Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ishusho ya Rwanda Premier League mu mboni z’umuyobozi wayo
18/12/2025 - 11:35
Abazagura itike y’Igitaramo ‘The Nu Year Groove’ bakoresheje ikarita za BK bazagabanyirizwa
15/12/2025 - 21:04
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58Iziheruka
Kwinjira mu Rwanda nta Visa, byatumye abafaransa 2 bahambirizwa
17/10/2016 - 12:45
Inganzo Ngari zatumye abanyamahanga bifuza kumenya guhamiriza
14/10/2016 - 14:04
Bruce Melody yemeza ko ayingayinga Riderman muri Hip Hop
13/10/2016 - 16:56
video : Umuhango wo gushyingura Senateri Mucyo
8/10/2016 - 09:47
Ibihe by’ingenzi byaranze Rwanda Day mu Mujyi wa San Francisco
5/10/2016 - 14:49
Umuhanzi Meddy mu kiganiro kirambuye na Kigali Today
3/10/2016 - 15:40
Umuryango wa RwandAir wibarutse undi mwana, umwita "Ubumwe"
30/09/2016 - 12:53
Ubutinganyi ntabwo buraba ikibazo ku Rwanda - Perezida Kagame
26/09/2016 - 15:50
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo