Yazanye agashya mu gushakisha umukunzi
Dan Perino, Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amaerika wo mu kigero cy’imyaka nka 50, ngo amaze kurambirwa imbuza za internet zihurirwaho n’ababa bifuza urukundo none yiyemeje gukoresha ubwe buryo amanika hirya no hino mu Mujyi wa New York amafoto ariho na nimero za telephone ze amenyekanisha ko yifuza umukunzi bashakana.
Avugana n’imwe mu mateleviziyo yo muri Leta Zuze Ubumwe z’Amerika, Perino yayitangarije ko atihebye ariko yumva ari bwo buryo bwiza bwamufasha kubona umugore. Yagize ati “ Ni uburyo bwiza bwo guhura n’abagore. Ndifuza urukundo rusobanutse.”

Dan Perino ateganya kujya amanika amafoto nibura magana atanu buri munsi mu gihe cy’iminsi mirongo itatu. Kuva aho atangiriye iki gikorwa ku wa 28 Nyakanga 2014, ngo amaze guhamagarwa n’amagana n’amagana y’abantu. Bamwe mu bamuhamagara bakaba ngo bamubwira ko bamukunze abandi bakamubwira ko arimo kwikinira.
Kugeza ubu ngo amaze no kubonana n’abakobwa cyangwa abagore benshi amaso ku maso bamwifuza binyuze muri ubwo buryo bw’imwihariko we mu gushaka urubavu rwe.
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 93 )
Ohereza igitekerezo
|
NDABAKUNDA CYANE NANJYE NSHAKA UMUKUNZI WINZOBE BITARICYANE KUVA KUMYAKA25-35UTARIGEZE AKUNDWA KANDI WITONDA UNASENGA IMANA ABAYE AHARI YAMPAMAGARA MTN0796842597NA AITREL0738281639MURAKOZE
Hello nd’umusore muremure ariko bidakabije cyane nkaba nshaka umukobwa w’inzobe akaba yarize bs s6 akaba ashaka urukundo rwanyarwo number niyo 0723759003
Ndabashimira mwese mufata umwanya wanyu mukandika ibitekerezo ndabashimira cyane byimazeyo ariko ndashakako nange mwamfasha kubona umukunzi ufite nibura imyaka 16 kugeza kuri17 dore number zange 0795171385 nimumubona muzambire nshutizange ndabakunda cyane.
Amazina nitwa
Uwase Diane
Mfite imyaka 22 ndi gikara.
Mfite m1 cm61
Nd’ umunya Rwanda kazi
Ndashaka umukunzi
Guhera kumyaka 35
Kuzamura 0793920919
Bibaye byiza yab’ afite icyakora murakoze!
Hy gys nitwa IRASUBIZA VARANTE nyeneye umukunzi ariko nacyarumusore wimyakav19 nyeneye umukunzi uriseriye WhatsApp number 0735037686
Ndashaka mukobwa uri atari twashinganurugo kubufite20_24ntakibazo kubawarasoje secondary nibyiza kd wubahimana n’abantu ibinditwabivugana burambuye kuri0783269655 uri seriye niwe nkeneye pana uwankinisha murukundo
Murahoneza amakuruu yanyu wamusorewe subiza umutima mugitereko ninge waburaga mubuzima bwawe ndahari kabs
Muraho neza ndifuza umukobwa ukuze kdi warangije kwiga kaminuza ufite akazi kuko njyewe ndikorera witeguye kubaka muri uyu mwaka wanyandikira 0788488205
Ndashaka umukobwa ukuze uzi icyo ashaka witeguye kubaka ndavuga gukora umuryango
Agomba kuba yiyubashye ,yarize kaminuza afite akazi kuko nanjye ndikorera azi gukunda bibaye byiza akaba yiteguye kubaka muri uyu mwakq yanyandikira kuri 0788488205
ndashaka umukunzi ufite imyaka 27 KUJYEZA 37 akaba arumukobwa wiyubaha ukunda gusenga ufite akazi jyewe ntakomfite wumvaufitega hunda yokubaka udakina ampamagare kuri(0781521482)murakoze
Njyewe ndi umugabo mfite imyaka 40 ndashaka umugore mwiza wiyubashye twajya dufashanya muri gahunda yo mu buriri. [email protected]
Ndahari
Guda ndumukobwa
Mfite imyaka 22
Murakoze
My number+256774292831 my what’s up nifuza umukunzi umukobwa guhera25_32 mange nfite35 ukeneye kubaka kandi akijijwe yambwira
Umusore uri serious avugishe