MENYA UMWANDITSI

  • RIB imaze kugira abakozi basaga 1300

    Abagenzacyaha bashya 135 binjiye mu mwuga

    Mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda (NPC) riherereye mu Karere ka Musanze, hasojwe icyiciro cya gatanu kigizwe n’Abagenzacyaha 135, bari bamaze amezi arindwi bahabwa ubumenyi mu kugenza ibyaha birimo ibya ruswa, ibyambukiranya imipaka birimo n’iby’iterabwoba, iby’ihohoterwa rishingiye ku gitsina, bigishwa kandi ubwirinzi (…)



  • Nyabihu: Bamusanze mu mugozi mu nzu iwe yapfuye

    Umusaza wo mu kigero cy’imyaka 60 witwa Turinamungu Juvenal, wo mu Murenge wa Rugera mu Karere ka Nyabihu, bamusanze mu mugozi mu cyumba cy’uruganiriro iwe mu rugo yapfuye, bakeka ko yaba yiyahuye.



  • Ibyumba by

    Miliyari 3,5 zavuye mu bukerarugendo zafashije imishinga isaga 500 y’abaturiye Pariki

    Umutungo ukomoka ku bukerarugendo, ukomeje guteza imbere abaturage by’umwihariko abaturiye Pariki y’Ibirunga, aho bahabwa 10% by’amafaranga yinjizwa n’ubukerarugendo, mu kubafasha guteza imbere imishinga yabo.



  • Papa Jean Paul I banamwitaga

    Papa Jean Paul I wayoboye Kiliziya iminsi 33 yagizwe Umuhire

    Kuri iki Cyumweru tariki 04 Nzeri 2022, i Vatican ku cyicaro gikuru cya Kiliziya Gatolika (Saint-Pierre), Papa Francis yashyize mu rwego rw’Abahire Papa Yohani Paul I, wayoboye Kiliziya iminsi 33 gusa.



  • Dore amazina yiswe abana b’ingagi

    Mu muhango ngarukamwaka wo kwita izina abana b’ingagi baba baherutse kuvuka, muri 2022, abana bavutse muri 2021 na 2022 ni bo biswe amazina. Ni umuhango wabereye muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, aho witabiriwe n’ibyamamare biturutse hirya no hino ku isi. Ni ibirori byitabiriwe na (…)



  • Bize imyuga inyuranye ku buryo ubu bakora bakiteza imbere

    Amajyaruguru: Abahoze mu mashyamba ya Congo bishimiye uko babayeho

    Abahoze mu mitwe yitwaje intwaro mu mashyamba ya Repubulika Iharanura Demokarasi ya Congo (RDC), bo mu Ntara y’Amajyaruguru, barishimira uburyo Leta ikomeje kubafasha kuzamura iterambere ryabo, nyuma yo kwigishya imyuga inyuranye, bakaba bahawe n’igishoro kibafasha kunoza iyo mishinga.



  • Abanyamakuru barasabwa kureka gukoresha abafite ubumuga mu nyungu zabo

    Abanyamakuru bakoresha abafite ubumuga mu nyungu zabo bihanangirijwe

    Inama y’Igihugu y’abantu bafite ubumuga (NCPD), iranenga bamwe mu banyamakuru bakomeje gushakira inyungu ku bantu bafite ubumuga bwo mu mutwe, babakoresha ibiganiro bihabanye n’ubunyamwuga, bakabasaba kubihagarika kuko ari ihohoterwa babakorera.



  • Umuryango wa Habiyambere Phocas ngo wamufungiranye umurinda akato, dore ko ngo na we yagiraga n

    Musanze: Barakurikirana ikibazo cy’uwafungiranwe mu nzu bikamuviramo ubumuga n’ihungabana

    Habiyambere Phocas wo mu kigero cy’imyaka 30 wo mu Kagari ka Rwambogo mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze, biravugwa ko amaze imyaka isaga 20 afungiranye mu nzu aho byanamuviriyemo ubumuga bukomeye bw’ingingo busanga ubwo mu mutwe yari afite.



  • Imwe mu ngoro za Nyabingi zikiriho, ngo bashatse kuyisenya icyo giti kirayirinda

    Sobanukirwa amateka ya ‘Nyabingi’

    N’ubwo izina ryamamaye cyane ari Nyabingi ariko izina rye ry’Ikinyarwanda ni Nyabyinshi, bivuze umuntu ufite ubutunzi bwinshi, ni izina ryahawe umukobwa uvugwa ko we na Ruganzu ll Ndoli, bavutse ari impanga babyawe na Ndahiro ll Cyamatare.



  • Abiba insinga z’amashanyarazi n’ibikoresho by’ikoranabuhanga bahagurukiwe

    Mu gihe ubujura bw’insinga z’amashanyarazi n’ibikoresho by’ikoranabuhanga bukomeje kuvugwa hirya no hino mu gihugu, hashyizweho amabwiriza akomeye agenga abagura n’abagurisha ibyo bikoresho mu rwego rwo guhangana n’ubwo bujura.



  • Ikigo nderabuzima cya Mulindi cyatangiye gukora

    Gicumbi: Barishimira ikigo nderabuzima bubakiwe ku busabe bwa Perezida Kagame

    Ni kenshi abaturage bavuga ko imvugo ya Perezida Paul Kagame ariyo ngiro, kubera ko ibyo yasabye ko babakorera bidatinda kubageraho, mu batanga ubwo buhamya hakaba harimo n’abatuye Umurenge wa Kaniga, Mukarange na Cyumba yo mu Karere ka Gicumbi, bishimira ikigo nderabuzima buzurijwe.



  • Bamaze kubakira abatishoboye inzu nyinshi

    Musanze: Urubyiruko rwiyemeje kwicungira umutekano no kurinda ibyagezweho

    Urubyiruko rw’Abakorerabushake mu Karere ka Musanze ku bufatanye n’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko muri ako Karere, nyuma yo gusura Ingoro y’Inteko Ishinga Amategeko bagasobanurirwa uruhare rw’Ingabo zahoze ari iza RPA zabohoye u Rwanda, biyemeje gutera ikirenge mu cyabo, biyemeza kwicungira umutekano, barinda ibyagezweho.



  • Ababyeyi bishimiye guhura n

    Abafite ababo mu bigo by’igororamuco bishimiye koroherezwa kubasura

    Ikigo cy’Igihugu gishinzwe igororamuco (NRS), kirashimwa n’imwe mu miryango y’abafite ababo bagororerwa mu bigo byacyo bitandukanye mu Rwanda, kubera kubafasha kwiyunga hagati yabo n’imiryango yabo, mu kubafasha kandi no kwiyumva mu miryango yabo berekwa ko batatereranwe, nyuma yo koroherezwa kubasura bakaganira.



  • Miss Muheto mu muganda wo kurwanya isuri

    Musanze: Miss Muheto yifatanyije n’abaturage mu muganda usoza ukwezi

    Miss w’u Rwanda 2022, Muheto Nshuti Divine, wifatanyije n’urubyiruko rw’Akarere ka Musanze by’umwihariko urwo mu Murenge wa Muhoza n’abandi baturage, mu muganda usoza ukwezi kwa Nyakanga 2022, yishimiye urugwiro yakiranywe.



  • Kwagura Pariki y

    Umushinga wo kwagura Pariki y’Ibirunga uzatwara asaga miliyoni 299 z’Amadolari

    Umushinga wo kwagura Pariki y’Igihugu y’Ibirunga ku buso bwa Km2 37.4, uzatwara Amadorari 299,156,422 ashobora kurenga, ukomeje gutangwaho ibitekerezo n’inzego zinyuranye zirimo abafatanyabikorwa mu bigo bitegamiye kuri Leta, higwa uburyo uwo mushinga uzashyirwa mu bikorwa mu myaka 15 uzamara.



  • Umuhango w

    INES-Ruhengeri: Padiri Hagenimana Fabien na Padiri Jean Bosco Baribeshya bahererekanyije ububasha

    Padiri Dr. Hagenimana Fabien usoje manda ebyiri ayobora Ishuri rikuru ry’Ubumenyingiro INES-Ruhengeri, yabwiye abanyeshuri biga muri iryo shuri ko n’ubwo agiye mu zindi nshingano akibakunda, abasaba gukomeza umuhate, baharanira kugera ku cyo bashaka.



  • Gukorera iyicarubozo amatungo birahanirwa (ifito: Igihe)

    Sobanukirwa ibihano biteganyirizwa abakorera amatungo iyicarubozo

    Bamwe mu bacuruza amatungo n’abayagurira kuyorora no kuyabaga, bakomeje kugaragara bayatwara mu buryo butayahesha agaciro, aho inka zitwarwa mu modoka zipakiye mu buryo buzibangamiye akenshi zikaba zicucitse, rimwe zikazirikwa amaguru n’amahembe, aho zikoreshwa urugendo rurerure zitabasha kwinyagambura.



  • Urugaga rw

    Rulindo: Abagore bo muri FPR-Inkotanyi bujurije abatishoboye inzu 18

    Abagize urugaga rw’abagore rushamikiye ku muryango wa FPR-Inkotanyi mu Karere ka Rulindo, bujurije abatishoboye inzu 18, zifite agaciro k’Amafaranga y’u Rwanda agera kuri miliyoni 100.



  • Ingabire Marie Immaculée na Meya Ramuli Janvier nyuma yo gusinya ayo masezerano

    Musanze: Umushinga ‘Igihango cy’Ubunyangamugayo’ witezweho uruhare mu kurwanya ruswa

    Mu rwego rwo kwimakaza ubunyangamugayo mu micungire n’imitangire y’amasoko ya Leta, Akarere ka Musanze kakoze umushinga wiswe Igihango cy’ubunyangamugayo, uzacungwa ku bufatanye n’Umuryango urwanya ruswa n’akarengane ishami ry’u Rwanda (Transparency International Rwanda /TIR).



  • Musanze FC

    Musanze FC yazamuye urugero rw’igitinyiro - Meya Ramuli Janvier

    Umuyobozi w’Akarere ka Musanze, Ramuli Janvier, asanga umurongo ikipe ya Musanze FC irimo kugenderaho uyishyira ku rwego rw’ikipe y’igitinyiro, aho ngo izigiye guhura nayo ziba ziyifitiye ubwoba, avuga ko muri uyu mwaka igomba kugera kure hashoboka.



  • Bagannye ubudozi nyuma yo kuva mu burembetsi

    Burera: Abahoze mu burembetsi bahindutse abadozi b’icyitegererezo

    Abanyamuryango bagize ishyirahamwe ‘Inkanda Tailoring’, rikora ubudozi mu Murenge wa Kagogo mu Karere ka Burera, barishimira imibereho myiza bamaze kwigezaho babikesha umwuga bahangiwe w’ubudozi, watumye bava mu burembetsi.



  • Nteziyaremye Jean Pierre yatanze ubuhamya bwanyuze benshi

    Burera: Yiteguye gushinga uruganda nyuma yo kureka gutunda ibiyobyabwenge akiga umwuga

    Nteziyaremye Jean Pierre w’imyaka 49 wo mu Kagari ka Kagitega mu Murenge wa Cyanika mu Karere ka Burera, avuga ko yaretse ibikorwa bibi yahozemo aho yari umuhendebutsi, ahitamo kujya kwiga umwuga w’ububaji muri TVET Cyanika, akaba yiteguye kuzashinga uruganda.



  • Umujyi wa Kigali wongeye kuza inyuma mu gutanga Mituweli

    Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize (RSSB), iragaragaza ko ubwitabire mu kwishyura Mituweli 2022/2023, uturere tugize Umujyi wa Kigali tuza ku myanya itatu ya nyuma.



  • Amahugurwa bahawe abasigiye icyizere cy

    Abahuguwe ku bijyanye no gukumira inkangu bizeye ko zigiye kugabanuka

    Impuguke 60 ku bijyanye n’ibiza zaturutse hirya no hino mu Rwanda, barishimira ko amahugurwa y’icyumweru bari mu busesenguzi bwiga ku kibazo cy’inkangu n’ubuhaname bw’imisozi mu Rwanda, agiye kubafasha mu kurushaho gukumira inkangu zugarije tumwe mu duce tw’Igihugu.



  • Batatu muri aba bana bamaze kwwitaba Imana

    Nyabihu: Mu bana bane bavutse ari impanga batatu bamaze kwitaba Imana

    Nyuma y’uko Maniragena Clementine wo mu Kagari ka Kabatezi, Umurenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu, yibarutse abana bane b’impanga, ku gicamunsi cyo ku Cyumweru tariki 17 Nyakanga 2022, asigaranye umwana umwe kuko batatu bamaze kwitaba Imana.



  • Batatu muri aba bana bamaze kwwitaba Imana

    Nyabihu: Yabyaye impaga z’abana bane umwe yitaba Imana

    Maniragena Clemantine wo mu Kagari ka Kabatezi, Umurenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu, yibarutse abana bane, abahungu 2 n’abakobwa 2 ku gicamutsi cyo ku Cyumweru tariki 17 Nyakanga 2022, ariko agira ibyago umwe mu bahungu aza kwitaba Imana.



  • Musanze: Ikamyo yari ipakiye inzoga yafashwe n’inkongi

    Mu ma saa cyenda z’urukerera rwo ku itariki 17 Nyakanga 2022, ikamyo ya BRALIRWA yafashwe n’inkongi y’umuriro, Polisi ikorera i Musanze mu ishami rishinzwe kuzimya inkongi iratabara.



  • Bahawe impamyabumenyi y

    Aba Ofisiye 34 basoje amasomo mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda

    Abapolisi bakuru 34 baturutse mu bihugu binyuranye bya Afurika, basoje amasomo bari bamazemo umwaka mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda (Police Senior Command and Staff Course) aho bemeza ko bungutse ubumenyi buhanitse mu bijyanye n’umutekano, ndetse n’imiyoborere mu gipolisi, bashyikirizwa n’impamyabumenyi y’icyiciro cya (…)



  • Nuwumuremyi Jeannine wahoze ayobora Akarere ka Musanze

    Amajyaruguru: Abahoze bayobora uturere ubu bari mu yihe mirimo?

    Intara y’Amajyaruguru ni yo yagizemo impinduka nyinshi mu matora y’abayobozi b’uturere aherutse mu kwezi k’Ugushyingo 2021, aho 80% ni ukuvuga abayobozi bane kuri batanu bavuye muri izo nshingano, hasigara umwe witwa Uwanyirigira Marie Chantal uyobora Burera.



  • Mu Rwanda harabera amahugurwa ku ikoranabuhanga ryo gukumira inkangu

    Mu ishuri rikuru ry’Ubumenyingiro rya IPRC Musanze, harimo kubera amahugurwa (Summer School) y’icyumweru, yiga uburyo hashyirwaho ikoranabuhanga ryifashishwa mu kurwanya inkangu hafatwa neza ubutaka.



Izindi nkuru: