Mu mukino wa mbere w’irushanwa ry’Agaciro, APR itsinzwe na Mukura kuri Penaliti nyuma yo kunganya 2-2.
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Mashami Vincent, yahamagaye abandi bakinnyi 11 bagomba gutegura umukino wa Ethiopira wo gushaka itike ya CHAN
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mupira w’amaguru imaze gukora imyitozo ya nyuma, kuri Stade Linite izaberaho umukino wayo na Seychelles kuri uyu wa Kane.
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Amavubi, ymaze kugera mu birwa bya Seychelles, aho bagomba gukina nayo kuri uyu wa Kane
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ubu irabarizwa mu mujyi wa Nairobi, aho ihaguruka mu ijoro yerekeza Seychelles
Umutoza w’ikipe y’igihugu Mashami Vincent yatangaje urutonde rw’abakinnyi 20 bagomba kwerekeza muri Seychelles mu rukererra rwo kuri uyu wa Kabiri
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Mukura ibitego 3-0, yegukana igikombe cyitiriwe Padiri Fraipont Ndagijimana washnze HVP Gatagara
Guhera tariki 06 kugera tariki 08/09/2019, mu Rwanda harabera irushanwa rya Taekwondo ryitiriwe Ambasaderi wa Koreya, rikaba rigiye kuba ku nshuro ya karindwi
Nyuma y’umunsi umwe ikipe ya APR Fc itangaje ko itazakina irushanwa AGACIRO FOOTBALL TOURNAMENT 2019, yamaze gutangaza ko byahindutse izitabira iri rushanwa
Ku mukino uzahuza ikipe ya Rayon Sports na Mukura VS kuri iki Cyumweru, ufite inoti y’igihumbi azabasha kureba uyu mukino wo Padiri Fraipont Ndagijimana
Ikipe ya APR FC yamaze ko itazitabira irushanwa ngarukamwaka "AGACIRO FOOTBALL TOURNAMENT", kubera imvune ndetse n’abakinnyi ifite mu Mavubi
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Mashami Vincent amaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi batangira kwitegura umukino wa Seychelles
Ikipe ya Rayon Sports isezerewe na Al Hilal yo muri Sudani nyuma yo kunganya ubusa ku busa muri Sudani
I Rubavu mu Burengerazuba bw’u Rwanda hasojwe igikombe cy’isi cya Volleyball, aho mu bagore cyegukanywe n’Abaholandi naho mu bagabo cyegukanwa n’Abayapani.
Ikipe ya AS Kigali itsinze KMC ibitego 2-1, ihita inayisezerera mu mikino ya CAF Confederation Cup
Mu mikino ya gisirikare iri kubera i Nairobi muri Kenya, ikipe y’ingabo z’u Rwanda yegukanye igikombe mu mupira w’amaguru
Muri CECAFA y’abatarengeje imyaka 15 iri kubera muri Eritrea, u Rwanda rwongeye gutsinda umukino warwo wa kabiri.
Nyuma yo kurekurwa na Rayon Sports, Bukuru Christophe yamaze gusinya imyaka ibiri muri Rayon Sports
Mashami Vincent wagizwe umutoza w’agateganyo w’Amavubi, yahawe abatoza bungirije ndetse n’umukoro uzasuzumwa mu mezi atatu.
Ikipe ya Rayon Sports yagombaga kwerekeza i Khartoum mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu, byaje guhinduka urugendo rujya imbere ho umunsi umwe.
Ikipe ya Bugesera yatunguranye isinyisha rutahizamu Francis Mustafa wakiniraga Gor Mahia Fc yo muri Kenya
Nyuma y’iminsi yari ishize arangije amasezerano ye, Mashami Vincent yagiriwe icyizere cyo gukomeza gutoza ikipe y’igihugu Amavubi.
Ikipe ya ya APR FC ihagarariye ingabo z’u Rwanda (RDF) mu mikino ya gisirikare iri kubera Uganda, yatsinze iy’ingabo z’u Burundi ibitego 3-0
Nyuma yo kuzamura ikipe ya Gasogi United mu cyiciro cya mbere ndetse banegukanye igikombe, Lomami Marcel na Kalisa Francois bamaze gutandukana n’iyi kipe.
Umutoza Kayiranga Baptista wigeze gutoza no gukinira ikipe ya Rayon Sports, ni we uhaba amahirwe yo gutoza Rayon Sports mu mukino wo kwishyura uzayihuza na El Hilal
Myugariro Munezero Fiston wari umaze imyaka akinira ikipe ya Musanze Fc, yamaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri muri Kiyovu Sports
Nyuma y’imyaka ine itera inkunga Sampiyona y’u Rwanda, Azam Tv yamaze kumenyesha Ferwafa ko ihagaritse ubufatanye bari bafitanye
Ku mukino wa mbere mu mikino ya gisirikare iri kubera i Nairobi muri Kenya, APR FC itsize UPDF igitego 1-0.
Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 15 yakoze imyitozo ya nyuma mbere yo kwerekeza muri CECAFA izabera muri Eritrea, aho ivuga ko ijyanye intego yo kwegukana igikombe
Ikipe y’Amagaju iheruka kumanuka mu cyiciro cya kabiri, yamaze gushyiraho Habimana Sosthene wahawe inshingano zo gukura Amagaju mu cyiciro cya kabiri