Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
Tujyane ku Mulindi w’Intwari aho amakipe ya APR yavukiye, ikiganiro kuri APR Basketball
10/07/2025 - 09:12Iziheruka

Ishyaka ridasanzwe mu myiteguro ya Tour du Rwanda 2017
10/11/2017 - 14:38
Linda w’imyaka 72 uri kuzenguruka isi kuri moto yageze mu Rwanda
10/11/2017 - 09:43
Imyiteguro ya Tour du Rwanda 2017 irarimbanyije
9/11/2017 - 08:57
Amavubi yasesekaye i Kigali nyuma yo gutsinda Ethiopia
7/11/2017 - 08:12
Ishyiga rimwe ryavuye muri URBAN BOYS ryatumye isenyuka - Humble G
6/11/2017 - 13:00
Maranyundo Girls School yamuritse imfura zayo
5/11/2017 - 23:57
Madame Jeannette Kagame yifatanyije n’ubuyobozi bw’ishuri rya Maranyundo gutaha inyubako nshya yuzuye
5/11/2017 - 23:52
Mani Martin: Imyiteguro yo kumurika AFRO album
3/11/2017 - 19:16
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo