Mu Rwanda mu ngingo ya 49 y’itegeko riteganya ibyaha n’ibihano rya 2018, itegeko riteganya ko umucamanza agena igihano ku cyaha cyakozwe hashingiwe ku buremere bwacyo, ingaruka cyateje, icyateye icyaha n’ibindi. Iyo bigeze mu gihe cy’ikatira (sentencing) ni ho dushobora kubona igihano cyagabanutse cyangwa kiyongereye cyane (...)
Jean Kambanda wabaye Minisitiri w’Intebe muri Leta yiyise iy’Abatabazi ubwo yatabwaga muri yombi uwahakanaga ibyaha byose yatunguye abantu imbere y’urukiko yiyemerera ibyaha byose yashinjwaga aza no gukatirwa igifungo cya burundu.
Irage ni igikorwa mbonezamategeko, kigirwa n’umwe mu bo kireba. Gishobora guseswa kandi kigakorwa muri bumwe mu buryo buteganywa n’itegeko, aho umuntu agena amerekezo y’ibintu bye igihe azaba atakiriho. Uraga afite uburenganzira bwo gutanga indagano ku muntu ashaka yaba uwo bafitanye isano cyangwa uwo (...)
Nk’uko biteganwa mu ngingo ya gatatu y’itegeko ry’umurimo N° 66/2018 ryo ku wa 30/08/2018 ryaje risimbura irya 2009 mu gice cy’igisobanuro cy’amagambo, risobanura ko ikosa rikomeye ko ari ikosa rikozwe n’umukozi, hashingiwe ku buremere by’icyakozwe, ikitakozwe, imyitwarire, uburyo ryakozwemo cyangwa ingaruka ryateje ku buryo (...)
Umunya-Argentine w’icyamamare mu mupira w’amaguru Diego Maradona wari uherutse kuva mu bitaro aho yari yarabazwe ku gice cy’ubwonko, yapfuye.
Mu rukiko uregwa n’urega baba bafite uburenganzira bwo kugaragara mu rukiko mu iburanisha ku kirego cyatanzwe. Uregwa ahabwa ubutumire buba bukubiyemo icyaha gikurikiranywe, itegeko rigihana n’urukiko rwaregewe, ahantu, umunsi n’isaha by’iburanisha.
Mu itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ryasohotse mu 2018 no mu iteka rya Minisitiri w’Ubuzima rya 2019, gukuramo inda ntibyemewe, gusa harimo ingingo iteganya ukutaryozwa mu mategeko icyaha cyo gukuramo inda.
Nzayisenga Charlotte na Cyuzuzo Yvette bakinira ikipe ya UTB n’ikipe y’igihugu y’abagore ya Volleyball barasaba abantu guhindura imyumvire ivuga ko abakinnyi b’abagore bakora imyitozo myinshi bashobora gutakaza uburanga bikanabagiraho ingaruka zo kubura abo (...)
Mu gihe amasezerano y’umunyamerika Magnell Sterling wari usanzwe atoza Team Rwanda arimo agera ku musozo, ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (Ferwacy) mu gihe rikomeje ibiganiro na we ryabaye rishyizeho umutoza w’agateganyo Sempoma Félix.
Kuzungura ni uguhabwa uburenganzira n’inshingano ku mutungo n’imyenda by’uwapfuye. Guhera ku munsi izungura ryatangiriyeho, umuzungura, yaba uzungura ku bw’irage cyangwa ku bw’itegeko yitwa umuzungura iyo abyemeye.
Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 28 Ukwakira 2020, umukinnyi wo hagati ufasha abataha izamu wa APR FC Ishimwe Kevin yahagaritswe by’agateganyo n’ubuyobozi bwa APR FC azira gusuzugura umutoza we.
Ikipe y’igihugu ya Mozambique bita Inzoka z’Imbarabara (Os Mambas) ifite imikino ibiri izahuriramo na Cameroun mu itsinda rya Gatandatu mu gushaka itike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika.
Luís Carlos Almeida da Cunha wamenyekanye nka NANI ni umwe mu bakinnyi bakomoka muri iki kirwa gituwe n’abaturage bari munsi ya miliyoni imwe.
Hari igihe wumva umuntu ukurikiranyweho icyaha ngo yafunzwe iminsi 30 y’agateganyo, hanyuma yashira wari witeze ko arekurwa, aho kugira ngo bibe, ikongera ikongerwa. Ese biba byagenze gute? Ese kuyongera hari ingingo z’amategeko biba binyuranyije na zo? Ni byo iyi nkuru isobanura, kugira ngo abantu barusheho gusobanukirwa (...)
Ikipe yo mu Ntara y’Amajepfo mu Karere ka Huye, Mukura Victory Sports & Loisir, yamaze gusinyana amasezerano y’imyaka ine n’uruganda rukora imyenda rwitwa ‘Masita’ rubarizwa mu Buholandi.
Mukura Victory Sports ikomeje inzira y’ibiganiro n’uruganda rwa MASITA rw’ahitwa Sittard mu Buholandi ruzwiho gukora imyenda ya siporo ndetse n’ibindi bikoresho bikoreshwa mu mikino itandukanye.
Umutoza w’umunya-Brazil Roberto Oliveira Goncalves de Carmo uzwi nka Robertinho wotoje Rayon Sports akayigeza mu cyiciro cy’amatsinda ya CAF Confederation cup yamaze kwerekeza mu ikipe ya Gormahia.
Mu batoza batatu bashakaga akazi ko gutoza Mukura VS, ubuyobozi bwemeje ko umutoza Bahloul Djilali ari we uzatoza iyi kipe mu myaka ibiri iri imbere, anasabwa kwegukana igikombe kizatuma yongera gusohoka.
Samuel Mugisha witegura gukina Shampiyona y’isi y’amagare ibera Imola mu Butaliyani guhera kuri uyu wa kane kugeza ku cyumweru, mu kiganiro yagiranye na KT Radio yavuze ko yiteguye kwitwara neza, anakomoza ku ntego afite nyuma yo kwerekeza mu ikipe nshya mu Bufaransa aho yifuza kuzakina Tour de France mu myaka ibiri iri (...)
Mu kiganiro umukuru w’abafana ba Kiyovu akaba n’umuvugizi wayo yagiranye na KT RADIO, yavuze ko Gasogi United nubwo yavukiye mu mujyi bizayigora gufata umujyi nk’uko Kiyovu yabigezeho, anavuga ko nta bibazo biri muri Kiyovu ahubwo ku bwe ngo Kiyovu Sports ni umukobwa mwiza ushakishwa na (...)
Umunsi wa mbere wa Shampiyona y’u Bwongereza wahiriye ikipe ya Arsenal, Liverpool na Crystal Palace zegukanye intsinzi. Ikipe ya Arsenal na Fulham ni zo zafunguye shampiyona mu mukino wabereye kuri Stade ya Craven Cottage.
Umunyezamu Bashunga Abouba wamenyekanye mu makipe nka Rayon Sports, Bandari yo muri Kenya na Buildcon yo muri Zambia kuri ubu akaba aharutse gisinya amasezerano mu ikipe ya Mukura Victory Sports, yavuze ko ikipe ya Mukura Victory Sports ari yo aha amahirwe kurusha andi makipe ku gikombe cya shampiyona ya (...)
Kuri uyu wa Gatatu tariki 02 Nzeri 2020 nibwo uyu mutoza ukomoka muri Espagne yashyikirije ibaruwa isezera ubuyobozi bwa Mukura Victory Sport yari amazemo umwaka, yerekeza mu ikipe ya Real de Minas yo muri Honduras.
Ikipe ya Arsenal yegukanye igikombe cya FA Community Shield gihuza ikipe yegukanye igikombe cy’igihugu (FA) n’iyegukanye igikombe cya shampiyona mu Bwongereza , nyuma yo gutsinda Liverpool kuri penaliti mu gihe umukino wari warangiye banganya igitego (...)
Harry Maguire kuri ubu uri mu gihugu cy’u Bugereki aho yari yagiye mu biruhuko, yakatiwe igifungo cy’amezi 21 n’iminsi 10, nyuma yo gushinjwa ibyaha bitatu birimo gukubita abashinzwe umutekano, kubatuka no kugerageza gutanga ruswa yitwaje ubwamamare bwe ngo (...)
Hari hashize iminsi myinshi amakuru acicikana ko ikipe ya Simba Sports Club yo mu gihugu cya Tanzania yamaze kumvikana na rutahizamu Michael Sarpong ukomoka mu gihugu cya Ghana, gusa amakuru agezweho kuri ubu ni uko uyu mukinnyi yamaze gusinyira mukeba wa Simba ari we Young (...)
Iyo umwaka ushojwe buri gihe amakipe atangira kwiyubaka. Mu gushaka kwiyubaka ni ho usanga amakipe amwe n’amwe ajya ku isoko akagonganira ku bakinnyi bitewe n’uko buri wese aba yifuza kubona abakinnyi b’indobanure, mu gihe abakinnyi na bo baba bifuza amakipe yifite abaha umutekano wo kuzabona ibyo (...)
Umuzamu wa APR FC, Ntwali Fiacre uri mu bazamu bahabwa amahirwe na benshi yo kwigaragaza mu bihe biri imbere, yatijwe Ikipe ya Marines FC isanzwe ifitanye umubano wo guhana abakinnyi na APR FC, kugira ngo abone umwanya uhagije wo gukina.
Umukinnyi Yumba Kaite wari waratandukanye n’Amagaju yamaze kwemeza ko agiye gusubira gukinira iyi kipe akayifasha kongera kuzamuka mu cyiciro cya mbere.
Akarere ka Musanze kagabanyije inkunga kagenera iyi kipe mu nama yabaye ku wa 11 Kanama 2020 aho abari bayirimo banzuye ko Akarere kazaha iyi kipe miliyoni 85 z’amafaranga y’u Rwanda mu mwaka w’imikino wa 2020/2021 mu gihe mu mwaka ushize kari kayigeneye miliyoni (...)