MENYA UMWANDITSI

  • Nyakabwa Lucien

    Indirimbo ‘Dina’ ya Nyakabwa Lucien yayihimbiye umukobwa yakundaga

    Nyakabwa Lucien waririmbye Rubunda ku mazi, Nyiragitariro, Dina, Ihogoza, Mwana wa mama, Ikica amahirwe gitera uburwayi n’izindi, yatabarutse mu 1995 afite imyaka 41 gusa asiga ibihangano bitari byinshi kuri Radio Rwanda ariko yigeze no kuririmbana na Nkurunziza François mu ndirimbo Uko nagiye i Buganda.



  • Kagambage Alexandre

    Menya amateka y’umuhanzi Kagambage Alexandre mwene Nzogiroshya

    Kagambage Alexandre wamenyekanye cyane mu ndirimbo z’ibirori by’ubukwe, ni umwe mu bahanzi bafite ibigwi byihagazeho muri muzika nyarwanda, akaba yaracuranze mu matsinda atandukanye yo hambere arimo Les Unis, Super Alouette na Uruyanjye ariko nyuma yaje kwicurangira wenyine (solo).



  • Amateka ya Shyaka Gérard waririmbye ‘Délira’

    Umuhanzi utarabigize umwuga Shyaka Gérard wamenyekanye cyane mu ndirimbo Délira, avuga ko ubuzima bwe ari urugendo rurerure cyane ariko akaba anyuzwe n’uko abayeho ubu.



  • Ibimenyetso 5/10 byereka umukobwa ko umuhungu amukunda

    Ubushize twabagejejeho bimwe mu bimenyetso bishobora kwereka umuhungu ko umukobwa amukunda, ubu noneho reka turebere hamwe ibimenyetso 5 mu 10 byereka umukobwa ko umuhungu amukunda.



  • Semu wahoze muri Orchestre Impala

    Umuhanzi Semu yatabarutse kera asiga icyuho kinini mu itsinda Impala

    Umuhanzi Semu Jean Berchimas bakundaga kwita Semu wa Semu, ni umwe mu bari bagize itsinda (orchestre) Impala, witabye Imana ahagana mu 1983 Impala zimaze kwigarurira imitima y’Abanyarwanda benshi kubera kumenya guhuriza hamwe ubuhanga bwa buri wese mu buryo bwe.



  • Bizimana Loti n

    NYIRINGANZO: Umuhanzi Bizimana Loti, umwe mu ntiti zo hambere mu Rwanda

    Umuhanzi Bizimana Loti wamenyekanye cyane mu ndirimbo “Nitwa Patoro”, ni umwe mu Banyarwanda bake babonye impamyabumenyi ya kaminuza mbere ya za 80 ariko hanze y’u Rwanda kuko yayiboneye i Burundi mu 1976.



  • Amateka ya Kapiteni Nsengiyumva Bernard waririmbye ‘Adela Mukasine’

    Kapiteni Bernard Nsengiyumva yari umuhanzi n’umucuranzi w’umuhanga waririmbye mu matsinda (orchestres) atandukanye, akagira n’indirimbo ze bwite zirimo: Adela Mukasine, Inderabuzima, Umubyeyi utwite, n’izindi yagiye ahimba mu rwego rwa gahunda z’ibikorwa by’igihugu.



  • Amateka ya Sebatunzi Joseph wacurangiye Umwami Rudahigwa

    Umukirigita-nanga akaba n’umuririmbyi, nyakwigendera Sebatunzi Joseph, ni umwe mu bahanzi ndangamuco ba mbere mu Rwanda barusigiye ibihangano bikunzwe na benshi, by’umwihariko abakunda indirimbo zicurangishije inanga.



  • Ibintu bitanu (5/10) bigaragaza ko umukobwa agukunda (IGICE CYA KABIRI)

    1. Akureshya atiriwe akoresha amagambo Iyo umukobwa yagukunze, hari igihe ushobora kubyitiranya no kubura ibyicaro, nyamara umukobwa ashobora gukoresha ibimenyetso bidasanzwe ngo abikwereke wowe ukaba wabifata ukundi. Hari umukobwa ukunda umuhungu akabigaragaza yizengurutsa imbere ye, mu buryo ubona ko ashaka kukwiyereka (…)



  • Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania

    Perezida Samia Suluhu Hassan ni muntu ki?

    Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan, yavutse ku itariki 27 Mutarama 1960, ni Perezida wa gatandatu wa Tanzania, wo mu ishyaka riri ku butegetsi rya Chama Cha Mapinduzi (CCM).



  • Gare ya Kigali 2000 - 2014

    Amafoto: Kigali 1986 - 2021

    Iterambere Umujyi wa Kigali umaze kugeraho rigaragarira cyane cyane mu igereranya ry’uko umujyi wagaragaraga mu myaka ishize n’uko ugaragara ubu. Kigali Today yabakusanyirije amwe mu mafoto yo hambere agaragaza uko uduce dutandukanye twari tumeze ugereranyije n’uko twagiye tuvugururwa.



  • Dore ibintu bitanu (5/15) bigaragaza ko umukobwa agukunda (Igice cya mbere)

    Buri muntu agira uwo akunda kandi na we akifuza ko amukunda, ariko mu ntangiriro ugasanga bigoye kumenya niba uwo wifuzaho urukundo na we ari ko bimeze.



  • Dr Sabin Nsanzimana, Umuyobozi mukuru wa RBC

    Kuba inkingo zikorwa mu myaka 10, ntibivuze ko urwa Covid-19 rutizewe - RBC

    Ikigo cy’igihugu cyita ku buzima mu Rwanda (RBC) kiravuga ko inkingo za Covid-19 zitagombye gutera abantu impungenge, kubera ko amakuru atangwa kuri iyo ndwara akomeje kugenda ahindagurika.



  • Mike Davis

    Kuba muri Amerika (USA) ntibyoroshye - Mike Davis

    Umunyamerika w’impuguke mu by’ubucuruzi no kwihangira imirimo ukorera muri Uganda bwana Mike Davis, aravuga ko akunze guhura n’abantu benshi bifuza kwimukira muri Amerika bakajya kuba abaturage baho burundu.



  • Umuyobozi wa Dusangire Ltd arafunze nyuma y’uko abakozi be babiri bapfiriye ku kazi

    Urwego rw’Ubugenzacyaha rw’u Rwanda (RIB) rwataye muri yombi uwitwa Uwamariya Beata, akaba nyiri uruganda Dusangire Ltd rwenga inzoga isembuye yitwa Dusangire. RIB yabwiye itangazamakuru ko Uwamariya w’imyaka 49 yatawe muri yombi kubera abakozi be babiri bitabye Imana baguye muri tanki (tank) irimo alukoro (alcohol), (…)



  • Jacob Désvarieux

    Jacob Désvarieux wo mu itsinda Kassav’ yitabye Imana azize Covid-19

    Umuyobozi w’itsinda ry’abahanzi ba Kassav’ Jacob Désvarieux yitabye Imana mu ijoro ryakeye azize uburwayi. Nyakwigendera yari amaze igihe gito mu bitaro kuva ku itariki 12 Nyakanga 2021, nyuma y’uko yari amaze kumenya ko yanduye Covid-19 we ubwe agahita asaba ko bamujyana kwa muganga.



  • Umutare Gaby n

    Umutare Gaby agarutse muri muzika

    Umutare Gaby wari umaze igihe atagaragara mu ruhando rw’abahanzi, yongeye kugaruka mu mwuga n’indirimbo nshya aheruka guhimba yitwa ‘Umuntu’, ikaba ivuga ku mugore we n’umwana wabo.



  • Wa mwana wavutse afite umwenge ku mutima yitabye Imana

    Irasubiza Chris (nyakwigendera) ni umwe mu mpanga ebyiri zabyawe na Mutezimana Venantie wo mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo, Irasubiza akaba yari amaze imyaka irenga ibiri arwana n’ubuzima kubera ikibazo cy’umutima wari umaze kuzamo imyenge itatu.



  • Iyo nkongi yatewe n

    Imbabura yateje inkongi yangiza ibifite agaciro karenga miliyoni eshanu (Video)

    Mu Kagari ka Tetero Umurenge wa Muhima mu mudugudu wa Tetero hafi y’ahahoze isoko rya Nyabugogo, habereye impanuka y’inkongi y’umuriro yangije ibintu birimo inzi zo guturamo, ibikoresho by’ubudozi bwa made in Rwanda n’idepo y’amakara, byose hamwe bifite agaciro kari hejuru ya miliyoni zirenga eshanu z’Amafaranga y’u Rwanda.



  • Maradona na Platini imvugo ntabwo yabaye ingiro

    Mu buzima hari igihe umuntu yiyemeza ibintu ndetse akanabishyira ku mugaragaro, ariko burya ngo bucya bucyana ayandi. Mu 1986, ikipe y’umupira w’amaguru ya Argentine yakinnye umukino wa gishuti n’iy’u Bufaransa, wari ugamije kwamagana ibiyobyabwenge na ruswa.



  • Imibiri y

    IBUKA: Leta izabingingira gutanga amakuru kugeza ryari?

    Mu gikorwa cyo gushakisha imibiri y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ngo bashyingurwe mu cyubahiro, umuyobozi wa IBUKA mu Karere ka Nyarugenge, Rutayisire Masengo Gilbert, yavuze ko u Rwanda ari igihugu kigendera ku mategeko, bityo akaba atumva impamvu abazi aho imibiri iherereye banga kubivuga kandi ntawe (…)



  • Kwibuka27: Menya uko isanduku yo gushyingura mu cyubahiro igomba kuba iteye

    Hirya no hino mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi bafatanyije n’ubuyobozi ku rwego rw’akarere na IBUKA, bari mu gikorwa cyo gutaburura imibiri y’abishwe muri Jenoside yashyinguwe aho itagomba kuba, kugira ngo izashyingurwe mu rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro ku ya 1 (…)



  • Kenneth Kaunda

    Kenneth Kaunda: Umwe mu bakuru b’ibihugu mbarwa bemeye gutsindwa nta mananiza

    Nyakwigendera Dr Kenneth David Kaunda wakundaga ko bamwita KK, ni we wabaye Perezida wa mbere wa Zambia, kuva mu 1964 Zambia ibona ubwigenge kugeza mu 1991, ku ngoma yari iyobowe n’ishyaka rye United National Independence Party (UNIP).



  • Marjorie Taylor Greene

    Amerika: Umudepite yasabye imbabazi kubera amagambo yavuze ku gapfukamunwa

    Umudepite wo mu ishyaka ry’Abarepubulikani yasabye imbabazi nyuma yo gusanisha agapfukamunwa ka Konoravirusi n’ihohoterwa Abayahudi bakorerwaga n’aba Nazi mu Budage.



  • David Dushman

    Umusirikare w’Umuyahudi wari ukiriho mu babohoye inkambi y’urupfu ya Auschwitz yatabarutse ku myaka 98

    David Dushman wari umusirikare w’Umuyahudi wavuye ku rugerero mu ngabo z’Abasoviyete bitaga Red Army, akaza kuba umukinnyi w’inkota mu mikino ngororamubiri (Olympic), yatabarutse aguye mu Budage.



  • Umujyi wa Kigali ufite intego yo gukomeza kunoza imiturire, wongera ibikorwa remezo nk

    Umujyi wa Kigali ugiye kuvugurura imihanda yo mu makaritsiye

    Minisiteri y’ibikorwa remezo iratangaza ko hari imihanda igiye kuvugururwa mu duce tune two mu mujyi wa Kigali twubatse mu kajagari, bikazakorwa mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2021-2022. Utwo duce tugiye kuvugururirwa imihanda n’ibindi bikorwaremezo bishamikiyeho, ni hamwe mu hantu hasigaye mu mujyi wa Kigali hatuwe mu (…)



  • Bob Marley yigeze gucudika n’umukobwa wa Omar Bongo

    Umuhanzi Bob Marley wamamaye cyane mu njyana ya Reggae kugeza ubwo banamwitiriye umwami wa Reggae abandi bakamufata nk’umuhanuzi, bimwe mu byaranze ubuzima bwe iruhande rw’umuziki ni ugukundwa cyane n’abakobwa n’abagore. Hari n’amakuru yemeza ko yigeze gucudika n’umukobwa wa Omar Bongo wari Perezida wa Gabon (1967-2009)



  • Umuvugizi w

    Abakoresha imbuga nkoranyambaga mwibuke ko amategeko abareba – RIB

    Gushaka amakuru, gusakaza ibitekerezo no gucengeza amatwara runaka, imwe mu nzira binyuzwamo cyane muri ibi bihe ni imbuga nkoranyambaga zirimo YouTube, Twitter, Facebook, Instagram, Whatsapp Tiktok n’izindi.



  • RIB yemeje ko Umunyamategeko Bukuru Ntwali yiyahuye

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira Thierry, aremeza ko Maître Bukuru Ntwali yapfuye yiyahuye mu cyumweru gishize, nyuma yo kwihanura ku igorofa riri muri Nyabugogo mu Karere ka Nyarugenge, RIB ikaboneraho kwihanangiriza abantu bakomeje gukwirakwiza ibihuha bavuga ko yishwe.



  • Valentine Rugwabiza, Intumwa y

    LONI (UN) nishyireho akayo ubutabera bwihute – Valentine Rugwabiza

    Intumwa y’u Rwanda Ihoraho mu Muryango w’Abibumbye (UN), Valentine Rugwabiza, yavuze ko Leta y’u Rwanda ibabazwa no kuba hari ibihugu by’ibinyamuryango bitagaragaza ubushake bwo guta muri yombi abashinjwa Jenoside babihungiyemo mu myaka 27 ishize, agasaba Loni gushyiraho akayo.



Izindi nkuru: