MENYA UMWANDITSI

  • Umuryango w’Abibumbye wasabye u Burusiya guhagarika intambara

    Inteko rusange y’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) yateraniye i New York tariki ya 23 Gashyantare 2023 ibihugu 141 byatoye umwanzuro usaba Uburusiya guhagarika intambara no gukura abasirikare bayo muri Ukraine.



  • DCG Félix Namuhoranye arahirira kuzuzuza inshingano ze

    Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya ba Polisi y’u Rwanda

    Kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Gashyantare 2023, Perezida Paul Kagame muri Village Urugwiro, yakiriye indahiro z’abayobozi bakuru ba Polisi, DCG Félix Namuhoranye na CP Vincent Sano.



  • Perezida Kagame yakiriye Sylvan Adams washinze ‘Israel Premier Tech’

    Perezida Paul Kagame ku wa Kane tariki ya 23 Gashyantare 2023, yakiriye mu biro bye Sylvan Adams, washinze ikipe y’amagare ya Israel Premier Tech, imwe mu makipe kuri ubu arimo guhatana muri Tour du Rwanda irimo kuba ubu.



  • Abahinzi basabwa kugenzura ubwanikiro birinda ko bwateza impanuka

    RAB yibukije abahinzi ibyo bakwitaho mu gihe bakoresha ubwanikiro bw’imyaka

    Ikigo gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubuworozi mu Rwanda (RAB), kiributsa abahinzi n’abandi bafatanyabikorwa ibikwiye kwitabwaho mu gihe cyo gukoresha ubwanikiro bw’imyaka, mu rwego rwo kurushaho kubungabunga umusaruro w’ubuhinzi n’umutekano w’ababukoresha.



  • Aborozi b’inka barakangurirwa gukingiza indwara y’ikibagarira

    Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubworozi RAB gitangaza ko aborozi bakwiye kwitabira gahunda yo gukingiza inka indwara y’ikibagarira kuko inka zipfa mu gihugu izigera kuri 90 % zicwa niyi ndwara buri mwaka.



  • Perezida aganira na Minisitiri Ayman Abdullah Al- Safadi

    Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wungirije wa Jordanie

    Perezida Paul Kagame ku wa Gatatu tariki ya 22 Gashyantare 2023, yakiriye mu biro bye Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Jordanie, Dr Ayman Abdullah Al- Safadi n’itsinda rimuherekeje, bri mu ruzinduko mu Rwanda rw’iminsi itatu, bagirana ibiganiro ku mubano w’ibihugu byombi.



  • Dr. Kayumba Christopher

    Dr Kayumba Christopher yagizwe umwere

    Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22 Gashyantare 2023, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize Dr Kayumba Christopher umwere ku byaha yari akurikiranyweho byo gusambanya undi ku gahato n’icyubwinjiracyaha kuri icyo cyaha.



  • Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho 8 % muri 2022

    Raporo ya 20 ku ishusho y’ubukungu bw’u Rwanda, (Rwanda Economic Update) yashyizwe ahagaragara na Banki y’Isi tariki 21 Gashyantare 2023 yerekana ko n’ubwo u Rwanda rwahuye n’ibizazane binyuranye, mu bihembwe bitatu bya mbere bya 2022 ubukungu bwarwo bwazamutseho 8%.



  • Minisitiri Mbabazi asaba ko serivisi zihabwa Abanyarwanda zatangwa mu Kinyarwanda

    Serivisi zisabwa n’Abanyarwanda zigomba kujya zitangwa mu Kinyarwanda - Minisitiri Mbabazi

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Umuco, Rosemary Mbabazi, yasabye abantu bose batanga serivisi igihe baganwe n’abakoresha ururimi rw’Ikinyarwanda, ko bajya bayitanga mu Kinyarwanda, kugira ngo bakomeze gusigasira ururimi gakondo.



  • Minisitiri Ayman Safadi ashyira indabo aharuhukiye inzirakarengane zazize Jenoside

    Minisitiri Ayman Safadi yababajwe n’ibyo yabonye ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

    Kuri uyu wa Kabiri Tariki 21 Gashyantare 2023, Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta, yakiriye Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga no gucyura Impunzi mu Bwami bwa Jordanie, Ayman Safadi, uri mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu Rwanda, akaba yasuye (...)



  • Kugirwa Umwepisikopi byantunguye Sinabitekerezaga – Musenyeri Twagirayezu

    Padiri Jean-Marie Vianney Twagirayezu avuga ko yatunguwe n’icyemezo Papa Francis umushumba wa Kiriziya Gatolika ku isi yafashe cyo kumugira Umwepisikopi wa Doyosezi ya Kibungo.



  • U Rwanda rwashimiwe kurwanya Malariya no kwita ku buzima bw’umwana n’umubyeyi

    Ihuriro Nyafurika ry’abayobozi bakurikirana iby’indwara ya Malariya, ryashimiye u Rwanda intambwe rumaze gutera mu kwita ku buzima bw’umwana n’umubyeyi. Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, ni we wahawe icyo gihembo cyatanzwe n’ihuriro (African Leaders Malaria Alliance - ALMA) mu rwego rwo gushimira u Rwanda (...)



  • Impande zombi ziyemeje kongera Ubuhahirane n

    U Rwanda na Tanzania byiyemeje kongera Ubuhahirane n’Ubutwererane

    Itsinda riyobowe na Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Emmanuel Gasana, tariki ya 20 Gashyantare 2023 ryagiriye uruzinduko mu gihugu cya Tanzaniya mu ntara ya Kagera, bagirana ibiganiro byo gukomeza gushimangira umubano w’ibihugu byombi, no gukomeza ubufatanye mu buhahirane n’ubutwererane.



  • DCG Felix Namuhoranye

    Perezida Kagame Paul yakoze impinduka muri Polisi y’u Rwanda

    Itangazo riturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe ryo ku itariki ya 20 Gashyantare 2023 rivuga ko DCG Felix Namuhoranye yagizwe Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, akaba asimbuye kuri uyu mwanya CG Dan Munyuza.



  • Minisitiri Bizimana yagarutse ku bikorwa bibi Congo ikora bibangamiye Ubumwe bw

    Ibibazo by’umutekano muke muri Congo bibangamiye Ubumwe bw’Abanyarwanda - Minisitiri Bizimana

    Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, avuga ko umutekano mucye wo mu Burasirazuba bwa RD Congo ubangamiye ubumwe bw’Abanyarwanda, kubera urwango n’ingengabitekero byabibwe ku bakomoka ku basize bakoze Genoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda 1994.



  • Padiri Jean-Marie Vianney Twagirayezu wagizwe Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kibungo

    Padiri Jean-Marie Vianney Twagirayezu yagizwe Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kibungo

    Padiri Jean Marie Vianney Twagirayezu yabarizwaga muri Diyosezi ya Nyundo, akaba yari asanzwe ari umuyobozi wa Caritas Rwanda. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ibiro by’intumwa ya Papa mu Rwanda, kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Gashyantare 2023 rivuga ko Nyirubutungane Papa Francis, yagize Padiri JMV Twagirayezu wari (...)



  • Perezida Kagame w

    Perezida w’u Rwanda n’uwa Mozambique baganiriye ku bufatanye mu by’umutekano

    Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Mozambique Filipe Nyusi tariki ya 17 Gashyantare 2023 i Addis Ababa muri Ethiopia, aho bombi bahuriye mu nama ya 36 y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe(AU), ihuza Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bo ku mugabane wa Afurika.



  • Perezida Kagame atanga ikiganiro

    Politiki z’Ubuzima muri Afurika zishyirwaho hagamijwe kurokora abatuye uyu mugabane - Perezida Kagame

    Mu kiganiro yatanze kuri uyu wa Gatandatu tariki 18 Gashyantare 2023, Perezida Paul Kagame yavuze ko Politiki z’ubuzima muri Afurika zigomba gushyirwaho hagamijwe kurokora ubuzima ndetse no kongera agaciro k’ubuzima k’abatuye muri Afurika.



  • Perezida Félix Antoine Tshisekedi

    Perezida Tshisekedi yasabwe gucyura impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda na Uganda

    Imyanzuro y’inama b’abakuru b’Ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba, yateranye kuri uyu wa 17 Gashyantare 2023 Addis Ababa muri Ethiopia yanzuye ko igihugu cya Congo gicyura impunzi ziri mu Rwanda na Uganda ndetse n’imitwe yose yitwaje intwaro bitarenze tariki 30 Werurwe 20230 ikaba yamaze kuzishyira hasi.



  • Sena yemeje umushinga w’itegeko rigenga Polisi y’u Rwanda

    Inteko rusange ya Sena y’u Rwanda yateranye tariki ya 16 Gashyantare 2023 yemeje umushinga w’itegeko rigenga Polisi y’u Rwanda.



  • Perezida Kagame yitabiriye inama yiga ku kibazo cy’umutekano muri Congo

    Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Gashyantare 2023 i Addis Ababa muri Ethiopia, Perezida Kagame n’abandi bakuru b’Ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba, bitabiriye inama igamije gusuzuma ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano ya Luanda n’aya Nairobi ku bibazo by’umutekano muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo.



  • Ibiciro ku isoko bikomeje kuzamuka

    Ibiciro ku isoko bikomeje gutumbagira

    Ibiciro bikomeje gutumbagira muri uyu mwaka wa 2023, mu gihe abaturage bari bizeye ko bizagabanuka, bagahahira imiryango yabo mu buryo buboroheye.



  • Perezida Kagame yakiriwe n

    Ethiopia: Perezida Kagame yitabiriye inama ya AU

    Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Kane tariki 16 Gashyantare 2023, yageze i Addis Ababa muri Ethiopia, aho yitabiriye Inama ya 36 y’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika (AU), ihuza Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bo ku mugabane wa Afurika.



  • Umubyibuho ukabije ushobora gutera zimwe mu ndwara zidakira

    Zimwe mu ngaruka zituruka ku ndwara y’ umubyibuho ukabije harimo kurwara zimwe mu ndwara zidakira zitewe no kugira uwo mubyibuho. Urubuga www.thelancet.com ruvuga ko zimwe mu ndwara ziterwa n’umubyibuho ukabije harimo indwara ya diyabete yo mu bwoko bwa kabiri, Umuvuduko w’amaraso n’indi ndwara ituma uruhu n’amaso (...)



  • Urubyiruko rurasabwa gutanga amaraso inshuro 25 mu myaka 7

    Ishami rishinzwe gukusanya amaraso, (NCBT) mu kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC kirasaba urubyiruko n’abandi bantu b’umutima mwiza gutanga amaraso yo gufasha indembe ziyakeneye.



  • Alain Mukuralinda

    U Rwanda ntirukeneye gushorwa mu ntambara - Alain Mukuralinda

    Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, avuga ko u Rwanda rudakeneye gushorwa mu ntambara zitari ngombwa, kandi ko rushyigikiye inzira y’ibiganiro nk’umuti watuma ibibazo biri mu Burasirazuba bwa Congo bikemuka.



  • Hon. Oda Gasinzigwa ubwo yarahiraga

    Amatora y’Abadepite ashobora guhuzwa n’aya Perezida

    Ubwo Hon. Oda Gasinzigwa wagizwe Perezida wa Komisiyo y’amatora, yarahiriraga kuzuzuza inshingano ze, mu muhango wabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Gashyantare 2023, yavuze ko amatora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko n’aya Perezida wa Repubulika ashobora guhuzwa, agakorerwa rimwe.



  • Umudugudu watujwemo imiryango 72

    Nyagatare: Imiryango 72 yatujwe mu nzu z’icyitegererezo

    Mu Karere ka Nyagatare tariki ya 14 Gashyantare 2023, hatashywe imidugudu itatu y’icyitegererezo yubakiwe imiryango 72, yimuwe ahakorera umushinga wa ‘Gabiro Agro Business Hub’.



  • Nsengiyaremye asobanura ibijyanye n

    MINUBUMWE na GAERG batangije umushinga w’Isanamitima no kubaka Ubudaheranwa

    Mu Karere ka Kicukiro mu Kagari ka Karembure, tariki 14 Gashyantare 2023, Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE), ku bufatanye na GAERG batangije umushinga wo guteza imbere imibanire myiza mu Banyarwanda, isanamitima no kubaka ubudaheranwa.



  • Abanyeshuri bahabwa ibikoresho n

    Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zahaye ibikoresho abanyeshuri

    Inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, zatanze ibikoresho ku banyeshuri 1000 birimo amakaye, amakaramu n’ibitabo mu mashuri 4, harimo ishuri ryisumbuye n’iribanza rya Trinta de Junho yo mu turere twa Mocimboa da Praia na Palma.



Izindi nkuru: