MENYA UMWANDITSI

  • Abageze i Kibeho barimo bavuga ishapure

    Imbaga y’abakirisitu itegerejwe i Kibeho kwizihiza Asomusiyo

    Kuri uyu wa Mbere tariki 14 Kanama 2023, abakirisitu Gatolika baturutse mu bihugu bitandukanye ndetse no mu bice bitandukanye by’u Rwanda, bamaze kugera ku butaka butagatifu i Kibeho, kwizihiza umunsi mukuru w’Ijyanwa mu Ijuru rya Bikira Mariya (Assumption).



  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko guteza imbere Afurika

    Mu birori byo kwizihiza imyaka 20 Umuryango Giants of Africa umaze ushinzwe byabaye ku mugoroba tariki ya 13 Kanama 2023, Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko guteza imbere umugabane wa Afurika.



  • Madamu Jeannette Kagame yitabiriye amasengesho asoza igiterane ‘Abagore Twese Hamwe

    Iyo wubatse ubushobozi bw’umugore uba wubatse umuryango - Madamu Jeannette Kagame

    Madamu Jeannette Kagame ubwo yari yitabiriye amasengesho asoza igiterane ‘Abagore Twese Hamwe’, cyateguwe na Women Foundation Minisitries ku mugoroba wo ku itariki ya 11 Kamena 2023, yabwiye abitabiriye iri huriro ko iyo wubatse ubushobozi bw’umugore uba wubatse umuryango.



  • Bunamiye inzirakarengane ziruhukiye mu rwibutso rwa Kigali

    Lt Gen (Rtd) Roméo Dallaire na Madamu basuye Urwibutso rwa Kigali

    Lt Gen (Rtd) Roméo Dallaire, wari uyoboye Ingabo za UN zari zishinzwe kubungabunga amahoro mu Rwanda (MINUAR) mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, aherekejwe na Madamu we, Marie-Claude Michaud, basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi, bunamira inzirakarengane zirushyinguyemo.



  • Iyi nzu ni yo bararagamo

    Gicumbi: Inkongi yibasiye icumbi ry’abarimu bakosora ibizamini bya Leta

    Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Kanama 2023 inkongi yibasiye icumbi ry’abarimu bari mu gikorwa cyo gukosora ibizamini bya Leta riherereye mu kigo cy’amashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro (TSS) riherereye mu Murenge wa Kageyo mu Karere ka Gicumbi.



  • Abayobozi bz ECOAS

    ECOWAS yemeje iyoherezwa ry’umutwe w’Ingabo muri Niger

    Mu nama idasanzwe yahuje Abayobozi b’Umuryango w’Ubukungu bw’Ibihugu by’Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS), tariki 10 Kanama 2023, i Abuja iyobowe na Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu, bemeje ko hagomba koherezwa umutwe w’ingabo ushinzwe gutabara, uhuriweho n’ibi bihugu kugira ngo usubize ku butegetsi Perezida Bazoum, (…)



  • Gicumbi: Hizihijwe umunsi nyafurika w’irangamimerere

    Tariki ya 10 Kamena buri mwaka u Rwanda rwizihije umunsi Nyafurika w’irangamimerere. Mu karere ka Gicumbi mu murenge wa Nyankenke hakozwe igikorwa cyo gufotora abana bagejeje imyaka yo gufata indangamuntu ndetse banasezeranya imiryango 24 yabanaga mu buryo bunyuranyije n’amategeko.



  • Intara y’Amajyaruguru yahawe umuyobozi mushya

    Itangazo riturutse mu biro bya Mininsitiri w’intebe kuri uyu wa kane tariki 10 Kamena 2023 ryashyizeho Guverineri mushya w’intara y’Amajyaruguru Maurice Mugabowagahunde kuba Guverineri w’intara y’Amajyaruguru naho Nyirarugero Dancille wari Guverineri w’intara y’Amajyaruguru agirwa agirwa Komiseri muri Komisiyo y’igihugu yo (…)



  •  General Mohamed Toumba ari kumwe n

    Niger: Abahiritse ubutegetsi banze kwakira intumwa za CEDEAO

    Abasirikare bafashe ubutegetsi muri Niger batangaje ko badashobora kwakira intumwa za CEDEAO kubera ko batemera ibyifuzo by’izo ntumwa byo gusubiza ubutegetsi Perezida Bazoum.



  • Minisitiri w

    Bimwe mu byatumye abayobozi bo mu Majyaruguru birukanwa

    Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Musabyimana Jean Claude, yatangaje ko mu igenzura abayobozi bamaze iminsi bakora mu Ntara y’Amajyaruguru basanze abayobozi birukanywe batarigeze buzuza inshingano zabo uko bikwiye, kuko ibikorwa bya buri munsi abaturage bakora byubakiye ku irondabwoko n’ivangura, kandi abayobozi bagombye (…)



  • Perezida Andry Rajoelina asezera ku bayobozi b

    Perezida wa Madagascar yasoje uruzinduko yagiriraga mu Rwanda

    Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, ku wa Kabiri tariki ya 8 Kamena 2023 nibwo yasoje uruzinduko rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda.



  • Uhereye ibumoso, Ramuli Janvier, Uwanyirigira Marie Chantal na Nzeyimana Jean Marie Vianney

    Amajyaruguru: Ba Meya batatu na Gitifu w’Intara birukanywe ku mirimo

    Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe, rivuga ko nyuma y’isesengura rimaze gukorwa rikagaragaza ko bamwe mu bayobozi batashoboye kuzuza inshingano zabo, harimo cyane cyane gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda nka rimwe mu mahame remezo Leta y’u Rwanda yiyemeje kugenderaho, kuri uyu wa Kabiri tariki 8 Kanama 2023, (…)



  • Perezida Kagame yasabye abarangije muri RICA gukemura ibibazo bikibangamiye Afurika

    Perezida Kagame yasabye abarangije muri RICA gukemura ibibazo bikibangamiye Afurika

    Mu birori byo gutanga impamyabumyenyi ku banyeshuri 75 barangije mu Ishuri Rikuru ry’Ubuhinzi n’Ubworozi butangiza ibidukikije (RICA), riri mu Karere ka Bugesera, byabaye kuri uyu wa kabiri tariki 8 Kanama 2023, Perezida Paul Kagame yasabye abanyeshuri biga muri iri shuri, guharanira gukemura bimwe mu bibazo bikigaragara ku (…)



  • Abantu 74 bajyanywe mu bitaro nyuma yo kunywa Ikigage

    Umuyobozi w’akarere Gisagara wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Habineza Jean Paul yatangarije Kigali Today ko abantu 74 bose bajyanywe mu bitaro kubera Ikigage banyoye bikekwako ko cywnganye isuku nkeya.



  • Perezida Kagame yakiriye ku meza mugenzi we wa Madagascar

    Perezida Kagame yakiriye ku meza mugenzi we wa Madagascar

    Ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki 7 Kanama 2023, Perezida Paul Kagame yakiriye ku meza Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar, uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda.



  • Abayobozi ku mpande zombi bashyira umukono kuri ayo masezerano

    U Rwanda na Madagascar byasinye amasezerano yo guteza imbere ishoramari

    U Rwanda na Madagascar kuri uyu wa Mbere tariki ya 7 Kanama 2023, byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’ubucuruzi n’ishoramari, n’amasezerano y’ubufatanye hagati y’inzego z’abikorera.



  • Perezida w’u Rwanda n’uwa Madagascar baganiriye ku mubano w’Ibihugu byombi

    Kuri uyu wa Mbere tariki 07 Kanama 2023, Perezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye, mugenzi we wa Madagascar Andry Rajoelina uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda.



  • Agatsiko kahiritse ubutegetsi

    Abahiritse ubutegetsi muri Niger bafunze inzira zo mu kirere

    Abahiritse Ubutegetsi muri Niger bafunze inzira yo mu kirere, ku buryo muri iki gihugu nta ndege ivuye mu mahanga ishobora kuhinjira, nyuma yo kwikanga igitero gishobora guturaka mu mahanga.



  • Inyubako ikoreramo umurenge wa Kacyiru

    Menya inkomoko y’izina Kacyiru

    Buri zina rya buri gace mu Rwanda riba rifite inkomoko yaryo ndetse amwe muri ayo mazina usanga afite igisobanuro n’impamvu yitiriwe aho hantu.



  • Urubyiruko ngo ni rwo ruza ku isonga mu kwambara batikwije

    Urubyiruko ruranengwa ko rutikwiza mu myambarire

    Ubushakashatsi bwamuritswe n’Inteko y’Umuco ku myambarire y’abanyarwanda, bwagaragaje ko 76,6% by’ababajijwe bemeza ko imyambarire y’abanyarwanda muri iki gihe ari myiza naho 23,4% bo bavuga ko igayitse.



  • Perezida Andry Rajoelina ari mu ruzinduko mu Rwanda

    Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, kuri iki Cyumweru tariki ya 6 Kamena 2023 yagiriye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda. Ku kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali, yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta.



  • Rutsiro: Imiryango 13 yahize indi mu kwesa imihigo y’ingo yahembwe amagare

    Mu kwizihiza umunsi w’umuganura wabereye ku rwego rw’Igihugu mu Karere ka Rutsiro, imiryango yahize indi mu gushyira mu bikorwa gahunda za Leta yahembwe amagare.



  • Perezida Mohamed Bazoum

    Perezida Mohamed Bazoum yasabye amahanga kumufasha gusubira ku buyobozi

    Perezida Mohamed Bazoum wayoboraga Niger, yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’amahanga muri rusange, kumufasha gusubira ku butegetsi nyuma yo guhirikwa n’agatsiko k’abasirikare bamurindaga.



  • Umumotari akora umwitozo wo kongerera umwuka uwahuye n

    Abamotari 500 bahuguwe ku buryo bwo gutanga ubutabazi bw’ibanze ku bakoze impanuka

    Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC), cyahuguye abamotari 500 baturutse ku maseta atandukanye yo mu Mujyi wa Kigali, ku buryo bashobora gutangamo ubutabazi bw’ibanze ku bahuye n’impanuka.



  • Amashyamba yibasiwe n

    Karongi: Hegitari zirenga 20 z’amashyamba zibasiwe n’inkongi

    Amashyamba yo ku misozi yo mu Mirenge ya Rwankuba, Gitesi na Bwishyura mu Karere ka Karongi yibasiwe n’inkongi y’umuriro.



  • Abanyeshuri bavuye muri Sudani

    Abanyeshuri baturutse muri Sudani baje gukomereza amasomo yabo mu Rwanda

    Muri Kaminuza y’u Rwanda mu ishami ry’ubuvuzi kuri uyu wa Gatatu tariki 2 Kanama 2023 bakiriye abanyeshuri basaga 160 baturutse mu gihugu cya Sudani muri Kaminuza y’ubuganga n’ikoranabuhanga (University of Medical Sciences and Technology) iherereye mu Karere ka Riyad mu Mujyi wa Khartoum baje gukomereza amasomo yabo muri (…)



  • Ibiro by

    Menya inkomoko y’izina Rwamagana

    Iyo uvuze Rwamagana buri wese ahita yumva kamwe mu turere tugize intara y’Iburasirazuba ariko abantu benshi ntibazi aho inyito y’iri zina ryakomotse n’uko ryaje gukomera rikitirirwa bimwe mu bikora biranga muri aka karere.



  • Ibitaramo n’imyidagaduro byashyiriweho amasaha bitagomba kurenza

    Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, ku wa Kabiri tariki ya 1 Kanama 2023, iyobowe na Perezida Paul Kagame, ifatirwamo imyanzuro itandukanye, irimo n’uko nta bitaramo n’imyidagaduro bizajya birenza saa saba za nijoro mu mibyizi, na saa munani mu mpera z’icyumweru (ku wa gatanu no ku wa gatandatu), mu rwego (…)



  • Abitabiriye imurikagurisha barasabwa kwirinda ubusinzi bwabateza impanuka

    Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP John Bosco Kabera yasabye abitabiriye imurikagurisha mpuzamahanga ririmo kubera i Gikondo aho risanzwe ribera kwirinda ubusinzi kugira ngo barusheho kubungabunga umutekano.



  • Urubyiruko rwo muri Diaspora rwiyemeje kubumbatira umuco n’indangagaciro Nyarwanda

    Abana bagera ku 140 baturutse mu bihugu by’u Busuwisi, u Bwongereza n’u Bubiligi basoje umwiherere w’imisni ine bakoreraga mu Rwanda wo kubigisha indangagacio n’umuco nyarwanda.



Izindi nkuru: