Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

Ubuhamya bunyomoza raporo ya HRW ishinja inzego z’umutekano mu Rwanda kwica abajura
16/10/2017 - 16:16
Amazu mashya yahinduye isura y’umujyi wa Kigali (VIDEO)
13/10/2017 - 22:10
Perezida Kagame yakiriye abayobozi bashya 11 bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda harimo n’uwa Vatican
10/10/2017 - 23:13
Bimwe mu byaranze Yubile y’imyaka 100 y’ubusaseridoti mu Rwanda
7/10/2017 - 23:17
Rwamagana yahize utundi turere mu kwesa Imihigo y’umwaka wa 2016/2017
6/10/2017 - 23:34
Ijambo rya Perezida Kagame mu muhango wo gusinya Imihigo y’umwaka wa 2017/2018
6/10/2017 - 23:27
Umuryango Imboni zarwo yasoje ubukangurambaga bwo kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside
5/10/2017 - 17:47
Bimwe mu byaranze Car Free Day
1/10/2017 - 16:03
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo