MENYA UMWANDITSI

  • Bavuga ko ayo mahugurwa ari ingirakamaro

    Bahuguriwe guhangana n’ishyirwa ry’abana mu gisirikare

    Mu Kigo cy’Igihugu cy’Amahoro (RPA) giherereye i Nyakinama mu Karere ka Musanze, kuri uyu wa Gatanu tariki 27 Mutarama 2023, hasojwe amahugurwa amaze iminsi 11, yitabiriwe n’Ingabo na Polisi b’u Rwanda, aho mu byo bahuguwe hibanzwe ku buryo bwo guhangana n’ibibazo byugarije Isi, by’abana bakomeje gushyirwa mu gisirikare.



  • Bahisemo kubaka ikiraro cyo mu kirere

    Ikiraro gisanzwe cya Gahira cyangijwe n’ibiza gisimbujwe icyo mu kirere

    Nyuma y’uko ikiraro gisanzwe cya Gahira, gihuza uturere twa Muhanga na Gakenke mu Mirenge ya Rongi na Ruli, cyakomeje kwangizwa n’amazi ya Nyabarongo, bigahagarika imigenderanire hagati y’utwo turere, hamaze kuzura icyo mu kirere.



  • Buri muryango wahawe matola zigera kuri enye

    Gakenke: Abararaga ku mashara batunguwe no guhabwa matola

    Abatishoboye bo mu Murenge wa Nemba n’abo mu Kagari ka Rusagara ko mu Murenge wa Gakenke, barishimira gutangira umwaka wa 2023 barara kuri matola nyuma y’imyaka babayeho birarira ku bishangi (amashara) nk’uko babivuga.



  • Ibiryo byo muri Botswana byatangaje benshi

    Menya amafunguro yihariye mu bihugu binyuranye bya Afurika

    Mu kumurika imico y’ibihugu byabo, abiga mu Ishuri rikuru rya Gisirikare ry’u Rwanda (Rwanda Defence Force Command and Staff College) riherereye i Musanze, bamuritse imico inyuranye, imwe itangaza abitabiriye ibirori.



  • Bashinze iryo tinda nyuma yo guhugurwa

    Musanze: Itsinda ‛Imboni z’ubuzima’, igisubizo mu gukumira ibyaha

    Itsinda ryihariye ryitwa Imboni z’ubuzima rigizwe n’urubyiruko rw’abakorerabushake, rikomeje gufatwa nk’ibisubizo mu kurwanya ibyaha byiganjemo magendu n’ibiyobyabwenge, bimwe mu byugarije Akarere ka Musanze.



  • Padiri Marlon Mucio

    Akomeje gusoma Misa n’ubwo ari mu byuma bimufasha guhumeka

    Padiri Marlon Mucio wo mu gihugu cya Brezil, urembeye mu bitaro aho arwaye indwara idasanzwe, akomeje gutura igitambo cya Misa mu gihe ari mu byuma bimufasha guhumeka.



  • Imitekere y

    Abiga mu ishuri rikuru rya Gisirikare bamuritse imico y’ibihugu byabo

    Ingabo 48 zo mu rwego rwa Ofisiye zituruka mu bihugu 11 byo muri Afurika, ziga mu ishuri rikuru rya Gisirikare ry’u Rwanda (Rwanda Defence Force Command and Staff College) riherereye i Nyakinama mu Karere ka Musanze, zamuritse imico y’ibihugu byabo.



  • Gicumbi: 12 bakekaga ko bahumanyijwe n’inyama bariye bavuye mu bitaro

    Abaturage bo mu Murenge wa Kaniga mu Karere ka Gicumbi, bari batashywe n’ubwoba nyuma yo kubona bamwe muri bo (12) bafatwa n’indwara yo munda, bakeka ko babitewe n’inyama z’inka bari bamaze iminsi bariye.



  • Gakenke: Yasanze umugore we amuca inyuma havuka imirwano

    Umugabo wo mu Kagari ka Bushoka mu Murenge wa Ruli mu Karere ka Gakenke, yasanze umugabo mu buriri bwe asambana n’umugore we, haba amakimbirane yavuyemo gukomeretsanya, birangira uko ari batatu bajyanywe mu bitaro bya Ruli.



  • ikipe y

    Football: Abapadiri ba Diyosezi ya Ruhengeri banyagiye ab’iya Muyinga 5-0

    Mu mukino wa Gicuti w’umupira w’amaguru wahuje ikipe y’Abapadiri ya Diyosezi Gatolika ya Ruhengeri n’iy’aba Diyosezi Gatolika ya Muyinga mu Burundi, warangiye Abapadiri ba Diyosezi ya Ruhengeri batsinde 5-0.



  • Ibi birori byabimburiwe n

    Burera: Barishimira ibyo FPR-Inkotanyi yabagejejeho mu myaka 35 imaze

    Hirya no hino mu turere, abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi bakomeje kwishimira isabukuru y’imyaka 35 uwo muryango umaze ushinzwe, bakaboneraho n’umwanya wo kwinjiza abanyamuryango bashya.



  • Nyirabarihima Veneranda yahitanwe n

    Gakenke: Umugabo n’umugore we bahitanywe n’impanuka mu gihe kitageze ku mwaka

    Umuryango wo mu Murenge wa Rushashi mu Karere ka Gakenke, uri mu kababaro nyuma y’uko umugore n’umugabo muri uwo muryango, bombi bitabye Imana bazize impanuka mu bihe bitandukanye.



  • Akarere ka Bugesera mu itangizwa ry

    Amarushanwa ‛Umurenge Kagame Cup 2023’ yongeye yagarutse

    Hirya no hino mu Rwanda, ku wa Gatandatu tariki 07 Mutarama 2023, habereye umuhango wo gutangiza amarushanwa Umurenge Kagame Cup, aho amakipe ahatana mupira w’amaguru, Volleyball, Basketball, imikino ngororamubiri (Atletisme), sitball n’umukino wo gusiganwa ku magare.



  • Abarimu bari mu mwuga batarize uburezi bagiye guhugurwa

    Abarimu bari mu mwuga batarize uburezi bagiye guhugurwa

    Urwego rw’Igihugu rushinzwe uburezi bw’ibanze (REB), rwasabye abarimu bigisha mu mashuri y’Incuke, abanza n’ayisumbuye badafite impamyabumenyi mu kwigisha, kwiyandikisha kugira ngo bazahabwe amasomo abagira abarimu b’umwuga.



  • Hari abafite impungenge zo gutakaza akazi kabo kubera kubura imodoka

    Musanze: Ubwinshi bw’abagenzi bwatumye bahera muri gare

    Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Mutarama 2023, muri gare ya Musanze hari umubare munini w’abagenzi binubira ibura ry’imodoka, abenshi bakavuga ko bamaze iminsi ibiri mu Karere ka Musanze bategereje imodoka, mu gihe bafite akazi i Kigali.



  • Gakenke: Babiri baguye mu mpanuka

    Kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Mutarama 2023, imodoka yo mu bwoko bwa Daihatsu yakoze impanuka babiri bahasiga ubuzima, umutandiboyi akomereka byoroheje.



  • Isantere ya Mukamira

    Sobanukirwa inkomoko y’izina ‘Mukamira’

    Mukamira ni imwe mu masantere akomeye y’Akarere ka Nyabihu, aho abenshi mu bahatuye badashidikanya kwemeza ko ariyo santere ifatwa nk’umujyi w’ako karere, n’ubwo hari na bake bemeza ko isantere ya Jenda ariyo iza imbere ya Mukamira.



  • Uru rusenda rukunzwe cyane mu mahanga rukomeje kwinjiriza abaturage amafaranga

    Rulindo: Basoje 2022 bakirigita ifaranga bakesha kuhira imyaka

    Abatuye Umurenge wa Buyoga, Burega na Ntarabana mu Karere ka Rulindo, basoje umwaka wa 2022 bakirigita ifaranga kubera iterambere bamaze kugeraho, babikesha ubuhinzi bujyanye n’igihe, buhira imyaka.



  • Uruganda rugiye gutunganya umwanda wo mu bwiherero ruwubyaza ifumbire

    Rulindo: Huzuye uruganda ruzajya rubyaza ifumbire umwanda wo mu bwiherero

    Mu Karere ka Rulindo, umwanda w’ubwiherero watangiye kubyazwa umusaruro, ahamaze kubakwa uruganda rutunganya uwo mwanda (vermifiltration plant), mu rwego rwo gufasha abaturage kubona ifumbire izajya ibafasha mu buhinzi bwabo.



  • Abantu barasabwa kwirinda ibiyobyabwenge kuko byangiza ubuzima

    Gicumbi: Hamenwe ibiyobyabwenge bitandukanye

    Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abatuye Akarere ka Gicumbi, bamennye banatwika ibiyobyabwenge birimo urumogi n’inzoga z’inkorano zitujuje ubuziranenge, kandi zitemewe gucururizwa mu Rwanda.



  • Bamwe mu byamamare byitabiriye umuhango wo kwita izina abana 20 b

    Ubukerarugendo 2022: Ibyamamare binyuranye byasuye u Rwanda

    U Rwanda ni kimwe mu bihugu mu ruhando rw’Isi bikungahaye ku byiza nyaburanga bikururira ba mukerarugendo kurusura, dore ko kandi ruri mu bihugu bifite ikirere cyiza cy’imberabyombi, bivuze ko ubukonje n’ubushyuhe biringaniye, ibyo bigatuma abasura u Rwanda bahishimira, uyu mwaka ibyamamare binyuranye bikaba byarahigereye.



  • Uwiragiye yishimiye impano yahawe n

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwahembye umubyeyi uherutse kwibaruka abana bane

    Ku wa Gatatu tariki 28 Ukuboza 2022, mu masaha y’igicamunsi, Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera wungirije ushinzwe imibereho myiza y’Abaturage, Imanishimwe Yvette na Murenzi Jean Marie Vianney uyobora ishami ry’imibereho myiza n’umuyobozi ushinzwe ubuzima mu Murenge wa Rilima, basuye Uwiragiye Marie Chantal uherutse kwibaruka (…)



  • Inkingo zirinda abana indwara nyinshi

    Menya inkomoko y’inkingo, uburyo zitangwa n’abo zigenewe

    Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC), gikomeje gahunda yo kongerera ubumenyi abanyamakuru kuri gahunda y’inkingo, mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kurushaho gusobanukirwa neza akamaro kazo.



  • Gicumbi: Babiri bitabye Imana bagwiriwe n’ikirombe

    Abasore babiri, Irafasha Donat na Ntakirutimana Noel, bo mu Mudugudu wa Nyarusange mu Kagari ka Kabare mu Murenge wa Ruvune mu Karere ka Gicumbi, bagwiriwe n’ikirombe bahasiga ubuzima, ubwo bacukuraga amabuye y’agaciro (Wolfram).



  • Uwiragiye wabyaye abana bane arasaba ubufasha

    Bugesera: Umubyeyi wabyaye abana bane arasaba ubufasha

    Umubyeyi witwa Uwiragiye Marie Chantal wo mu Karere ka Bugesera, yibarutse abana bane mu ijoro rya Noheli, nyuma y’imyaka 15 ategereje urubyaro.



  • Dr. Rose Mukankomeje yasabye Amashuri Makuru na Kaminuza guharanira ireme ry

    Kaminuza izongera kwakira umunyeshuri utujuje ibisabwa ishobora gufungwa

    Inama y’Igihugu ishinzwe Amashuri Makuru na Kamunuza (HEC), iremeza ko mu gihe ishuri rikuru cyangwa Kamunuza yakiriye umunyeshuri utujuje ibisabwa, bishobora kuyigiraho ingaruka zishobora no gutuma ifungirwa zimwe muri Programu zayo, byaba na ngombwa igafungwa burundu.



  • Abacuruza inyama baburiwe, abazigura basabwa kuba maso

    Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi (RICA), kiraburira uzafatwa acuruza inyama zitujuje ubuziranenge, gisaba n’abaguzi kuba maso cyane cyane muri ibi bihe by’iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani.



  • Fanfan Rwanyindo, Minisitiri w

    Ikiruhuko cy’iminsi mikuru cyongerewe

    Guverinoma y’u Rwanda, yongereye iminsi y’ikiruhuko yagenwe nyuma y’umunsi mukuru wa Noheli n’Ubunani, aho yavuye kuri ibiri igirwa ine. Byari bimenyerewe ko, Umunsi ukurikira Noheli (Boxing day) n’umunsi ukurikira Ubunani, ari yo ifatwa nk’ikiruhuko, ariko hagaragaye impinduk,a iyo minsi igirwa ibiri kuri buri munsi mukuru.



  • Musanze: Bahangayikishijwe n’uko uwababikiraga amafaranga y’ikimina yatorokanye Miliyoni 17 Frw

    Abaturage 297 bo mu Kagari ka Cyabagarura mu Murenge wa Musanze, Akarere ka Musanze, bari mu gihirahiro, nyuma y’uko uwari ababikiye miliyoni 17 mu kimina yayatorokanye.



Izindi nkuru: