Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iyumvire icyo Knowless avuga ku kuba yaragabiwe na Perezida Kagame
24/12/2025 - 07:22
Polisi y’u Rwanda yerekanye imyitozo idasanzwe yo guhosha imyigaragambyo
23/12/2025 - 06:36
Polisi yijeje Abanyarwanda umutekano usesuye mu minsi mikuru
24/12/2025 - 13:21Iziheruka
Ubushotoranyi bw’u Bufaransa ntibuzongera kwihanganirwa mu Rwanda
11/11/2016 - 12:11
Amatora yo muri America asigiye isomo abanyarwanda
11/11/2016 - 12:02
Madame wa Perezida wa Benin yunamiye inzirakarengane za Jenoside
10/11/2016 - 12:52
Ibihe by’ingenzi byaranze ibirori by’isabukuru ya Unity Club
9/11/2016 - 13:28
Musanze na Kamonyi baravuga ibigwi gahunda ya NEP-Kora Wigire
2/11/2016 - 11:14
Uwase Annick niwe wegukanye ikamba rya Miss IPRC Kigali TSS 2016
31/10/2016 - 13:25
Hatangijwe ubukangurambaga kuri gahunda ya NEP - Kora Wigire
28/10/2016 - 09:16
Bimwe mu byaranze amasiganwa ategura Tour du Rwanda 2016
27/10/2016 - 14:54
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo