• Yabahaga sheki zitazigamiye kugira ngo bamugirire icyizere.

    Kicukiro: Aravugwaho ubuhemu n’ubushukanyi bugamije kwambura

    Habimana Olivier Assouman uri mu kigero cy’imyaka 31 y’amavuko, nyuma y’igihe kingana n’umwaka n’igice ashakishwa n’abasore icumi yatetse ho imitwe ko azabakurira amamodoka mu gihugu cy’Ubudage, ubu ari mu maboko ya Polisi ya Kicukiro, aho akurikiranyweho ubuhemu n’ubushukanyi bugamije kwambura.



  • Uwimana Basile umushakashatsi ndetse n

    Urugendo rwa muzika mu Rwanda kuva rwaba igihugu (igice cya 1)

    Bitandukanye n’ibyo abantu benshi bibwira ko umuziki waba warazanywe n’abazungu mu Rwanda, amateka yerekana ko kuva kera Abanyarwanda bagiraga umwanya wo gutarama, bavuza ingoma, babyina, baririmba, ndetse bakanavuga ibisigo. Ibi bikagaragaza ko u Rwanda rwagiraga umuziki kuva kera na kare.



  • Bihoyiki uregwa kwambura abana imitungo yasizwe na nyina ubabyara yeretswe ibimenyetso bimushinja

    Bihoyiki Emmanuel uregwa kwambura abana imitungo yasizwe na Nyina ubabyara wari umugore we mu buryo butemewe n’amategeko, yaretswe bimwe mu bimenyetso bihamya ko iyo mitungo aregwa n’abana ba Nyirataba Jeannette, atari iye nk’uko we abyemeza.



  • Mu kwezi kwa Nyakanga, i Gatsibo habereye impanuka yatewe n

    Ukuri ku mpamvu y’impanuka zimaze iminsi n’ingamba zafatiwe

    Nyuma y’uko kuva mu kwezi kwa Nyakanga hagaragaye impanuka nyinshi mu mihanda yo mu bice bitandukanye zigatwara ubuzima bw’abantu ndetse zikanangiza byinshi, Kigali Today yagerageje gucukumbura icyaba gitera izo mpanuka.



  • Aha berekwaga ikarita igaragaza imigezi yose yo mu gihugu.

    Ingoro ndangamurage zishaje zikeneye ubufasha kugira ngo zisanwe

    Ubuyobozi bw’Ingoro z’Umurage z’u Rwanda burasaba inzego bireba kubafasha kubona uburyo bwo gusana izo nzu kuko zimwe muri zo zimaze gusaza kandi zibitse ibimenyetso by’amateka kamere ndetse n’iby’ umuco w’igihugu bikwiye kubungabungwa.



  • Kimisagara: Umugabo aravugwaho kwambura abana imitungo ya nyina ubabyara

    Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 44 witwa Bihoyiki Emmanuel utuye mu Murenge wa Kimisagara mu karere ka Nyarugenge, aravugwaho kwambura imitungo abana barindwi ba Nyirataba Jeannette wari umugore we mu buryo butemewe n’amategeko.



Izindi nkuru: