Ndumva niteguye kongera gukundwa Plz ntunyandikire ukina ikindi ,uwumva akeneye kwishimisha yakwishimishiriza ku malaya kuko sindiyo.Agomba kuba yaraciye mu ishuri afite icyo akora Kandi yemera kunyakira uko ndi.
Ndahari twaganira
Ndashaka umukunzi umusore ukijijwe wimyaka 35ans atarengeje 37 unfite gahunda yogushinga urugo, wize unfite akazi ,udanfite umwana number 0795760077
Umugore uri serious yamamagara kuri 0738119734
+255746871584 ni numero yange ya whatsapp. Umukobwa ushaka kubaka yanyandikiraho tukamenyana tukareba ko hari icyo twahurizqho. Ndi umusore ukuze (37yrs) ndi munini (98kg) narize (A0) mfite akazi kantunze ndashaka umukobwa ukuze 24-32 years na we afite icyo akora byaba byiza. Gusa si ihame ko agomba kuba agifite ariko nanone na we yarize byarushaho kuba byiza. Mba i Kigali ibindi twabiganira kuri iyo numero mbahaye. Ikindi ntabe yarabyayeho (am sorry to say so ariko ni ko niyumva). Murakoze