Yazanye agashya mu gushakisha umukunzi
Dan Perino, Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amaerika wo mu kigero cy’imyaka nka 50, ngo amaze kurambirwa imbuza za internet zihurirwaho n’ababa bifuza urukundo none yiyemeje gukoresha ubwe buryo amanika hirya no hino mu Mujyi wa New York amafoto ariho na nimero za telephone ze amenyekanisha ko yifuza umukunzi bashakana.
Avugana n’imwe mu mateleviziyo yo muri Leta Zuze Ubumwe z’Amerika, Perino yayitangarije ko atihebye ariko yumva ari bwo buryo bwiza bwamufasha kubona umugore. Yagize ati “ Ni uburyo bwiza bwo guhura n’abagore. Ndifuza urukundo rusobanutse.”

Dan Perino ateganya kujya amanika amafoto nibura magana atanu buri munsi mu gihe cy’iminsi mirongo itatu. Kuva aho atangiriye iki gikorwa ku wa 28 Nyakanga 2014, ngo amaze guhamagarwa n’amagana n’amagana y’abantu. Bamwe mu bamuhamagara bakaba ngo bamubwira ko bamukunze abandi bakamubwira ko arimo kwikinira.
Kugeza ubu ngo amaze no kubonana n’abakobwa cyangwa abagore benshi amaso ku maso bamwifuza binyuze muri ubwo buryo bw’imwihariko we mu gushaka urubavu rwe.
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 87 )
Ohereza igitekerezo
|
Hy gys nitwa IRASUBIZA VARANTE nyeneye umukunzi ariko nacyarumusore wimyakav19 nyeneye umukunzi uriseriye WhatsApp number 0735037686
Ndashaka mukobwa uri atari twashinganurugo kubufite20_24ntakibazo kubawarasoje secondary nibyiza kd wubahimana n’abantu ibinditwabivugana burambuye kuri0783269655 uri seriye niwe nkeneye pana uwankinisha murukundo
Murahoneza amakuruu yanyu wamusorewe subiza umutima mugitereko ninge waburaga mubuzima bwawe ndahari kabs
Muraho neza ndifuza umukobwa ukuze kdi warangije kwiga kaminuza ufite akazi kuko njyewe ndikorera witeguye kubaka muri uyu mwaka wanyandikira 0788488205
Ndashaka umukobwa ukuze uzi icyo ashaka witeguye kubaka ndavuga gukora umuryango
Agomba kuba yiyubashye ,yarize kaminuza afite akazi kuko nanjye ndikorera azi gukunda bibaye byiza akaba yiteguye kubaka muri uyu mwakq yanyandikira kuri 0788488205
ndashaka umukunzi ufite imyaka 27 KUJYEZA 37 akaba arumukobwa wiyubaha ukunda gusenga ufite akazi jyewe ntakomfite wumvaufitega hunda yokubaka udakina ampamagare kuri(0781521482)murakoze
Njyewe ndi umugabo mfite imyaka 40 ndashaka umugore mwiza wiyubashye twajya dufashanya muri gahunda yo mu buriri. [email protected]
My number+256774292831 my what’s up nifuza umukunzi umukobwa guhera25_32 mange nfite35 ukeneye kubaka kandi akijijwe yambwira
Umusore uri serious avugishe
Muraho neza ? Ndifuza umusore unfite gahunda yokubaka urugo URI serious unfite 35cg 37 wize unfite akazi,utigeze ushakaho kuko nanjye ndumukobwa, uhari wavugisha 0795760077
Muraho ndashaka umusore unfite gahunda yokubaka urugo wimyaka 35cg37 wize unfite akazi ukijijwe utigeze yubakaho wavugisha nimbuhari 0795760077
Ndashaka umukunzi umusore ukijijwe unfite gahunda yokubaka urugo unfite imyaka 35ans kuzamura utarengeje 37 udafite umwana,akaba yarize, Kandi akaba anfite akazi, yanyandikira 0795760077
Mfite imyaka40 ndi umugore,mfite akazi koroheje ,ndashaka umugabo ufite gahunda yo kubaka ufite icyo akora kuva ku myaka 40 kuzamura ,ufite gahunda adakina yansubiza hano
Uwariwewese yumva yabijamo neza twaganira tukumva koduhuza
Alianne ndagushaka yampamagara 0792943433
ALIANNE ndamushaka kandi nujuje ibisabwa byose. yanyandikira kuri email: [email protected] tukavugana.