Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24
Africa Day of Information: Development Journalism Award 2025
8/11/2025 - 14:02
Volleyball: Police yihimuriye kuri REG iyitsinda amaseti 3-1
8/11/2025 - 10:42Iziheruka
Abarundi bakoze Jenoside ntiboherezwa mu Rwanda ntibanaburanishwa - Alain Mukuralinda
15/01/2024 - 11:34
Ababyinnyi mu Rwanda ntibakiri ba ‘Ucezereza angahe?’
15/01/2024 - 11:14
Rwanda: King Abdullah II bin Al-Hussein of Jordan pays tribute to victims of the Genocide
8/01/2024 - 19:12
Twaganiriye n’impuguke muri Basketball ku mpamvu zaba zaratumye NBA Africa igirira icyizere Clare Akamanzi
6/01/2024 - 21:00
Kigali: Reba uko binjiye mu mwaka mushya wa 2024
1/01/2024 - 10:22
Polisi iraburira ababangamira abandi kuri Bonane
31/12/2023 - 22:43
Ntabwo turi guhangana na Zari - Kigali Boss Babes
31/12/2023 - 22:35
Umuhanzi Ruti Joël yanyuze abitabiriye igitaramo ‘Rumata wa Musomandera’
28/12/2023 - 10:33
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo