Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Kicukiro: Abakorerabushake bahaye inka uwaburiye umugabo ku rugamba rwo kubohora Igihugu
3/10/2021 - 09:55
Bafashwe bari mu mugambi wo gutera ibisasu muri Kigali
1/10/2021 - 20:44
Bafunzwe bazira kwiyitirira Polisi bagatanga uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga
26/09/2021 - 20:19
Umushoferi w’imbangukiragutabara akurikiranyweho kwiyitirira Polisi akambura abaturage
22/09/2021 - 18:54
Mu myanzuro y’urubanza rwa Rusesabagina: Dore ibyerekeye indishyi zizatangwa
21/09/2021 - 19:50
Akarere ka Kicukiro kifashishije kajugujugu mu bukangurambaga bwo kurwanya COVID-19
21/09/2021 - 18:42
Masamba asanga afitiye ideni injyana Gakondo
21/09/2021 - 18:22
Rusesabagina yakatiwe igifungo cy’imyaka 25, Sankara akatirwa 20
21/09/2021 - 18:15