Mu mikino yo kwsihyura mu ijonjora ry’ibanze ry’igikombe cy’Amahoro, ikipe ya AS Kigali yakatishije itike ya 1/8, mu gihe Kiyovu igitegereje uko indi mikino izagenda
Ikipe ya ESPOIR yo mu karere ka Rusizi yamaze gusezera mu gikombe cy’Amahoro cya 2020, aho yari imaze gukina umukino umwe ubanza.
Mu mikino y’umunsi wa 19 wa Shampiyona yakinwe kuri iki Cyumweru, Rayon Sports yatsinze Bugesera 1-0, APR nayo yihererana Marines
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gufatirwa ibihano, aho yamenyeshejwe ko nta mukino wa gicuti n’umwe yemerewe kwitabira mu Rwanda no hanze, kubera kutitabira irushanwa ry’Ubutwari
Mu gihe haza gukinwa umunsi wa 19 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, abakinnyi barindwi ntibemrewe gukina kubera amakarita
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi igiye gukina imikino ibiri ya gicuti mu mpera z’uku kwezi, mu rwego rwo kwitegura imikino ya CHAN
Mu mukino w’igikombe cy’Amahoro wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, Rayon Sports yanyagiye Intare FC ibitego 4-0
Mu mikino yabimburiye indi yo guhatanira igikombe cy’Amahoro 2020, ikipe ya APR FC itsinze Etoile de l’Est igitego 1-0 ku munota wa nyuma, mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Irushanwa ry’Ubutwari mu mikino itandukanye ryaraye risojwe kuri iki Cyumweru mu mikino yari isigaye, aho yakinwe mu byiciro by’abagabo n’abagore
kipe ya Police HC mu bagabo na Kaminuza ishami rya Huye mu bagore ni bo begukanye igikombe cy’Ubutwari cyasojwe kuri iki cyumweru ku Mulindi w’Intwari.
Ikipe ya APR FC cyahariwe kuzirikana intwari z’u Rwanda nyuma yo kurangiza imikino itatu iri ku mwanya wa mbere
Ba rutahizamu babiri ba Rayon Sports bari bamaze iminsi bari mu igeragezwa mu bushinwa bagiye kugaruka gukinira Rayon Sports.
Ikipe ya Kiyovu Sports yatsinzwe na Police FC ibitego 2-1, mu mukino w’umunsi wa mbere mu gikombe cy’Ubutwari.
Ikipe ya APR FC itangiye igikombe cy’Ubutwari itsinda Mukura mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Ku cyicaro cy’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda “Ferwafa”, habereye Tombola y’uko amakipe azahura mu gikombe cy’Amahoro, aho Kiyovu na AS Kigali zakinnye umukino wa nyuma zahise zicakirana
Muri uyu mwaka u Rwanda rurakira ku nshuro ya cumi kabiri isiganwa mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda Tour du Rwanda, aho habura ukwezi gusa kugira ngo iri siganwa ritangire
Mu gace ka kane k’isiganwa La Tropicale Amissa Bongo ribera muri Gabon, Areruya Joseph yaje ku mwanya wa kabiri ahembwa nk’uwarushije abandi guhatana
Myugariro Kayumba Soter uheruka gusinyira rayon Sports yamaze kubona ibyangombwa bimwemerera gukina shampiyona muri uyu mwaka w’imikino
Guhera mu mpera z’iki cyumweru mu Rwanda harakinwa imikino igamije kuzirikana intwari z’u Rwanda, aho izaba mu mikino itandukanye
Kuri uyu wa Kabiri i Cairo mu Misiri habereye Tombola y’amatsinda mu gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Qatar
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha rutahizamu witwa Bannen Philippe Arthur ukomoka muri Cameroun
Mu nama yateranye kuri iki Cyumweru kuri Muhazi, abanyamuryango ba Rayon Sports bafashe imyanzuro irimo kuvugurura amategeko, gutangira sosiyete y’ubucuruzi n’ibindi.
Muhitira Felicien uzwi ku izina rya Magare, ni we wegukanye isiganwa ry’amaguru ryiswe ‘Huye Half Marathon’ mu bagabo ryabereye mu Karere ka Huye.
Nyuma yo gusoza amasezerano mu kwa 12/2019, umutoza Mashami Vincent araza kongererwa amasezerano nk’umutoza mukuru w’Amavubi
Rutahizamu Bizimana Yannick ni we wegukanye igihembo cy’umukinnyi w’ukwezi muri Rayon Sports cyatanzwe kuri uyu wa Gatatu
Umukinnyi wo mu kibuga hagati Ally Niyonzima amaze gusinyira ikipe ya Rayon Sports, akaba agomba gutangira kuyikira muri iyi mikino yo kwishyura
Mu mpera z’iki Cyumweru ubwo shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda iza kuba ikomeza, hategerejwe bamwe mu bakinnyi batari baremerewe gukina imikino ibiri iheruka.
Umukinnyi wa Rayon Sports Iranzi Jean Claude yerekeje mu Misiri aho agiye gukora igeragezwa mu ikipe yo mu cyiciro cya mbere
Rutahizamu wa Bugesera Shabban Hussein Tchabalala, agiye kwerekeza mu Bushinwa gukora igerageza muri imwe mu makipe yaho