Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

Imbaraga Concert: Reba Charly na Nina baririmba INDORO
4/12/2017 - 11:34
Mu Bubiligi, Abanyafurika bamaganye ubucakara bukorerwa abirabura muri Libiya
4/12/2017 - 11:29
Abagore bo muri FPR Inkotanyi bizihije isabukuru y’imyaka 30
2/12/2017 - 23:20
Juliana Kanyomozi yasesekaye i Kigali
1/12/2017 - 08:51
WDA irashima ULK kubera guteza imbere imyuga
30/11/2017 - 15:40
Umuhanzi Bruce Melody yageze mu Bubiligi
30/11/2017 - 15:32
WDA igiye guhugura abakozi 500 b’uruganda Hema Garments
29/11/2017 - 14:25
Kuva mu w’1998-2017 Gacuriro Vocation Training Center imaze kwigisha imyuga abagera kuri 7005
29/11/2017 - 09:11
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo