Yazanye agashya mu gushakisha umukunzi

Dan Perino, Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amaerika wo mu kigero cy’imyaka nka 50, ngo amaze kurambirwa imbuza za internet zihurirwaho n’ababa bifuza urukundo none yiyemeje gukoresha ubwe buryo amanika hirya no hino mu Mujyi wa New York amafoto ariho na nimero za telephone ze amenyekanisha ko yifuza umukunzi bashakana.

Avugana n’imwe mu mateleviziyo yo muri Leta Zuze Ubumwe z’Amerika, Perino yayitangarije ko atihebye ariko yumva ari bwo buryo bwiza bwamufasha kubona umugore. Yagize ati “ Ni uburyo bwiza bwo guhura n’abagore. Ndifuza urukundo rusobanutse.”

Uyu ni we Dan Perino ushakisha umukunzi abinyujije mu gukwirakwiza amafoto ye mu Mujyi wa New York.
Uyu ni we Dan Perino ushakisha umukunzi abinyujije mu gukwirakwiza amafoto ye mu Mujyi wa New York.

Dan Perino ateganya kujya amanika amafoto nibura magana atanu buri munsi mu gihe cy’iminsi mirongo itatu. Kuva aho atangiriye iki gikorwa ku wa 28 Nyakanga 2014, ngo amaze guhamagarwa n’amagana n’amagana y’abantu. Bamwe mu bamuhamagara bakaba ngo bamubwira ko bamukunze abandi bakamubwira ko arimo kwikinira.

Kugeza ubu ngo amaze no kubonana n’abakobwa cyangwa abagore benshi amaso ku maso bamwifuza binyuze muri ubwo buryo bw’imwihariko we mu gushaka urubavu rwe.

Niyonzima Oswald

Ibitekerezo   ( 87 )

Muraho neza ndashaka umukobwa cg fille mere ufite urukundo wubaha imana nabantu afite icyakora nibyiza nibura afite imyaka 35ans cg 40ans murakoze amamagare kuri 0734924542,,cg anyandikire kuri Whatsapp no,0725101384, murakoze umunsi mwiza

Kwizera yanditse ku itariki ya: 8-08-2024  →  Musubize

Ndashaka umukobwa cyangwa fille mere ufite gahunda yo kubaka.afite icyo akora kuko nanjye mfite icyo nkora.inyaka hagati ya 28 na 35. Yamvugisha kuri:0782105198

Alis Murokore yanditse ku itariki ya: 23-07-2024  →  Musubize

Shalom!
Nitwa Nshuti
Imyaka ni 42

Nje aha nifuza inshuti y’igitsinagore uri mu kigero cyanjye cg acyegerejeho, yavamo umukunzi w’igihe kirambye ufite igitekerezo cyo kubaka mbese Uzi icyo ashaka.
Uwakumva duhuje intego yanyandikira aha: email: [email protected]
Ibindi twabiganiraho mu buryo birambuye.

N.B:Bavandimwe uwumva yaza gufata umwanya we akina namugira inama yo gukoresha uwo mwanya we areba ikindi yawubyazamo umusaruro.
Murakoze.

Nshuti yanditse ku itariki ya: 14-07-2024  →  Musubize

Ndumudam utarahiriwe nurushako nkaba nifuza kugerageza andi mahirwe nifuza umugabo ukuze kumyaka 35-45 mfite abana 2 uwakumva bivamo yamvugisha ibindi twabiganira

ishimwe yanditse ku itariki ya: 17-06-2024  →  Musubize

Ishimwe nyandikira kuri WhatsApp 0788403289 cg umpamagare kuri+250 726 239 592

Alias yanditse ku itariki ya: 10-07-2024  →  Musubize

Nyandikira kuri:0782105198

Alis Murokore yanditse ku itariki ya: 23-07-2024  →  Musubize

Nyandikira kuri:0782105198

Alis Murokore yanditse ku itariki ya: 23-07-2024  →  Musubize

Ndashaka umugabo cg umusore ukuze uri hagati yimyaka 35-50
Uzi ubuzima icyaricyo,udafite uburwayi ubwo aribwobwose budakira,Uzi gutetesha,gukundwakaza,jyew fite abana 4 gusa ntamugabo fite twaratandukanye uwumva Ari tayari karibu kuba Ari hanze yigihugu cg Ari murwanda ntakibazo

Nitwa Mimi yanditse ku itariki ya: 15-06-2024  →  Musubize

Mimi wanyandikira kuri iyi email: [email protected]

Nshuti yanditse ku itariki ya: 14-07-2024  →  Musubize

alice nyandikira kuri [email protected]

kuki yanditse ku itariki ya: 28-08-2024  →  Musubize

Ndashaka umugabo cg umusore ukuze uri hagati yimyaka 35-50
Uzi ubuzima icyaricyo,udafite uburwayi ubwo aribwobwose budakira,Uzi gutetesha,gukundwakaza,jyew fite abana 4 gusa ntamugabo fite twaratandukanye uwumva Ari tayari karibu kuba Ari hanze yigihugu cg Ari murwanda ntakibazo

Nitwa Mimi yanditse ku itariki ya: 15-06-2024  →  Musubize

Ndashaka umugabo cg umusore ukuze uri hagati yimyaka 35-50
Uzi ubuzima icyaricyo,udafite uburwayi ubwo aribwobwose budakira,Uzi gutetesha,gukundwakaza,jyew fite abana 4 gusa ntamugabo fite twaratandukanye uwumva Ari tayari karibu

Nitwa Mimi yanditse ku itariki ya: 15-06-2024  →  Musubize

Mimi mamagara tuganire kuriyo nimero 0738119734

Nyamulinda Adili yanditse ku itariki ya: 28-08-2024  →  Musubize

Ndumusore wimyaka 25 winzobe ariko itari cyane ntakazi mfite arko ndigushakisha nshaka umukobwa mwiza imibiri yombi cg inzobe uzi gukunda bya nyabyo kuko mfite urukundo abaye atarengeje imyaka 25 nbr 0793633062 Murakoze

Alias yanditse ku itariki ya: 27-05-2024  →  Musubize

umpamagare kuri 0734990899

kuki yanditse ku itariki ya: 28-08-2024  →  Musubize

Nitwa uwimana ndifuza umugabo uri serie murukundo wiyubaha usenga ufite umwana cg 2 nanjye mfite 1 mfite imyaka 37 abaya ari hejuru ya 40 byaba byiza rwose sinshaka ukina narababaye bihagije,ntakazi mfite,ntamashuri menshi mvaho nshakisha sindi umunebwe murakoze wambona kuri 0793238263.

Uwimana yanditse ku itariki ya: 30-03-2024  →  Musubize

Nitwa Edison nd’umusore nifuza umukobwa cg umugore twajya murukundo tukubakana ufite imyaka kuva kuri 30 kugera kuri 45 nubwo yarenga ntakibazo pe uwumva twahuzA yanyandikira 0785107109 iri no kuri Whatsapp murakoze ndi seriously

Eddy yanditse ku itariki ya: 27-12-2023  →  Musubize

Ndashaka umukunzi ngiyi nomero 0790613189

Ramadan yanditse ku itariki ya: 7-11-2023  →  Musubize

Mwiriwe , ndashaka umukunzi uko Yaba angana kose imyaka sikibazo niyo Yaba yrabyaye ntaribi pfa kuba afite urukundo, ndumuhungu muremure wimibiri yombi ibiro 74

Uwumva byakunda anyandikire cq ampamagare kuri 0783361344

James yanditse ku itariki ya: 8-08-2023  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka