Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30
Inside Rwanda’s Fencing Game: Coach Mr Class
28/07/2025 - 23:21
Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52Iziheruka

Ibyo Macron yavuze birakomeye kurusha gusaba imbabazi - Perezida Kagame
29/05/2021 - 15:11
Perezida Macron ku rwibutso: "Ndemera uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside"
29/05/2021 - 15:06
Goma - Gisenyi: Umutingito wangije amazu n’imihanda
29/05/2021 - 13:52
Byari bikomeye mu ijoro Nyiragongo yarutsemo: U Rwanda rurimo guhangana n’ingaruka zitoroshye
29/05/2021 - 13:32
Polisi yabafatanye imbunda y’igikinisho bakoreshaga mu bujura
29/05/2021 - 11:25
Buhigiro Jacques: ’Nyirabihogo’ nayihimbiye umuzungukazi twiganaga
29/05/2021 - 11:16
Bafashwe bashaka guha Abapolisi ruswa bayita kubagurira amazi yo kunywa
17/05/2021 - 11:14
#Kwibuka27: Imiryango yazimye ni Ikimenyetso cy’ubukana Jenoside yakorewe Abatutsi yakoranywe
17/05/2021 - 09:29