Imikino itarakiniwe igihe muri Shampiona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, yamaze gushyirwa muri Kamena 2018, mu nama yahuje abayobozi b’amakipe
Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 yasezerewe na Zambia, mu guhatanira itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika kizabera muri Niger umwaka utaha.
Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 yamaze kugera i Lusaka muri Zambia, aho igomba gukina umukino wo kwishyura na Zambia kuri uyu wa Gatandatu
Ikipe ya Rayon Sports inganyirije na Young Africans muri Tanzania ubusa ku busa, mu mukino wabereye muri Tanzania
Ubuyobozi bwa CECAFA bwamenyesheje ikipe ya Rayon Sports ko igomba kwitabira irushanwa rizatangira mu kwezi gutaha, guhera tariki ya 28 Kamena kugeza 12 Nyakanga 2018, rikabera i Dar -es-Salam mu gihugu cya Tanzania.
Mu irushanwa rya Handball ryitwa IHF Challenge trophy riri kubera Uganda, aho itsinze Uganda ibitego 30 kuri 29
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere nibwo ikipe ya Rayon Sports yagaragaje mu buryo bwemewe, ikoti izajya yambara yasohotse.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika ryatangaje ko Usengimana Faustin agomba gusiba umukino Yanga yo muri Tanzania izakiramo Rayon Sports
Mu mukino ubanza wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 yahatsindiwe ibitego 2-0 n’iya Zambia y’abatarengeje imyaka 20
Uretse gutsindwa muri ruhago byagwira uwo ari we wese,nk’Umunyarwanda wavuze ko umupira widunda, hari ibintu byo hanze y’ikibuga byagiye bituma amakipe atura kure y’inzozi zo kwegukana igikombe cy’Isi.
Umutoza wa Rayon Sports Ivan Minaert yafatanye mu mashati n’umuyobozi wungirije w’iyi kipe Muhirwa Prosper amuziza ko yari aguriye abakinnyi amata.
Ikipe ya Rayon Sports inganyije na Mukura ubusa ku busa, mu mukino w’umunsi wa 20 wabereye kuri Stade Huye
Rwatubyaye Abdul wari umaze umwaka adakina, aratangaza ko yumva ahagaze neza ku buryo yiteguye gusubira mu bihe byiza yahozemo
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamaze gufata icyemezo cyo gusubika CECAFA y’abagore yagombaga kubera mu Rwanda.
Mu mukino w’umunsi wa 20 wa Shampiona wabereye kuri Stade ya Kigali, AS Kigali itsinze Espoir Fc ibitego 2-0.
Mu mvura nyinshi yaguye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo,ikipe ya Rayon Sports yanganyije na Gor Mahia igitego kimwe kuri kimwe.
Abanyarwanda bane bamaze guhabwa inshingano na CAF zo kuzayobora umukino uzahuza Congo Brazzaville na Botswana i Brazzaville
Perezida Kagame usanzwe ari umukunzi w’akadasohoka w’ikipe ya Arsenal, yatangaje ko atemeranya n’impinduka zakozwe muri iyi kipe, iherutse gutakaza umutoza Arsene Wenger wari umaze imyaka irenga 20 ayitoza.
Ikipe ya APR Fc yihimuye kuri Kiyovu yari yayitsinze mu mukino ubanza, ifata umwanya wa kabiri ku rutonde rwa Shampiona
Umunya-Zambia Albert Mphande wari umaze hafi icyumweru mu Rwanda, yamaze kwemezwa nk’umutoza mukuru wa Police Fc
Ishimwe Saleh ukinira Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 yamaze gushakirwa ikipe na Dream Team Academy yazamukiyemo
Seninga Innocent uherutse kwirukanwa ku mwanya w’umutoza mukuru w’Ikipe ya Police FC, amaze gusinya amasezerano n’ikipe ya Musanze FC.
Myugariro w’ikipe ya Bugesera nawe yahagaritswe n’ikipe ya Bugesera aregwa imyitwarire mibi yamuranze mu minsi ishize
Mbere yo kwerekeza mu Rwanda gukina na Rayon Sports, Gor Mahia yatsinze AC Leopards yegukana irushanwa rizatuma ihura na Hull City
Umutoza wa Rayon Sports yababajwe bikomeye na myugariro we nyuma yo kunganya na Kirehe igitego 1-1
Ikipe y’Amagaju imaze kugira Habimana Sosthène umutoza mukuru, nyuma y’iminsi isezereye abatoza yari isanganywe.
Abagize ishuri rya Exellence Sports Academy ryo muri Oman bari baje mu Rwanda ku bufatanye n’ihuriro Ijabo ryawe Rwanda, basoje urizinduko biyemeje gufasha iterambere ry’umupira w’abana mu Rwanda
Ikipe ya AS Kigali yihereranye APR iyitsinda ibitego 2-0, mu mukino wa shampiyona wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Rayon Sports yihereranye Bugesera iyinyangira ibitego 5-0, mu mukino wa Shampiona wabereye kuri Stade ya Kigali I Nyamirambo
Nyuma y’uko umukino wa Mukura na Etincelles wari uteganyijwe kubera kuri stade Huye sa cyenda n’igice zo kuri uyu wa gatandatu ushyizwe saa kumi n’imwe kubera ibiza Etincelles yahuye nabyo mu nzira zigana i Huye bikagaragara ko iri bukererwe, uyu mukino umaze gusubikwa.