Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

Abakunzi ba muzika bashimishijwe n’akabyiniro gacecetse
11/12/2017 - 13:14
Urugendo Mureshyankwano yanyuzemo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
11/12/2017 - 12:41
Madame Jeannette Kagame yahembye abakiri bato bakoze ibikorwa by’indashyikirwa kurusha abandi
9/12/2017 - 06:27
Kubyara umwana ufite ubumuga bwo kutabona byamuteye gushinga ikigo cyita ku bana bameze nk’uwe
7/12/2017 - 16:57
Icyo ababyeyi ba Charly n’aba Nina bavuga ku rugendo rwabo muri muzika
4/12/2017 - 14:41
Video: Charly na Nina bashyize hanze umuzingo wabo wa mbere - IMBARAGA
4/12/2017 - 12:27
Perezida Kagame na Madame bitabiriye siporo rusange izwi nka Car Free Day
4/12/2017 - 11:50
Imbaraga Concert: Juliana yataramanye n’abafana be i Kigali
4/12/2017 - 11:45
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo