Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Ribara uwariraye - Ikiganiro cyihariye n’umuvugizi wungirije wa RDF
4/07/2025 - 08:36
Irebere uko ibirori bya ‘APR ku Ivuko’ byari byifashe ku Mulindi w’Intwari
4/07/2025 - 19:34
Uruhare rwa Radio Muhabura mu kubohora u Rwanda: Ikiganiro na Mwewusi Karake na Assoumpta U. Seminega
2/07/2025 - 19:16Iziheruka

Miss Rwanda 2017 aheruka umukunzi yiga mu kiburamwaka
1/03/2017 - 11:28
Video: Perezida wa FIFA yashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa Hotel ya FERWAFA
28/02/2017 - 09:48
Video: Iradukunda Elsa niwe wambitswe ikamba rya Miss Rwanda 2017
26/02/2017 - 19:17
Abayobozi bari mu mwiherero bifatanyije n’abaturage ba Kabarore mu gikorwa cy’umuganda
26/02/2017 - 11:24
Umwiherero 2017: Abayobozi mu nzira berekeza i Gabiro
24/02/2017 - 20:30
Perezida Kagame yahaye ipeti rya sous-lieutenant abofisiye 478
24/02/2017 - 08:33
Urugendo rwa Humble Jizzo umunsi wo kwambika impeta uwo yihebeye
22/02/2017 - 16:20
Temberana na ba Nyampinga muri Kigali Convention Centre na Radisson Blu Hotel
22/02/2017 - 08:37
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo