Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Uruhare rwa Radio Muhabura mu kubohora u Rwanda: Ikiganiro na Mwewusi Karake na Assoumpta U. Seminega
2/07/2025 - 19:16
Dutemberane mu rugano ahavukiye Radio Muhabura, aho Ingabo za RPA zahinduriye amayeri y’urugamba
29/06/2025 - 15:48
Dutemberane Ingoro y’ Amateka y’Urugamba rwo Kubohora u Rwanda
2/07/2025 - 18:39Iziheruka

15 bahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda berekeje mu mwiherero
13/02/2017 - 09:08
Imyaka 10 y’ubufatanye hagati y’u Rwanda na Oklahoma Christian University
12/02/2017 - 15:49
Perezida Kagame yasuye igice cyahariwe inganda, aganira n’abayobozi muri Gasabo
10/02/2017 - 12:50
CAR FREE DAY: Byinshi wamenya ku gikorwa kiba buri cyumweru cya mbere cy’ukwezi
7/02/2017 - 09:25
Abakobwa 15 bagomba kuvamo Nyampinga w’u Rwanda 2017 bamenyekanye
5/02/2017 - 20:43
Itorero Urwiririza mu gitaramo cy’Inkera nyarwanda kuri KT Radio
4/02/2017 - 20:26
Ibihe by’ingenzi n’ibikorwa byaranze umunsi w’Intwari 2017
2/02/2017 - 00:57
Habiba wahabwaga amahirwe muri Miss Rwanda 2017 yasezerewe rugikubita
31/01/2017 - 15:22
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo