Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Irebere uko ibirori bya ‘APR ku Ivuko’ byari byifashe ku Mulindi w’Intwari
4/07/2025 - 19:34
Ribara uwariraye - Ikiganiro cyihariye n’umuvugizi wungirije wa RDF
4/07/2025 - 08:36
Rwanda Mountain Gorilla Rally 2025: Uko umunsi wa mbere wagenze
5/07/2025 - 11:54Iziheruka

Abanyeshuri bakiga amasomo ya muzika bataramiye bakuru babo bahawe impamyabushobozi
23/03/2017 - 13:43
No Comment!
23/03/2017 - 13:33
Ambasaderi w’u Rwanda i Vatican arasobanura byinshi ku biganiro byahuje Perezida Kagame na Papa Francis
22/03/2017 - 12:15
AERG/GAERG yasubiye gusura abo yubakiye
22/03/2017 - 09:59
Nyundo: Umuziki unogeye amatwi mu birori byo gutanga impamyabushobozi
21/03/2017 - 20:51
Papa Francis yakiriye Perezida Kagame na Madame i Vatican
20/03/2017 - 17:40
Bugesera: Ibikorwa byo gusukura imibiri y’abazize Genocide
19/03/2017 - 22:42
Imirimo yo gukora umuhanda wo mu Mujyi-Nyabugogo irarimbanije
17/03/2017 - 09:42
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo