Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27
Imbamutima z’Abanyarwanda bareba Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025
22/09/2025 - 20:46
Minisitiri w’Intebe yaganiriye n’abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru bakora mu bihinzi bw’icyayi
22/09/2025 - 17:27Iziheruka

Perezida Kagame yenenze ibihugu bishyigikira abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda
12/06/2021 - 10:54
Kigali Night Run: Byari ibyishimo ku bakunda gukora siporo ya nijoro
12/06/2021 - 10:48
Abantu 11 bafashwe batwaye imodoka basinze
10/06/2021 - 15:25
Umunya-Uganda akurikiranyweho ubwambuzi no gukoresha inyandiko mpimbano
10/06/2021 - 15:00
Abaturage bagira uruhe ruhare mu mihigo y’Akarere?
10/06/2021 - 14:42
Abantu 8 bafashwe barenze ku mabwiriza ya COVID-19 bari muri "massage"
8/06/2021 - 09:32
Video: Bakurikiranyweho gucuruza amavuta yangiza uruhu azwi nka mukorogo
4/06/2021 - 12:17
#EdTechMonday : Ikoranabuhanga rifite uruhare mu guhindura uburezi bujyanye n’igihe
4/06/2021 - 11:32