Nyuma y’iminsi akora igeragezwa mu ikipe ya Rayon Sports, rutahizamu Drissa Dagnogo yamaze kuyisinyira amasezerano y’imyaka ibiri
Umukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona ugomba guhuza Kiyovu Sports na Rayon Sports wamaze guhindurirwa amasaha n’ikibuga
Shampiyona y’icyiciro cya kabiri itangira kuri uyu wa Gatandatu, izakinwa hatarimo amakipe nk’Intare Fc na Kirehe zangiwe kubera kutuzuza ibyangombwa byasabwaga
Mu mukino w’umunsi wa cumi wa shampiyona waberaga kuri stade Mumena, Kiyovu Sports ihanyagiriye Bugesera ibitego 5-2
Ikipe ya Musanze nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya Heroes yafashe umwanzuro wo gusezerera umutoza mukuru n’uwari umwungirije kubera umusaruro muke
Mu mikino y’umunsi wa 10 wa shampiyona, APR FC itsindiye i Nyagatare mu mukino utari woroshye, Gasogi nayo itsinda Gicumbi igitego 1-0 kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Akarere ka Musanze karatangaza ko kamaze kunoza umushinga wo gutangiza ikipe y’umukino w’amagare, ikazatangira guhatana mu mwaka utaha wa 2020
Shampiyona y’icyiciroc ya mbere mu mpira w’amaguru irakomeza kuri uyu wa Kabiri, aho abakinnyi barindwi batemerewe gukina imikino y’umunsi wa cumi kubera amakarita
Umutoza Seninga Innocent wari umaze amezi make yongeye kugirwa umutoza mushya wa Bugesera yamaze gusesa amasezerano n’iyi kipe
Ku mukino w’umunsi wa cyenda wahuje ikipe ya Rayon Sports yari yakiriwe na Gicumbi Fc, abafana ba Rayon Sports bagiye kubona igitego imitima yenda guhagarara
Rayon Sports itsinze Gicumbi igitego 1-0, cyatsinzwe na Michael Sarpong ku mukino wabereye kuri stade ya Kigali i Nyamirambo
Umunyarwanda Meddie Kagere yashyizwe ku rutonde rw’abakinnyi bazatoranywamo uwahize abandi mu marushanwa ya CAF 2019
Umukino w’umunsi wa cyenda wa shampiyona wahuje AS Kigali na Kiyovu Sports kuri uyu wa Gatandatu, warangiye amakipe yombi anganya ubusa ku busa
Ikipe ya Gicumbi FC iratangaza ko yiteguye gutsinda Rayon Sports ikava ku mwanya wa nyuma imazeho iminsi
Ku mukino w’umunsi wa cyenda wa shampiyona wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, APR FC ihatsindiye ESPOIR ibitego 3-1 ihita isubira ku mwanya wa mbere
Tour du Rwanda igiye gukinwa ku nshuro ya 12, izarangwa n’imwe mu mihanda mishya izaba inyurwamo mu irushnawa rizaba muri Gashyantare-Werurwe 2020
Rutahizamu wa APR FC Sugira Ernest akomeje gukorera imyitozo mu ikipe y’abakiri bato ya APR FC, mu gushyira mu bikorwa ibihano yahawe n’ikipe ye
Imyaka ibaye 10 isiganwa mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda, ’Tour du Rwanda’ ribaye mpuzamahanga, aho kugeza ubu ryamaze guhindura icyiciro ribarizwamo.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Ugushyingo 2019 ni bwo bizaba ari ibirori mu mihanda yo mu karere ka Gasabo, aho hazaba hakinwa irushanwa rya nyuma muri shampiyona yo gusiganwa ku ma modoka.
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi Tuyisenge Jacques, yashimiye ikipe ya Etincelles yakiniye imyaka ine, ayiha imyambaro ifite agaciro ka Miliyoni hafi eshatu
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda itsindiwe kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo na Cameroun igitego 1-0, bituma ajya ku mwanya wa nyuma mu itsinda
Umunyarwanda Munyaneza Didier ukinira ikipe ya Benediction Excel Energy y’i Rubavu yegukanye Tour du Senegal yasorejwe mu mujyi wa Dakar
Mu mukino w’umunsi wa mbere wo guhatanira itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika cya 2021, Amavubi atsindiwe i Maputo na Mozambique ibitego 2-0
Ku mukino ikipe y’u Rwanda na Cameroun zizakinira i Kigali kuri iki cyumweru, hatangajwe ahantu icyenda hazacucurizwa amatike kuri uyu mukino
Myugariro w’Amavubi Emery Bayisenge ntakina umukino Amavubi aza guhuramo na Mozambique ku i Saa kumi n’ebyiri z’umugoroba uyu munsi
Umunyarwanda Mugisha Samuel ukina umukino w’amagare yamaze gusinya umwaka mu ikipe yo mu Bufaransa
Ikipe y’igihugu ya Mozambique yamaze kubona abaterankunga babiri mbere y’uko ihura n’Amavubi y’u Rwanda kuri uyu wa Kane tariki 14/11/2019
Abayobozi b’amakipe ya Rayon Sports na Gasogi United bahize ubutwari mbere y’umukino uzabahuza kuri uyu wa Gatanu.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yakoze urugendo rwo kunanura imitsi i Maputo muri Mozambique, mbere y’uko baza gukora imyitozo kuri uyu mugoroba
Masudi Juma wari umaze iminsi ari umutoza wa Bukavu Dawa yo muri RD Congo yamaze kwemezwa nk’umutoza mukuru wa Bugesera FC