Umunyarwanda Munyaneza Didier ukinira Benediction Excel Energy yanikiye abandi mu gace ka kabiri ka Tour du Senegal, ahita yambara umupira w’umuhondo
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yamaze kwerekeza i Maputo muri Mozambique, aho agiye gukina umukino wa mbere mu guhatanira itike ya CAN 2021
Mu mukino wasozaga imikino y’umunsi wa munani wa shampiyona, Kiyovu Sports inganyije na APR FC kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yatangiye imyitozo yo gutegura imikino ibiri izahuramo na Mozambique na Cameroun mu cyumweru gitaha
Ikipe ya Rayon Sports yongeye kubona amanota atatu imbere ya Marines, mu mukino yayitsindiye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Mashami Vincent, yahamagaye urutonde rw’abakinnyi 27 bagomba kwitabira imikino ibiri ya Mozambique na Cameroun mu gushaka itike ya CAN.
Myugariro w’umunyarwanda Abdul Rwatubyaye, yatowe n’abafana nk’umukinnyi ukunzwe n’abafana mu ikipe ye mu mwaka wa 2019
Mu mukino w’umunsi wa munani wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, Police FC ihatsindiye Bugesera 2-1 ihita iyobora urutonde rwa shampiyona
Ikipe ya Rayon Sports yangiwe gukora imyitozo ku kibuga isanzwe ikoreraho imyitozo mu Nzove kuri uyu wa mbere
Mu mikino y’umunsi wa karindwi wa shampiyona, APR yatsinze Mukura naho Rayon Sports inganyiriza i Musanze
Uhiriwe Byiza Renus ukinira Benediction Excel Energy y’i Rubavu ni we wegukanye agace ka Rwanda Cycling Cup kakiniwe mu karere ka Muhanga
Amwe mu makipe yo mu cyiciro cya kabiri yamaze gusezera muri shampiyona y’uyu mwaka, aho amenshi yagiye agongwa n’ibibazo by’amikoro.
Umukino w’umunsi wa gatandatu wa shampiyona wahuzaga Gasogi United na Kiyovu Sports, urangiye amakipe yombi anganyije 1-1.
Umunyarwanda Mugisha Moise wari umaze iminsi ayoboye abandi muri Tour du Faso, amaze kuyitakaza nyuma yo gusigwa n’uwa mbere iminota irenga itatu.
Kakooza Nkuriza Charles uyobora Gasogi United yavuze ko yiteguye gufata ku gakanu Kiyovu bazakina kuri uyu wa Kane
Nyuma y’iminsi atagaragara mu kibuga, umukinnyi wo hagati Mugheni Fabrice yongeye kugaruka mu ikipe bwa mbere muri iyi shampiyona 2019/2020
Mu mukino wa shampiyona usoza indi y’umunsi wa gatanu, APR FC itsinze AS Muhanga ihita yongera kuyobora urutonde rwa shampiyona
Umunyarwanda Mugisha Moise yegukanye agace ka gatatu ahita anambara umwambaro w’uyoboye isiganwa
Mu isiganwa ry’amagare rizwi nka Tour du Faso riri kubera muri Burkina Faso, ikipe y’u Rwanda yaje ku mwanya wa kabiri
Ikipe ya Rayon Sports yerekeje i Nyagatare aho igiye gukina na Sunrise mu mukino w’umunsi wa gatanu wa shampiyona
Rutahizamu wa APR Fc Sugira Ernest yamaze guhagarikwa amezi abiri n’ikipe ye aho ashinjwa amakosa atandatu
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwemererwa ko imikino yose isigaje kwakira mu mikino ibanza izajya Saa kumi n’ebyiri z’umugoroba
Igihugu cy’u Rwanda mu mupira w’amaguru cyazamutseho umwanya umwe ku rutonde ngarukakwezi kwa FIFA rwasohotse uyu munsi
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru y’u Rwanda mu bagore, ntiramenya niba izitabira CECAFA y’ibihugu izabera i Dar es Salam mu kwezi gutaha
Rutahizamu wa APR FC wahagaritswe n’ikipe ye igihe kitazwi, yasabye iyi kipe n’abakunzi bayo imbabazi kubera amagambo aheruka gutangaza
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru yari igeze ku munsi wa kane, aho amakipe nka APR Fc na Rayon Sports zacyuye amanota atatu
Mu mukino usoje indi y’umunsi wa kane wa Shampiyona yabaye kuri uyu wa kabiri, Rayon Sports itsinze Bugesera ibitego 2-1.
Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports Jules Ulimwengu agiye kuyivamo, akerekeza mu ikipe yo mu Bushinwa ishobora kumutangaho Ibihumbi 50$
Rutahizamu w’ikipe ya APR FC Ernest Sugira biravugwa ko yamaze guhagarikwa n’ikipe ya APR FC nyuma y’ikiganiro aheruka kugirana n’itangazamakuru ari mu Mavubi
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mukino w’amagare igiye kongera kwitabira Tour du Faso yaherukaga kwitabira mu mwaka wa 2006