Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Uwabeshyaga ko akoresha abantu 130 bose bivuriza kuri RAMA yatahuwe
10/09/2021 - 13:32
Akurikiranyweho gutanga icyangombwa gihimbano kigaragaza ko umuntu yakingiwe
6/09/2021 - 18:57
Jay Polly yasezeweho bwa nyuma mu marira menshi
6/09/2021 - 18:16
Umva ibyo abahanzi batangaje ku rupfu rwa Jay Polly
3/09/2021 - 14:42
U Rwanda rwakiriye izindi nkingo za COVID-19
3/09/2021 - 11:57
Sobanukirwa byinshi ku kubona amakuru n’ubumenyi bubitse mu ikoranabuhanga rya mudasobwa
2/09/2021 - 00:23
Papa adusigiye umurage wo kwicisha bugufi - Umuhungu wa Joe Habineza
1/09/2021 - 23:02
Bahimbaga ibigo by’ubucuruzi bitabaho: Barakekwaho kunyereza imisoro irenga Miliyoni 40 Frw
1/09/2021 - 23:01