Irushanwa ngarukamwaka ritegurwa na Seminari Nto ya Karubanda (Petit Seminaire Virgo Fidelis) mu rwego rwo kwibuka Alphonse Rutsindura wahoze ari umutoza w’iki kigo bwa mbere rigiye kwitabirwa n’amakipe 35 .
Kuri uyu wa kabiri i Nyamata mu Bugesera habereye umukino w’igikombe cy’Amahoro wari usigaye muri 1/8 hagati ya Bugesera na As Muhanga, Bugesera inyagira Muhanga iranayisezerera
Rusanganwa Fredric Ntare, wamenyekanye mu ikipe ya Mukura, APR FC no mu ikipe y’Igihugu Amavubi yavuze ko yatorotse kubera impungenge z’ubuzima bwa nyuma y’Umupira.
Nyuma yuko habaye ijonjora ribanza rya 1/32 ku makipe yo mu cyiciro cya kabiri n’ayo mu cya mbere ataritwaye neza mu gikombe cy’Amahoro 2016, kuri uyu 05 Mata 2017, habaye tombola ya 1/16, hamenyekana uburyo amakipe azahura ahatanira iki gikombe giheruka kwegukanwa n’Ikipe ya Rayon Sports.
Sheikh Hamdan wiyamamariza kuyobora ihuriro rizwi nk’Ijabo Ryawe aravuga ko nyuma y’igihe kirekire umupira w’abana utitabwaho yiteguye kuwuvana mu mvugo no mu mpapuro akawushyira mu bikorwa.
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA Nzamwita aratangaza ko mu kwezi kumwe ari bwo azatangaza niba aziyamamariza manda ya kabiri yo kuyobora FERWAFA .
Bizimana Abdu azwi nka Bekeni ubu ni umutoza Mukuru w’ikipe ya Virunga FC yo muri Congo (DRC) muri shampiyona ya Linafoot.
Umujyi wa Rubavu uherereye mu Burengerazuba bw’u Rwanda ni agace abakurikirana ruhago bahaye inyito ya Brazil y’u Rwanda.