Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Reba uko impunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zakiriwe
22/02/2024 - 14:15
Ihere ijisho ibirori byo gutangiza iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
17/02/2024 - 20:27
Karimba Deo na Makanyaga banyuze abitabiriye igitaramo cyitiriwe Kaberuka na Marita
13/02/2024 - 07:36
Irebere uko byari byifashe mu gitaramo cyitiriwe Kaberuka na Marita
13/02/2024 - 07:27
Berekanye ubuhanga budasanzwe muri Karate
13/02/2024 - 06:51
Kayirebwa yishimiye guhura n’umukobwa wa Rujindiri
13/02/2024 - 06:22
NYIRINGANZO: Ngombwa wahimbye ‘Ziravumera’ ababajwe n’abakomeje kumwiba indirimbo
13/02/2024 - 06:05
CG (Rtd) Emmanuel Gasana yasubiye mu igororero nyuma y’uruhushya yari yahawe
8/02/2024 - 23:05
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo