• Burna Boy igitaramo cye cyashyizwe ku mwanya wa 6 kuri Billboard

    Igitaramo cya Burna Boy muri Grammy cyakoze amateka kuri Billboard

    Igitaramo cy’umuhanzi wo muri Nigeria, Damini Ogulu, uzwi cyane ku izina rya Burna Boy, muri Grammy 2024, cyashyizwe ku mwanya wa 6 ku rutonde rwa Billboard nk’umuhanzi mu njyana ya Afro-beat witwaye neza ku rubyiniro.



  • Céline Dion yongeye kugaragara mu ruhame

    Céline Dion yongeye kugaragara mu ruhame

    Umuririmbyikazi ukomoka muri Canada, Céline Marie Claudette Dion, nyuma y’igihe arwana n’ibibazo bikomeye by’ubuzima, yongeye kugaragara mu ruhame mu birori byo gutanga ibihembo bya Grammy Awards, ndetse ashyikiriza igihembo Taylor Swift.



  • Davido ntiyahiriwe mu bihembo bya Grammy Awards

    Abahanzi bo muri Nigeria batashye amara masa mu bihembo bya Grammy Awards

    Umuhanzi wamamaye mu njyana ya Afrobeats, David Adeleke uzwi cyane ku izina rya Davido na bagenzi be bakomoka muri Nigeria batashye amara masa mu bihembo bya Grammy Awards nubwo bahabwaga amahirwe.



  • Indirimbo za Drake, Taylor Swift na Elton John zigiye gukurwa kuri TikTok

    Indirimbo za Drake, Taylor Swift na Elton John zigiye gukurwa kuri TikTok

    Kompanyi ifasha abahanzi yitwa Universal Music Group (UMG) yatangaje ko igiye gukura indirimbo zose z’abahanzi n’abanditsi b’indirimbo isanzwe ireberera inyungu ku rubuga rwa TikTok nyuma y’uko impande zombi zitumvikanye ku masezerano mashya.



  • Impamvu injyana ya Hip-Hop idakunze gutera imbere mu Rwanda

    Iyo uvuze Hip-Hop nk’injyana y’umuziki mu Rwanda, amwe mu mazina y’abakoze umuziki muri iyi njyana ahita aza mu mitwe y’abantu benshi ni nka Jay Polly, BullDogg, Fireman, P Fla, Green P, MC Mahoni Boni, Riderman, NPC, K8 Kavuyo, Pacson, Diplomate, Bac T, DMS, Neg G, Bably, n’abandi benshi cyane.



  • Melodie yagarutse no ku kamaro k

    Bruce Melodie yibukije urubyiruko gutekereza ku hazaza h’u Rwanda

    Umuhanzi Bruce Melodie uri mu batanze ibiganiro muri Rwanda Day 2024, yageneye impanuro urubyiruko rw’u Rwanda, arusaba gutangira gutekereza k’u Rwanda rw’ahazaza ndetse bagaharanira no kuba urugero rwiza mu byo bakora.



  • Bamwe mu bahanzi nyarwanda bo guhanga amaso muri 2024

    Umuziki urakundwa cyane ku Isi, gusa si ko abawukora bose bahirwa na wo. Mu Rwanda nk’ibindi bihugu, buri mwaka haba abahanzi bagaragaza ko bashobora gukora cyane ku buryo bamenyekana mu ruhando rw’umuziiki akenshi bitewe n’impano, ubushobozi n’ibindi byinshi.



  • The Ben azataramira abazitabira #RwandaDay

    The Ben yerekeje muri Amerika muri Rwanda Day

    Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi ku izina rya The Ben muri muzika Nyarwanda, yamaze kwerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho ari mu bahanzi bazasusurutsa abazitabira #RwandaDay igiye kuba ku nshuro ya 10.



  • Nataye umwanya hafi no kubura ubuzima – Umuraperi Green P

    Umuraperi Elia Rukundo wamenye nka Green P, wamamaye mu itsinda rya Tuff Gang yagaragaje ko ikintu yicuza mu buzima bwe ari umwanya yataye mu bigare byamujyanye mu nzira mbi zatumye habura gato ngo ahatakarize ubuzima.



  • Depite Uwumukiza Françoise yashyize hanze indirimbo ivuga ku mahoro n

    Depite Uwumukiza Françoise yashyize hanze indirimbo igaruka ku mahoro n’ubumwe

    Françoise Uwumukiza, uhagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA), yashyize hanze indirimbo yise ‘Peace for Health’ igaruka ku kwimakaza amahoro n’ubumwe mu Karere, n’inshingano Abanyafurika basangiye zo gufatanyiriza hamwe.



  • Irushanwa ‘Show Me Your Talent’ rigamije gushaka abanyempano ryagukiye muri Amerika

    Ubuyobozi bw’abategura irushanwa rya muzika ‘Show Me Your Talent’ ryabereye i Kigali mu myaka ibiri ishize, bwatangaje ko ryamaze no kwagura imbibi aho igice cyaryo cya gatatu kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu rwego rwo kwagura imipaka mu kugaragaza impano z’abanyamuziki batandukanye.



  • Burna Boy

    Burna Boy: Umuhanzi wa mbere wa Afrobeat ugiye kuririmba muri Grammy Awards

    Umuhanzi w’Umunya-Nigeria, Damini Ogulu wamamaye nka Burna Boy, ari ku rutonde rw’abahanzi bazaririmba mu birori byo gutanga ibihembo bya Grammy awards, akaba ari we muhanzi wa mbere w’injyana ya Afrobeat ugiye kuri uru rutonde.



  • Amerika: Umuhanzi yateye inda abakobwa 5 icyarimwe

    Umusore w’umunyamuziki w’Umunyamerika witwa Zeddy Will w’imyaka 22 y’amavuko, utuye mu Mujyi wa New York aravugwaho kuba yarateye inda abagore batanu icyarimwe, yarangiza akabategurira ibirori byo kuvuka kw’abana (baby shower) abahurije hamwe bose.



  • Gahongayire yatangiye guhuza imbaraga na Cindy Marvine afasha mu muziki

    Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Cindy Marvine Gateka, yahuje imbaraga na Aline Gahongayire uherutse kwemera kumufasha muri muzika, bakorana indirimbo bise Wondekurwa Norwa.



  • Ruger yatandukanye na Jozing World Label yamufashaga muri muzika

    Umuhanzi Ruger yatandukanye n’inzu yamufashaga mu muziki

    Umuhanzi wo muri Nigeria, Michael Adebayo Olayinka wubatse izina mu muziki nka Ruger, yatandukanye n’inzu ya Jonzing World Label yamufashaga ikanareberera inyungu ze mu bikorwa bye bya muzika.



  • Bwiza ntakibarizwa muri KIKAC Music Label

    Bwiza ntakibarizwa muri KIKAC Music Label

    Nyuma ya Mico The Best na Danny Vumbi, Bwiza na we yavuye muri KIKAC Music Label, yareberaga inyungu ze.



  • Tiwa Savage yibiwe mu Bwongereza

    Umuhanzikazi w’icyamamare ukomoka muri Nigeria, Tiwatope Omolara Savage uzwi cyane nka Tiwa Savage yatangaje yibiwe i Londre mu Bwongereza.



  • Amatike y’igitaramo cya Davido yashize ku isoko

    Umuhanzi ukomoka muri Nigeria, David Adeleke uzwi cyane ku izina rya Davido, wamamaye mu njyana ya Afrobeats yongeye gukora amateka yo kugurisha amatike yose y’igitaramo agashira ku isoko.



  • Marina yahakanye urukundo hagati ye na Yvan Muziki

    Marina yahakanye ibyo gukundana na Yvan Muziki

    Umuhanzikazi Marina Deborah, bwa mbere yatangaje ko nta mukunzi afite ndetse ahakana amakuru yakomeje kuvugwa mu bitangazamakuru bitandukanye, ko akundana na Yvan Muziki.



  • Nyina wa Diamond Platinumz avuga iki ku buzukuru be batarerwa na se?

    Salum Iddi Nyange cyangwa se Mama Dangote, akaba nyina w’umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzaniya, yavuze ko umuhungu we igihe yemererwa n’amategeko nikigera ashobora kuzafata abana be akabarera cyangwa akazajya amarana na bo igihe ashaka.



  • Don Jazzy (wambaye isaha) yagaragaje ko ashima urwego Davido agezeho mu muziki

    Don Jazzy yashimagije umuhanzi Davido

    Umuhanzi akaba n’umuyobozi w’inzu ifasha abahanzi, Collins Ajereh, uzwi cyane ku izina rya Don Jazzy, yashimagije Davido kubera ishyaka agira mu guteza imbere umuziki we kabone n’ubwo akomoka mu muryango ukomeye.



  • Filime ya Michael Jackson izasohoka mu mwaka utaha

    Hagiye gukorwa filime ivuga ku buzima n’amateka bya Michael Jackson

    Filime ivuga ku mateka n’ubuzima byihariye by’icyamamare mu njyana ya Pop, Michael Jackson, byatangajwe ko izasohoka ku ya 18 Mata 2025.



  • Meddy na Adrien Misigaro

    Meddy wari umaze igihe atagaragara mu muziki, yasohoye indirimbo

    Umuhanzi Ngabo Medard Jobert uzwi cyane nka Meddy, uri mu bahanzi bakomeye b’Abanyawanda, umwanzuro aherutse gutangaza yafashe wo kwiyegurira umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana (Gospel), akomeje kuwushyira mu bikorwa, aho yasohoye indirimbo yise ‘Niyo Ndirimbo’.



  • Gabiro Guitar yakoze igitaramo cye cya mbere muri 2024( Amafoto)

    Iki gitaramo cyiswe Gabiro Guitar live Experience cyabaye ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki 12 Mutarama 2024, kibera ahitwa Centre Culturel Francophone ku Kimihurura mu Rugando.



  • Bushali yakiriwe na Minisitiri Utumatwishima

    Bushali yakabije inzozi zo guhura na Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Abdallah Utumatwishima, yakiriye mu biro bye umuraperi Bushali, bagiranye ibiganiro birimo no kumushyigikira mu bikorwa bye bya muzika.



  • Intore Tuyisenge

    Intore Tuyisenge yasobanuye impamvu yahisemo guhanga mu njyana gakondo

    Intore Tuyisenge Jean de Dieu, umuhanzi w’indirimbo gakondo, avuga ko yahisemo guhanga mu njyana gakondo mu rwego rwo gutanga ubutumwa bwo gukunda igihugu ku bakuru n’abakiri bato.



  • M

    Umuhanzikazi M’bilia Bel ni muntu ki?

    M’bilia Bel ubusanzwe amazina ye yose ni Marie-Claire Mboyo Moseka. Yavutse ku itariki 10 Mutarama 1959, akaba ari umuhanzikazi wo mu cyahoze ari Zaire, Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) y’ubu.



  • Dore imwe mu mizingo (Albums) umwaka wa 2023 usize abahanzi nyarwanda bamuritse

    Mu gihe mu myaka ishize abahanzi nyarwanda bakora umwuga wo kuririmba batagaragaye cyane basohora imizingo cyangwa se ‘Albums’ z’ibihangano byabo ahanini bitewe n’icyorezo cya COVID-19 cyabangamiye ibikorwa by’imyidagaduro, muri uyu mwaka wa 2023, abahanzi nyarwanda, abakuru ndetse n’abato, bongereye ingufu mu gukora no (…)



  • Kevin Hart

    Kevin Hart yareze mu nkiko abamuharabitse

    Umukinnyi wa Filimi w’icyamamare w’Umunyamerika, Kevin Hart, yareze mu nkiko uwahoze ari umukozi we Miesha Shakes, ndetse Tasha K unyuza ibiganiro ku rubuga rwa youtube, kuko bamuharabitse, banamwaka amafaranga yo kugira ngo batagira ibyo bamuvugaho (extorsion de fonds).



  • Kanye West

    Kanye West yasabye imbabazi ku magambo yavuze ku Bayahudi

    Umuraperi w’Umunyamerika Kanye West cyangwa se Ye yasabye imbabazi ku mugaragaro umuryango w’Abayahudi ndetse avuga ko yicuza amagambo yabavuzeho umwaka ushize.



Izindi nkuru: