Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58
Ese ni bande bakwiye kwizihiza Noheli? Padiri Polycarpe Nzayisenga arabisobanura
25/12/2025 - 13:57Iziheruka
Ngororero yakiriye umukandida wa FPR-Inkotanyi wiyamamariza umwanya wa Perezida
19/07/2017 - 09:12
Uko byari byifashe Paul Kagame wa FPR yiyamamariza mu Karere ka Kamonyi
17/07/2017 - 14:49
Umukandida wa FPR-Inkotanyi mu gikorwa cyo kwiyamamaza mu Karere ka Nyamagabe
17/07/2017 - 09:28
Umukandida wa RPF-Inkotanyi yiyamamarije mu Karere ka Gisagara
16/07/2017 - 14:20
Umukandida wa RPF-Inkotanyi yiyamamarije mu Karere ka Nyaruguru
16/07/2017 - 08:11
Bifashishije ibyuma bya muzika, abafana ba Rayon Sports bagaragaje uburyo bashyigikiye RPF
15/07/2017 - 09:20
Abahanzi bose bamaze gutwara Guma Guma bahimbye indirimbo yamamaza umukandida Paul Kagame
15/07/2017 - 09:13
Ibihumbi by’abaturage bitabiriye igikorwa cyo kwamamaza umukandida Paul Kagame i Nyanza
15/07/2017 - 09:05
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo