Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Zaria Court Opens: President Kagame Urges Africa to Invest in Sports
29/07/2025 - 09:33
Inside Rwanda’s Fencing Game: Coach Mr Class
28/07/2025 - 23:21
Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30Iziheruka

Yicuza icyatumye ajya mu bucuruzi bwa magendu
20/03/2021 - 13:52
Jasmine Kibatega ni we watsinze irushanwa ‘THE NEXT POPSTAR’
19/03/2021 - 22:30
Tuzakora ibishoboka byose ingendo ntizongere guhagarara
17/03/2021 - 07:22
Rusesabagina: Sinzagaruka kuburana!
17/03/2021 - 07:07
Rusesabagina yasekeje Urukiko avuga ko ashaka umu avoka uturutse mu ijuru
16/03/2021 - 21:39
Yafungiwe mu musarane muri Uganda nyuma yo guteshwa imitungo ye (Ubuhamya)
16/03/2021 - 21:17
Uwari ufungiye muri Uganda mu mitungo yari afite yatahanye urufunguzo rw’imodoka gusa
16/03/2021 - 20:29
Rusesabagina yitabiriye urubanza atunganiwe
12/03/2021 - 06:21