Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30
Inside Rwanda’s Fencing Game: Coach Mr Class
28/07/2025 - 23:21
Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52Iziheruka

Abaturage bagira uruhe ruhare mu mihigo y’Akarere?
10/06/2021 - 14:42
Abantu 8 bafashwe barenze ku mabwiriza ya COVID-19 bari muri "massage"
8/06/2021 - 09:32
Video: Bakurikiranyweho gucuruza amavuta yangiza uruhu azwi nka mukorogo
4/06/2021 - 12:17
#EdTechMonday : Ikoranabuhanga rifite uruhare mu guhindura uburezi bujyanye n’igihe
4/06/2021 - 11:32
Ndabashimira ku byo mwakoze muri BAL – Kagame yakira ikipe ya Patriots
4/06/2021 - 07:15
Byinshi wamenya kuri Pasiporo nshya z’ikoranabuhanga
2/06/2021 - 19:12
Barakekwaho ubwambuzi bushukana no kwiyitirira icyo batari cyo
31/05/2021 - 09:17
Abanyeshuri bahize abandi mu kuvuga no kwandika neza Igifaransa bahembwe
31/05/2021 - 08:17