Hari abantu bamwe bakunze kugereranya Miss Rwanda 2017, Miss Iradukunda Elsa na Miss Mutesi Jolly bibaza niba azakora ibikorwa nk’ibyo yakoze.
Biteganijwe ko irushanwa ry’ubwiza ryo ku rwego rw’isi ryo muri 2017 (Miss World 2017) rizabera mu Bushinwa, rikazitabirwa na Banyampinga 130 barimo na Miss Rwanda, Elsa Iradukunda.
Liliane Kalima, umunyamideri wo mu Rwanda ariko uba muri Amerika (USA) ari mu bazamurika imideri y’imyambaro mu Mujyi wa New York mu birori byiswe “New York Fashion Week”.
Ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu cy’iterambere (RDB), umuririmbyi The Ben yakoze igitaramo cyiswe “Kwita Izina Gala Dinner” cyabereye muri Kigali Convention Center.
Patoranking, umuririmbyi wo muri Nigeria wari utegerejwe n’abatari bake mu iserukiramuco rya KigaliUp! yageze ku rubyiniro aririmbira kuri CD kandi abandi baririmbaga “Live”.
Ubwo umuririmbyi The Ben yageraga ku rubyiniro mu gitaramo cy’Intsinzi, umwe mu bafana be yamwishimiye cyane, biramurenga bigera aho agwa igihumura.
Irushanwa ry’ubwiza ryo ku rwego rw’isi ryo muri 2017 (Miss World 2017) rizabera mu Bushinwa, rizitabirwa na Banyampinga 130 baturutse hirya no hino ku isi.
Abanyarwanda batuye muri Leta ya Arizona (RCA/ARIZONA) muri Amerika (USA) bateguye igitaramo cy’ubusabane cyo kwishimira ibyagezweho no kwiha intego yo gukomeza kubisigasira.
Igitaramo cya Siriki na Souké cyari giteganyijwe kubera i Kigali ku wa gatanu tariki ya 14 Nyakanga 2017, ntikikibaye kuko kimuriwe muri Kanama 2017.
Abantu ibihumbi n’ibihumbi bari bitabiriye igitaramo cya Rwanda Fiesta cyabereye i Nyamata mu Bugesera abenshi muri bo byagaragaraga ko bajyanwe no kureba umuririmbyi Diamond.
Inyogosho y’imisatsi migufi iciyemo akarongo ahagana mu musaya iharawe na bamwe mu bakobwa n’abagore bo mu Rwanda cyane cyane mu mujyi wa Kigali.
Miss Umuhoza Simbi Fanique yeretse urubyiruko rwo mu Karere ka Kirehe ko kwigirira icyizere ari byo bizabageza kuri byinshi byiza.
Ubwo irushanwa ryo kuririmba rya Primus Guma Guma Guma Superstar 7 (PGGSS7) ryasozwaga habayeho gutungurana ugereranyije n’ibyo bamwe bari biteze.
Itsinda ry’abaririmbyi “Dream Boys” niryo ryegukanye irusharwa ryo kuririmba rya Primus Guma Guma Superstar ribaye ku nshuro ya karindwi (PGGSS7).
Abitabira Rwanda Day igiye kubera mu Bubiligi barataramirwa n’abahanzi batandukanye barimo abo mu Rwanda n’abandi baba muri icyo gihugu.
Iserukiramuco rya Kigali Up riteganyijwe muri Kanama 2017 riri mu biganiro n’abahanzi b’ibyamamare kugira ngo bazaze gususurutsa Abanyarwanda bazitabira iryo serukiramuco.
Miss Rwanda 2017, Elsa Iradukunda afite gahunda yo gukomeza kuvuza abantu barwaye “Ishaza” mu jisho kuko ngo hakiri benshi bakeneye kuvurwa.
Hari imyambaro n’imyambarire yagezweho mu Rwanda mu myaka yashize kuburyo iyo bamwe mu rubyiruko batayambaraga bumvaga batarimbye.
Bamwe mu bahanzi bari mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star 2017 batangiye gushaka abafana babaha amafaranga kugira ngo bajye kubashyigikira.
Irushanwa ry’ubwiza ryo ku rwego rw’isi ryo muri 2017 (Miss World 2017) biteganijwe ko rizitabirwa na Miss Rwanda 2017, Iradukunda Elsa, rizabera mu Bushinwa.
Abahanzi bari mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star 2017 (PGGSS7) barahamagarira abiga mu ishuri rya Muzika ku Nyundo kubafasha guhangana n’umuziki mpuzamahanga.
Anita Pendo yagaragaje ko ababajwe na bamwe bakomeje kuvuga ko asanzwe afite umwana akaba yaramusize iwabo i Gahini muri Kayonza.
Nyampinga w’u Rwanda 2017, Elsa Iradukunda atangaza ko yiteguye guhura na Nyampinga w’Akagari ka Rukaragata ko muri Muhanga wifuje ko bahura.
Umuririmbyi Davis D yemeza ko atatunguwe no kujya mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star (PGGSS) kuburyo ngo ashobora gutungurana akaryegukana.
Nyampinga w’Akagari ka Rukaragata mu Murenge wa Mushishiro muri Muhanga, arifuza guhura na Miss Rwanda kugira ngo bungurane inama.
Nyampinga w’u Rwanda 2017, Iradukunda Elsa yagiriye uruzinduko mu Ntara y’Iburengerazuba ahakora ibikorwa bitandukanye bijyanye n’inshingano ze.
Hashize imyaka umunani Ikirezi Group gitangiye gutanga ibihembo ku baririmbyi bitwaye neza kurusha abandi mu Rwanda, bizwi nka Salax Awards.
Nyampinga Rwanda 2017, Iradukunda Elsa yatangiye gushyira mu bikorwa umushinga we wo guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda ahereye Iburasirazuba muri Rutsiro.
Miss Umuhoza Simbi Fanique yatangiye gushyira mu bikorwa umushinga we wo gufasha abafite ubumuga, atangiza shampiyona yabo y’umupira w’amaguru.
Abaririmbyi 10 bari mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star icyiciro cya 7 (PGGSS7) batangiye kwiyegereza abafana babo bahereye i Rubavu.